• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, March 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abashigikiye FARDC na FDLR gukomeza kwica Abanyamulenge mu Minembwe, Me. Nyarugabo yabagiriye inama.

minebwenews by minebwenews
December 28, 2024
in Regional Politics
0
Me. Nyarugabo, yashyize ahabona ubugome FARDC iri gukora mu Minembwe.
141
SHARES
3.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abashigikiye FARDC na FDLR gukomeza kwica Abanyamulenge mu Minembwe, Me. Nyarugabo yabagiriye inama.

You might also like

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

Ni mu kiganiro mpaka cyakozwe nyuma yaho Me.Moïse Nyarugabo yari amaze gutanga ubutumwa akoresheje urubuga rwa x, aho yagaragaje ko Ingabo za Leta ya Kinshasa zirimo kwica no gusahura mu mazu y’Abanyamulenge mu Minembwe, abarimo Depite Levis Rukema na Enock Ruberangabo bamwumva nabi, kuko bo bashigikiye ibyo izo ngabo zirigukorera abatutage.

Ubu butumwa Me.Moïse Nyarugabo yabutanze tariki ya 25/12/2024, ubwo FARDC n’abambari bayo FDLR n’ingabo z’u Burundi ndetse na Maï-Maï bari bagabye ibitero mu mihana y’i Lundu, Lwiko na Runundu kuri Evomi.

Iyi mihana ikaba ituwe n’Abanye-Congo bo mu bwoko bw’Abanyamulenge gusa.

Ubutumwa bwa me.Moïse Nyarugabo bugira buti: “Ubwo abandi bizihizaga Noheri, mu Minembwe, abasirikare ba Congo mu gitondo bateye umuhana w’i Lundu, Runundu, Evomi.”

Bukomeza bugira buti: “Col. Lwamba na 21ème brigade na Col.Apoko Bangala Michel komanda secteur wungirije bateye amabombe muba sivile, basahuye kandi bishe.”

Aha ni ho Levis Rukema umudepite muri leta ya Kinshasa yahise avuga ibinyuranye ni byo Me. Moïse Nyarugabo yatangaje, aho yagize ati: “Izi n’ingaruka zogushyira abasore birwanaho, mu nkengero za makambi ya 12ème brigade ya FARDC.”

Yongeraho kandi ati: “Ibi byatumye abasore birwanaho bashyira abatutage bose baturiye akarere ka Minembwe mu kaga gakomeye. Aba chef b’imihana n’abahamya bibihaye bikorerwa hariya.”

Nubwo ziriya ngabo ziri mu Minembwe, Rukema azita Brigade ya 12 ariko ni 21ème brigade.

Aha, Me. Nyarugabo yahise amusaba gucyeceka, ati: “Wa buze umwanya wo gucyeceka muvandimwe depite. Abasore birwanaho n’abanzi? Ese n’abanzi bande? Uravugira abasirikare ba Congo bari mu mugambi wo kurimbura cyangwase kurandura ubwoko bwawe. Ngaho urakoze abakiriho bazakomeza kwibuka ibi bihe byose.”

Nyuma haje kuza Enock Ruberangabo wigezeho kuba minisitiri w’iterambere muri Kivu y’Amajyepfo,
nawe agira ati: “Niba dufite kwibuka bisanzwe, bamwe rwose baracyeceka.”

Maze Moïse ati: “Nshuti Enock, uri umwe mubabona Abanyarwanda ahantu hose. Tuzi ibikorwa byawe . Hagati yawe nanjye, uwakoze icyaha ku mugaragaro ni wowe. Ntukwiye kuvuga mwizina ry’Abanyamulenge . Cyeceka, ni byiza. Ntasomo ufite ryo kwigisha.”

Depite Rukema yongeye kugaruka naho agira ati: “Ntabwo nshobora gucyeceka mu gihe ubwoko bwanjye bwibasiwe n’umwanzi . Abanyeshuri bato n’abaturage kwishora mu bikorwa byo kurwanya FARDC, bigaragara ko bose bazarimbuka, mu byukuri abazarokoka bazibuka inyandiko zawe.”

Moïse, niko guhita amusubiza ati: “Ibyawe bizagukoza isoni. Inyandiko zanjye ntizizazima, ni zawe n’uko. Igihe n’irindi zina ry’Imana. Komeza ubwo bucuruzi bwawe .Niba ukigira umutima nama, nturi buze kugira amahoro uyu munsi. Urabeho!”

Ubwo iz’impaka zarimo ziba, Abanyamulenge mu Minembwe barimo bicwa n’ihuriro ry’ingabo za RDC. Ndetse kugeza n’ubu uduce Abanyamulenge batuyemo dukomeje kugabwamo ibitero bikomeye; si byo gusa kuko FDLR, ingabo z’u Burundi, Maï Maï na FARDC bari kubasahura ibyabo.

Ibihe Abanyamulenge barimo bikomeje kubaremerera; n’inde uzabatabara? Imana yo mu juru ibiteho kandi ibarwanirire ibihe byose inabahe kunesha abanzi babugarije, Amen.

Tags: AbanyamulengeEnockFardcFDLRKwicaMinembweNyarugaboRukema
Share56Tweet35Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, ari mu bayobozi bakomeye ku isi bitabiriye inama mpuzamahanga ya kabiri...

Read moreDetails

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda Amakuru aturuka mu nzego zikurikirana ibibera muri politiki y’akarere k’Ibiyaga Bigari akomeje kugaragaza ko...

Read moreDetails

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, uzwi nka East African Community (EAC), wasabye impande zihanganye mu ntambara yo mu burasirazuba bwa Repubulika...

Read moreDetails

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
March 9, 2026
0
Loni Yashinje Ingabo za Leta ya RDC n’Umutwe wa FDLR Gukora Ihohoterwa Rishingiye ku Gitsina ku Baturage

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari Mu mujyi wa Uvira, umwe mu mijyi ifite uruhare rukomeye mu ntara ya...

Read moreDetails

Perezida Museveni Yashyikirijwe Inkoni y’Ubuyobozi bwa EAC

by Bahanda Bruce
March 7, 2026
0
Perezida Museveni Yashyikirijwe Inkoni y’Ubuyobozi bwa EAC

Perezida Museveni Yashyikirijwe Inkoni y’Ubuyobozi bwa EAC Mu nama ya 25 y’Abakuru b’Ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, East African Community (EAC), yabereye mu Mujyi wa Arusha muri...

Read moreDetails
Next Post
Urugamba FARDC yashoye ku baturage ba Banyamulenge mu Minembwe, aka kanya, menya uko byifashe.

Maï-Maï na FDLR uduce FARDC yabahaye gushyingamo ibirindiro twa menyekanye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?