• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 7, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abasirikare benshi, b’u Burundi na FARDC, boherejwe mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, kurwanya M23.

minebwenews by minebwenews
December 13, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Imodoka 30 zitwaye abasirikare b’u Burundi n’aba FARDC zanyuze ku Bwegera, muri Grupema ya ka Kamba, Chefferie ya Plaine Dela Ruzizi, teritware ya Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, zigana muri Kivu y’Amajyaruguru.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Bya vuzwe ko ziriya Modoka zitwaye abasirikare, zanyuze ku Bwegera, igihe c’isaha z’igicamunsi cyokuri uyu wa, Gatatu, tariki 13/12/2023, zavaga i b’Uvira na Bujumbura, mu gihugu c’u Burundi.

Umwe mu baturage bazibonye ya bwiye Minembwe Capital News, ati: “N’imodoka niboneye ubwanjye zari zuzuye abasirikare b’u Burundi n’aba FARDC.”

“Zanyuze Umuhanda wose uva Uvira zerekeje i Bukavu zizakomereza i Goma. N’i b’imodoka binini byo mu bwoko bwa Tata.”

Yakomeje avuga ati: “Habanjye gutambuka imodoka 23, nyuma izindi zirindwi(7), ziza gutambuka igihe c’u mugoroba wajoro.”

Muri ibi bihe byo kw’iyamamaza kwa bakandida biyamamariza umwanya w’umukuru w’igihugu, perezida Félix Tshisekedi, yagiye y’umvikana yigamba ko agiye gushiraho iherezo ku ntambara ikomeje kubica bigacika mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, ibi yabivuze i Goma no mu bice bya Kivu y’Amajy’epfo.

Ati: “Mbasezeranye kubaha Amahoro, Umutwe wa M23, ngiye kuwushiraho iherezo. Mungirire icyizere muzantore.”

Mbere y’uko perezida Félix Tshisekedi, agera i Makobola na Uvira, ku wa Gatandatu, tariki 09/12/2023, bya vuzwe ko yabanjye kuja i Bujumbura ku bonana na perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye. Bikaba byaravuzwe ko perezida Félix Tshisekedi yasabye mugenzi we ingabo zo kumurinda muri ibi bihe by’amatora ndetse n’izindi zo kumufasha kurwanya M23.

Muntangiriro ziki Cyumweru, n’ibwo byamenyekanye ko leta ya Kinshasa, yategetse ko brigade yari i Beni ivanwayo ikoherezwa mu bice byo muri Kivu y’Amajyaruguru birimo imirwano ya M23 n’ingabo za RDC.

Ibi byanabaye mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, aho Ingabo ninshi zavanwe muri Grupema ya Bijombo, zoherezwa i Goma, kurwanya M23. Bariya basirikare ba FARDC, bakomeje koherezwa muri Kivu y’Amajyaruguru, kurwanya M23 ahanini benshi muribo bagwiriyemo abavuga ururimi rw’Ikinyarwanda.

Bruce Bahanda.

Tags: Abasirikare benshiB'u BurundiBoherejwe mu Ntara ya Kivu y'AmajyaruguruBwegeraKurwanya M23
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post

Ubutegetsi bwa Kinshasa, bwafashe umwanzuro wo guhasha umutwe w'inyeshamba wa M23.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?