Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abasirikare ba UPDF bamaze kugera i Bunia muri RDC.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
February 19, 2025
in Regional Politics
0
Abasirikare ba UPDF bamaze kugera i Bunia muri RDC.
89
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abasirikare ba UPDF bamaze kugera i Bunia muri RDC.

You might also like

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Abasirikare ba Uganda (UPDF) bamaze kugera mu mujyi wa Bunia mu Ntara ya Ituri, nyuma y’iminsi mike umugaba mukuru w’ingabo z’iki gihugu cya Uganda abitangaje, aho yavuze ko bazajyayo guhagarika ubwicyanyi bukorerwa Abahema abo yavuze ko ari amaraso ye.

Ku ya 15/02/2025, ni bwo General Kainarugaba Muhoozi yatanze itegeko ku nyeshyamba zose ziri muri uwo mujyi wa Bunia kurambika intwaro hasi mu gihe kitarenze amasaha 24.

Uyu mujyi wa Bunia uri mu ntera y’ibirometero 40 uvuye ku mupaka wa Uganda n’uwa RDC.

Umugaba mukuru w’ingabo za Uganda yavuze ko igihe ziriya nyeshyamba zitarambitse imbunda zabo hasi, ingabo ze zi zaza kubavugutira umuti.

Rero, ahar’ejo izi ngabo za Uganda zinjiye muri Bunia kujya kugoboka Abahema bicwaga amanywa n’ijoro.

Kimwecyo, igisirikare cya Uganda kwinjira muri Bunia ni ibyo cyumvikanyeho n’icya Repubulika ya demokarasi ya Congo(FARDC), ndetse bikaba byaremeranyije kuzafanya kurinda uyu mujyi n’abaturage bawutiuriye.

Ni n’amakuru yatangajwe n’umuvugizi w’igisirikare cya Uganda, Brig.Gen. Félix Kulayigye, aho yatangaje ko umujyi wa Bunia kuri ubu ugenzurwa n’ingabo zabo zifatanyije n’iza Congo.

Ibyo bikozwe nyuma y’aho ubwicyanyi bukorerwa Abahema muri uyu mujyi bwari bumaze gufata indi ntera, bakaba bicwaga n’inyeshyamba zifatanyije n’abo mu bwoko bw’Abalendu.

Nyamara kandi ingabo za Uganda ziri muri RDC kuva mu mpera z’u mwaka w’ 2021, mu bikorwa byo kurwanya umutwe w’iterabwoba wa ADF Nalu.

Iz’i ngabo zigeze i Bunia mu gihe bamwe mu Banye-Kongo basabaga ko zirukanwa zikava kuri ubu butaka bw’iki gihugu, ngo kuko ntacyo zifashije abaturage bacyo.

Tags: MuhooziUPDF
Share36Tweet22Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba.

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Icyifuzo cy’ubutegetsi bwa Tshisekedi cyatewe ishoti.

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba. Umunyapolitiki uri mubasanzwe badacana uwaka n'ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Congo, Martin Fayulu, byamenyekanye ko uyu mukuru w'iki gihugu yamwemereye...

Read moreDetails

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo.

by Bruce Bahanda
June 2, 2025
0
Sena ya RDC yafashe umwanzuro ukakaye kuri Kabila.

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo. Nyuma y'uko bimenyekanye ko Joseph Kabila Kabange wahoze ari perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo...

Read moreDetails
Next Post
Ibyo wa menya ku ngabo za Malawi ziri kuvanwa muri RDC.

Nyuma y'aho M23 ivugutiye umuti ingabo z'u Burundi mu rugamba, zatangiye kubyerekana.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?