• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Abasirikare ba FARDC biswe “abajura,” ibyatangajwe.

minebwenews by minebwenews
April 6, 2025
in Conflict & Security
0
Hamenyekanye impamvu nyayo ituma Ingabo za Congo n’abambari bazo batsindwa kubi n’abarwanyi bo mu mutwe wa m23.
84
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abasirikare ba FARDC biswe “abajura,” ibyatangajwe.

You might also like

Aho imyigaragambyo ya Wazalendo igeze isatira kuri Meri muri Uvira

Abyukiye i Uvira ahanini ku myigaragambyo simusiga yazindukiye i Kavimvira

Abanyamulenge badaciye ku ruhande babwiye Meya wa Uvira akaga bari gukorerwa, n’impamvu bagakorerwa

Umunyarwanda Senateri Evode Uwizeyimana yavuze ko Repubulika ya demokarasi ya Congo, yashyize imbaraga mu kugura intwaro zikomeye, ariko ntiyita ku kubaka igisirikare cyayo, bityo abakigize bahinduka abajura kandi aho kurwanya m23 kibasigira intwaro, ubundi bo bakayabangira ingata.

Nibyo Senateri Evode yagarutseho mu kiganiro yagiranye na RBA, cyagarukaga ku bibazo by’umutekano muke mu Burasizuba bwa Congo.

Yavuze ko Congo kwari yo mutera nkunga mukuru wa m23, binyuze mu ntwaro iha ingabo za FARDC kandi zitazikuzikoresha.

Yagize ati: “Bizeye intwaro bari bafite. Baguze intwaro cyane kuko bagaragaza ingengo y’imari bakoresheje mu gisirikare, ariko RDC igura intwaro nta gisirikare igira. Buriya amasuka ntiyihingisha, ushobora kugira kontineri y’amasuka ariko nta bahinzi ufite abantu bazi guhinga bakazaza bakikorera ayo masuka bakayatwara ni na yo mpamvu tuvuga ko umuterankunga wa mbere wa m23 ni Leta y’i Kinshasa.”

Yakomeje asobanura ko iki kibazo cy’igisirikare, ubuyobozi bwa Congo bukizi ariko ko bukomeza kwitwaza u Rwanda nk’impamvu yatumye igisirikare cyabo kidakomera, nyamara icyo bari biringiye ari ukugura intwaro no kwizera ko ingabo z’amahanga zizabafasha nibaramuka bafite intwaro ziremereye.

Uwizeyimana yavuze kandi ko kimwe mu bituma igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo kidakomera ari ruswa n’abayobozi bashaka kwigwizaho imutungo, bigatuma bagishyiramo(igisirikare) ababonetse bose.

Ati: “RDC nta gisirikare igira, ni abantu yashyize hamwe irabegeranya ibaha intwaro ariko nta gisirikare gihari rwose ni abajura. Bariba, baranyaga bakora n’ibindi byinshi bigayitse.”

Bivugwa ko RDC ari cyo gihugu cya Afrika cyaguze intwaro zihenze cyane mu myaka mike ishize, aho cyakoresheje agera kuri miriyari zine(4) z’amadolari y’Amerika.

Tags: AbajuraCongoFardc
Share34Tweet21Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Aho imyigaragambyo ya Wazalendo igeze isatira kuri Meri muri Uvira

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
Aho imyigaragambyo ya Wazalendo igeze isatira kuri Meri muri Uvira

Aho imyigaragambyo ya Wazalendo igeze isatira kuri Meri muri Uvira Abazindukiye mu myigaragambyo i Uvira muri Kivu y'Amajyepfo yo kwamagana Brigadier General Olivier Gasita, igeze hafi naho igambiriye...

Read moreDetails

Abyukiye i Uvira ahanini ku myigaragambyo simusiga yazindukiye i Kavimvira

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
Wazalendo batangaje ibindi bazakora ku munsi w’ejo kugira ngo birukane Gen Gasita i Uvira

Abyukiye i Uvira ahanini ku myigaragambyo simusiga yazindukiye i Kavimvira Amakuru aturuka i Uvira avuga ko muri iki gice giherereye ku nkombe y'ikiyaga cya Tanganyika, kibyukiyemo imyigaragambyo ikomeye...

Read moreDetails

Abanyamulenge badaciye ku ruhande babwiye Meya wa Uvira akaga bari gukorerwa, n’impamvu bagakorerwa

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
Uvira byakomeje kudogera abatari bake bakomerekejwe abandi bafunzwe

Abanyamulenge badaciye ku ruhande babwiye Meya wa Uvira akaga bari gukorerwa, n'impamvu bagakorerwa Abanyamulenge batuye mu mujyi wa Uvira muri Kivu y'Amajyepfo babwiye Meya w'uyu mujyi akababaro kabo...

Read moreDetails

Iby’igitero cyagabwe mu Rugezi

by Bahanda Bruce
September 7, 2025
0
Hafi n’i kaziba haravugwa imirwano mishya hagati ya AFC/M23/MRDP n’ingabo za RDC

Iby'igitero cyagabwe mu Rugezi Amakuru aturuka mu Rugezi mu majy'Epfo ashyira uburengerazuba bwa teritware ya Minembwe muri Kivu y'Amajyepfo, avuga ko hagabwe igitero cy'ihuriro ry'ingabo za Congo, ariko...

Read moreDetails

Brig.Gen.Gasita woherejwe i Uvira ari hagati y’urupfu n’umupfumu

by Bahanda Bruce
September 7, 2025
0
Brig.Gen.Gasita woherejwe i Uvira ari hagati y’urupfu n’umupfumu

Brig.Gen.Gasita woherejwe i Uvira ari hagati y'urupfu n'umupfumu Brigadier General Olivier Gasita woherejwe na perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo i Uvira muri Kivu y'Amajyepfo...

Read moreDetails
Next Post
Kalemi: FARDC na Wazalendo basahuye sosiyete y’Abashinwa.

Kalemi: FARDC na Wazalendo basahuye sosiyete y'Abashinwa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?