• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, December 5, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Abasirikare babaga ku Kavumu mu Bibogobogo bahakuwe

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
October 14, 2025
in Conflict & Security
0
Abasirikare babaga ku Kavumu mu Bibogobogo bahakuwe
77
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abasirikare babaga ku Kavumu mu Bibogobogo bahakuwe

You might also like

Kivu y’Epfo: Ibisasu Byaturutse i Burundi Byahitanye Umugore n’Abana Babiri

AFC/M23 irashinja Leta ya Kinshasa gusahura umutungo wa Leta muri Kivu y’Amajyepfo

Indege z’Intambara za RDC n’u Burundi zateye ibisasu i Kaziba, Ibitaro n’Inyubako z’Abaturage birangirika

Amakuru ava mu Bibogobogo muri teritware ya Fizi mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, avuga ko nyuma y’aho Colonel Rubaba Ntagawa ahamagajwe igitaraganya i Baraka, ni kompanyi y’abasirikare babaga ku Kavumu yahavanwe, hasigara gutyo.

Bibogobogo yarisanzwemo amaka arenga arindwi, kuko irimo abiri y’Ingabo z’u Burundi zo zikiyairimo kugeza magingo aya.

Imwe iri mu irango rya Ugeafi, mu gihe indi na yo iri mu rya Gipimo riherereye hagati ya Bivumu na Magaja.

Hari kandi iya FARDC iri ahitwa ku Murasaba yarebwaga na Colonel Rubaba Ntagawa, wahamagajwe igitaraganya na Komanda secteur i Baraka. Kugeza kuri ubu ntibizwi n’iba yaba agiye guhabwa izindi nshingano cyangwa atumwa ahandi. Ikizwi gusa ni uko yuriye imodoka mu ijoro ryaraye rikeye, akaba yarahekejwe n’umu escort we umwe witwa Innocent, yerekeza i Baraka.

Naho izindi ikambi zari mu gice cya Kavumu, aho nazo zarimo zitatu. Zarebwaga na Colonel Karateka, umaze igihe gito ahavanwe yoherezwa mu bindi bice byo muri teritware ya Fizi.

Mu ijoro rero ryaraye rikeye, nyuma y’aho Colonel Rubaba Ntagawa amanutse i Baraka, izi ngabo bivugwa ko zarebwaga na Colonel Karateka, zihita zitegekwa ku manuka i Baraka.

Aya makuru anavuga ko aba basirikare babarirwa mu ijana rirenga, nk’uko umwe mu baturage baherereye hafi aho yabibwiye Minembwe Capital News.

Yagize ati: “Abasirikare babaga ku Kavumu bayoborwa na Colonel Karateka, bahavanwe. Bari i kompanyi, n’inkijana rirenga.”

Mu mpera z’ukwezi gushize kwa cyenda, nabwo abasirikare b’u Burundi babarirwa muri 200 irenga, bavanwe muri Bibogobogo, boherezwa mu bice bya Minembwe, kuko bageze mu gice cya Point Zero, aba ari cyo bashyingamo ibirindiro; aha akaba ari mu marembo ya centre ya Minembwe, iyo Twirwaneho yigaruriye mu kwezi kwa kabiri uyu mwaka.

Biravugwa ko haba hari impiango mishya y’Ingabo za FARDC muri teritware ya Fizi, ni mu gihe mu minsi mike ishize. Ingabo z’u Burundi kandi zashyinze ibirindiro hafi na centre ya Mikenke.

Bimwe bishyinze mu Mikarati, mu gihe ibindi nabyo zabishyinze kuri Nyamara.

Usibye aho hari ibindi bivanzemo FARDC, FDLR, Ingabo z’u Burundi na Wazalendo biri ahitwa mu Kigazura. Aha akaba ari mu birometero bike uvuye muri centre ya Mikenke igenzurwa n’umutwe wa Twirwaneho n’uwa M23.

Hagataho, nubwo hari iyo mipango mishya y’Ingabo za FARDC n’iz’u Burundi n’imitwe yitwaje intwaro ya Wazalendo na FDLR, ariko akarere kose kari kagitekanye, ndetse ntanahaheruka kuberamo ibitero, haba muri Minembwe, i Ndondo ya Bijombo, Bibogobogo, Mibunda, Rugezi ndetse na Rurambo.

Tags: BarakaBibogobogoKavumu
Share31Tweet19Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Kivu y’Epfo: Ibisasu Byaturutse i Burundi Byahitanye Umugore n’Abana Babiri

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Kivu y’Epfo: Ibisasu Byaturutse i Burundi Byahitanye Umugore n’Abana Babiri

Kivu y'Epfo: Ibisasu Byaturutse i Burundi Byahitanye Umugore n'Abana Babiri Mu gihe imirwano ikomeje gukomera mu bice byegereye umupaka wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo n’u Burundi, abaturage...

Read moreDetails

AFC/M23 irashinja Leta ya Kinshasa gusahura umutungo wa Leta muri Kivu y’Amajyepfo

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Bisimwa yemeje ko batifuza kongera kwinjizwa mu ngabo zatsinzwe, ahubwo bashyize imbere kubaka ingabo nshya z’igihugu

AFC/M23 irashinja Leta ya Kinshasa gusahura umutungo wa Leta muri Kivu y'Amajyepfo Ihuriro Alliance Fleuve Congo/M23 ryatangaje ko ku wa gatatu tariki ya 03/12/2025, habaye inama ikomeye yabereye...

Read moreDetails

Indege z’Intambara za RDC n’u Burundi zateye ibisasu i Kaziba, Ibitaro n’Inyubako z’Abaturage birangirika

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Indege z’Intambara za RDC n’u Burundi zateye ibisasu i Kaziba, Ibitaro n’Inyubako z’Abaturage birangirika

Indege z’Intambara za RDC n’u Burundi zateye ibisasu i Kaziba, Ibitaro n’Inyubako z’Abaturage birangirika Amakuru yizewe agera kuri Minembwe Capital News kuri uyu wa Kane, tariki ya 04/12/2025,...

Read moreDetails

AFC/M23 Yitambitse Ibisasu by’Ingabo z’u Burundi mu Kirere mu Mirwano Ikaze ku Misozi iri hejuru y’i Kibaya cya Rusizi

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Luvungi Yafashwe: Imirwano ikaze hagati ya AFC/M23 na FARDC, imirambo y’ingabo z’u Burundi isigara ku rugamba

AFC/M23 Yitambitse Ibisasu by’Ingabo z’u Burundi mu Kirere mu Mirwano Ikaze ku Misozi iri hejuru y'i Kibaya cya Rusizi Imirwano ikaze yongeye kubura ku misozi ya Munanira, hafi...

Read moreDetails

Mu kibaya cya Rusizi, Ibisasu binini byongeye kumvikana

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Ibisasu by’Ingabo z’u Burundi byongeye gutera impagarara mu kibaya cya Rusizi: Abasivili barimo gupfa, Luvungi na Katogota mu kaga.

Mu Kibaya cya Rusizi, Ibisasu binini byongeye kumvikana Mu gihe mu Kibaya cya Rusizi muri teritwari ya Uvira, mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, hari hamaze kuboneka agahenge gake,...

Read moreDetails
Next Post
M23 na RDC bemeranyijwe uburyo bwo guhagarika imirwano

M23 na RDC bemeranyijwe uburyo bwo guhagarika imirwano

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?