Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ubuyobobozi muri Nakivale, bwagize icyo busaba Abanyamulenge n’abashumba b’abamotorero ku byo kw’ibuka abaguye mu Gatumba.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 12, 2024
in Regional Politics
0
Ubuyobobozi muri Nakivale, bwagize icyo busaba Abanyamulenge n’abashumba b’abamotorero ku byo kw’ibuka abaguye mu Gatumba.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubuyobozi muri Nakivale, bwagize icyo busaba Abanyamulenge n’abashumba b’abamotorero ku byo kw’ibuka abaguye mu Gatumba .

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Bikubiye mu itangazo ryashizwe hanze n’umuyobozi ureba Zone zitatu zituyemo Abanyamulenge muri Nakivale aho yasabye abashumba ba matorero ndetse n’abaturage kw’irinda kugira icyo bakora ku munsi wo kw’ibuka abaguye mu Gatumba.

Amazone atuyemo Abanyamulenge muri Nakivale ni atatu, hari iya Nyarugugu B, Nyarugugu C, Nyarugugu A. Aya mazone kwari atatu arebwa na Justin Ngendahayo mwene Gakunzi Zikiyeli.

Itangazo yaraye ashize hanze ku mugoroba w’ejo hashize, ritangira rivuga riti: “Turamenyesha Abanyamulenge bose ko ku wa Kabiri tariki ya 13/08/2024, hazaba igikorwa cyo kw’ibuka abacu bazize uko baremwe, ku bw’iyo mpamvu turasaba amatorero yose ko abazatarama ku wa Mbere, bazatarame baririmba indirimbo zituje.”

Umuyobozi kandi yanasabye ko abantu bose bogerageza bakazitabira icyo gikorwa cyo kw’ibuka abaguye mu Gatumba.

Ati: “Mboneye kandi gusaba buri wese kuzitabira umuhango wo kw’ibuka abacu bazize akarengane. Ndetse kandi binashobotse ku munsi nyirizina w’igikorwa cyo kw’ibuka, twohagarika iz’indi zagahunda zose haba umuntu ku giti cye ndetse n’amatorero muri rusange.”

Tubibutsa ko iki gikorwa cyo kw’ibuka abaguye mu Gatumba, cyateguwe na Mutualite iyobowe na Musore John, ni mu gihe i Nakivale haba za Mutualite zibiri aho indi itarateguye iyobowe na Mazeze.

Uy’umuhango wo kw’ibuka uzabera ku itorero rya New Jerusalem, riyobowe na Reverend Joseph Mwumvirwa. Kandi biteganijwe ko uwo muhango wo kw’ibuka abaguye mu Gatumba, uzatangira mu masaha y’igitondo, nk’uko biri mu cyegeranyo cyashizwe hanze na Mutualite iyobowe na Musore John nawe w’ungirijwe na Bizuru.

       MCN.
Tags: AbanyamulengeAbashumbaAbashumba b'amatoreroBasabweGatumbaNakivale
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Ibyimbitse ku kiganiro Azarias Ruberwa yavugiye mu muhango wo kw’ibuka abaguye mu Gatumba.

Ibyimbitse ku kiganiro Azarias Ruberwa yavugiye mu muhango wo kw'ibuka abaguye mu Gatumba.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?