Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Abashingamategeko ba banyekongo bakijijwe bagiye guterana amakofi na b’u Rwanda, i Rusha muri Tanzania.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
November 12, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abayobozi bo munteko ishinga mategeko ba Republika ya demokarasi ya Congo bari mu nteko y’umuryango wa Afrika y’iburasirazuba, EALA, bateranye amagambo na mugenzi wabo uhagarariye u Rwanda i Arusha muri Tanzania tariki 08/11/ 2023.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Ubwo Umukuru w’iyi nteko, Ntakirutimana Joseph, yari agiye gusoza iyi Nama yigaga ku ngingo zitandukanye, Umunyekongo Kalala Evariste yabwiye bagenzi be ko u Rwanda rwateye igihugu cyabo, rusahura umutungo kamere.

Kalala yakoresheje ururimi rw’Icyongereza, maze agira ati: “Ubushotoranyi bw’u Rwanda kuri RDC: Uyu munsi abantu bari kwicwa kandi amabuye y’agaciro ari gutwarwa n’ibihugu by’abafatanyabikorwa.”

Umunyarwandakazi Fatuma Ndangiza yarahagurutse, abwira Ntakirutimana ko ibyo Kalala avuga ari ibinyoma bidafite ishingiro.

Ati: “Ntabwo bikwiye ko ugize inteko azana ikibazo gishingiye ku birego by’igihugu cyigenga, akavuga muri iyi Nama, nta bimenyetso bifatika by’ibyo avuga.”

Umunyekongo François Ngate Mangu yahise asubiza ko ibyo Kalala yavuze atari ibinyoma, kandi ko ibintu bitari kugenda neza muri uyu muryango bitewe n’iki kibazo.

Ati: “Uyu munsi turagira ngo tubahe amakuru. Hari ibintu biri kugenda nabi.”

Kalala yakomeje avuga ko mu gihe icyo yita ubushotoranyi bw’u Rwanda kuri RDC cyakomeza, igihugu cye kizahagarika kwitabira ibikorwa byacyo muri uyu muryango.

Ati: “Iki kibazo nigikomeza, RDC nk’igihugu izahagarika kwitabira ibikorwa bya EAC.”

Imyitwarire y’abashingamategeko b’Abanyekongo yanenzwe na bagenzi babo bo muri Kenya na Tanzania, Hassan Hassan Omar na Abdullah Makame, bavuze ko iki kibazo kitakabaye kizanwa muri iyi nteko.

Ndangiza yasabye bagenzi be kubaha ibihugu bigize uyu muryango, ati: “Buri wese arabizi ko ibi ari ibibazo by’imiyoborere bihari kuva abenshi muri twe tutaravuka. Politiki tuyihorere. Twubahe buri gihugu kubera ko buri gihe umuntu avuga, tuba dukwiye kugira gahunda cyane iyo tuvuga ku bintu bishingiye ku birego no ku mvugo z’abantu ku giti cyabo. ”

Leta ya RDC ishinja u Rwanda gukoresha umutwe witwaje imbunda wa M23 mu kugaba ibitero no gufata ubutaka bwayo, ibyo Kigali yagiye itera utwatsi kenshi hubwo igashinja ubutegetsi bwa Kinshasa gukorana n’umutwe w’itera bwoba wa FDLR.

Kigali kandi ivugako Kinshasa ifite ingaruka zo kunanirwa inshingano bituma icyogihugu gikomeza kuba mubihe by’intambara zurudaca, ibi byagiye bigarukwaho Imyaka myinshi.

By Bruce Bahanda.

Tags: Abashingamategeko ba banyekongo bakijijwe bagiye guterana amakofiAmakofiI Rusha muri Tanzania
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Abasirikare b'u Burundi boherejwe M'uburasirazuba bwa Republika ya demokarasi ya Congo, k'urwanya M23 ngo barahemukiwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?