• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, September 6, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abasirikare bakuru ba FARDC bahunze m23 mu Burasizuba bwa Congo, binjiye mu muriro w’urubanza.

minebwenews by minebwenews
March 14, 2025
in Regional Politics
0
Abasirikare bakuru ba FARDC bahunze m23 mu Burasizuba bwa Congo, binjiye mu muriro w’urubanza.
114
SHARES
2.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abasirikare bakuru ba FARDC bahunze m23 mu Burasizuba bwa Congo, binjiye mu muriro w’urubanza.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Abasirikare ba Leta y’i Kinshasa, bashinjwa guhunga umutwe wa m23 mu Burasizuba bwa Congo, batangiye kuburanishwa mu rukiko rukuru rwa gisirikare ruri mu murwa mukuru w’iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo (Kinshasa).

Ni aha’rejo tariki ya 13/03/2025, batangiye kuburanishwa, bivugwa ko abitabye uru rukiko ari batanu, kandi ko barimo abasirikare bakuru n’abapolisi bahunze m23 i Bukavu na Goma.

Aba barimo Maj.Gen Alengbia Nyitetessya Nzambe, Ekuka Lipopo Romuald, wigeze kuba guverineri wa gisirikare mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, Brig.Gen. Yangba Tene Danny wari ushyinzwe umutekano muri Kivu y’Amajyaruguru, Brig.Gen.Papy Lupembe Mobenzo, umujyanama mubyagisirikare mu ntara ya Kivu Yaruguru ushinzwe itegeko, na Leonard Mukuna Ntumba wari ukuriye polisi muri Kivu y’Amajyaruguru.

Ubutabera bwa Congo, buvuga ko aba basirikare baregwa guhunga mu birindiro byabo bikigarurirwa na m23, kuva mubandi basirikare batabiherewe uburenganzira no guta abakomerekeye ku rugamba, intwaro, no gusiga ibikoresho bya gisirikare mu mujyi wa Goma n’uwa Bukavu.

M23, ubwo yafataga umujyi wa Goma, bamwe mu basirikare ba Leta y’i Kinshasa bahisemo guhunga, bata imbunda zabo bahungira mu Rwanda.

Ibi byahise byorohera uyu mutwe wa m23 gufata uyu mujyi wa Bukavu n’uwa Goma byihuse.
Mu kwezi gushyize uyu mwaka urukiko rukuru rwa gisirikare rwa Bukavu mu ntara ya Kivu y’Epfo, rwari rwarakatiye abasirikare ba Fardc 212 igihano cy’urupfu, rubaca n’amande y’amadolari ibihumbi 200, bazira n’abo guhunga urugamba.

Tags: Abasirikare bakuruguhungaM23UrubanzaUrukiko
Share46Tweet29Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Icyo m23 yavuze kuri Kinshasa yemeye kuyamanika, ikemera ko baganira.

Icyo m23 yavuze kuri Kinshasa yemeye kuyamanika, ikemera ko baganira.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?