• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abasirikare ba FARDC, FDNB, FDLR na Wazalendo batangiye kurambika intwaro hasi muri Goma.

minebwenews by minebwenews
January 27, 2025
in Regional Politics
0
Abasirikare ba FARDC, FDNB, FDLR na Wazalendo batangiye kurambika intwaro hasi muri Goma.
148
SHARES
3.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abasirikare ba FARDC, FDNB, FDLR na Wazalendo batangiye kurambika intwaro hasi muri Goma.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Abasirikare ba Uruguay baherereye mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo bagenzura imbunda, bari kwakira intwaro bakandika na nimero zazo z’abasirikare barwanaga ku ruhande rwa Leta, abo byemezwa neza ko batsinzwe urugamba bari bahanganyemo n’umutwe wa M23.

Amakuru ava i Goma avuga ko ingabo za FARDC n’abambari bazo bari bagerageje kurinda umujyi wa Goma bakoresheje uburyo bwose bushoboka, ariko aho bigeze isaha iyariyo yose umutwe wa M23 ushobora gutangaza byeruye ko wafashe umujyi wa Goma wose wo mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

Itangazo ryashizwe hanze n’ingabo za Uruguay zibarizwa muri MONUSCO, rivugamo ko itsinda ry’Ingabo zabo riri ahitwa Rusayo mu nkengero z’umujyi wa Goma ryakiriye abasivile bahunga nabamwe mu ngabo za FARDC bemeye kurambika intwaro zabo hasi.

Aya makuru anavuga ko umwe mu basirikare ba Uruguay yaguye mu ntambara irimo iba muri ibyo bice bya Goma, akaba ari umwe mu basirikare batatu ba MONUSCO bapfuye.

Umutwe wa M23 nyuma yo kubuza ingendo ku kibuga cy’indege cya Goma, wanatangaje ko wahagaritse ingendo zo mu kiyaga cya Kivu.

Umuvugizi wa M23 mu bya politiki, Lawrence Kanyuka yatangaje ko ibikorwa byose bihagaritswe kugeza hatanzwe irindi tegeko.

Uyu muvugizi wa M23 yanasabye abasirikare ba FARDC bagifite imbunda kuzishyikiriza MONUSCO, hanyuma bagahita baja kuri stade y’i Goma bitarenze saa kenda z’igicuku cyo kuri uyu wa mbere.

Mu masaha y’iri joro kandi ryaraye rikeye, mu mujyi wa Goma humvikanaga ibiturika byinshi, usibye ko amakuru Minembwe.co ifite yizewe n’uko ingabo za M23 zamaze kwinjira muri uyu mujyi, kandi ko zawufashe wose nubwo zitarabitangaza ku mugaragaragaro.

Tags: FardcGomaimbunda
Share59Tweet37Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Abasirikare ba MONUSCO bakomerekeye mu mirwano, M23 kandi yafashe utundi duce turi mu mwinjiro wa Goma.

Ingabo za MONUSCO zagawe mu kanama ka LONI gashinzwe umutekano ku Isi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?