Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abasirikare benshi, b’u Burundi na FARDC, boherejwe mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, kurwanya M23.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 13, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Imodoka 30 zitwaye abasirikare b’u Burundi n’aba FARDC zanyuze ku Bwegera, muri Grupema ya ka Kamba, Chefferie ya Plaine Dela Ruzizi, teritware ya Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, zigana muri Kivu y’Amajyaruguru.

You might also like

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Bya vuzwe ko ziriya Modoka zitwaye abasirikare, zanyuze ku Bwegera, igihe c’isaha z’igicamunsi cyokuri uyu wa, Gatatu, tariki 13/12/2023, zavaga i b’Uvira na Bujumbura, mu gihugu c’u Burundi.

Umwe mu baturage bazibonye ya bwiye Minembwe Capital News, ati: “N’imodoka niboneye ubwanjye zari zuzuye abasirikare b’u Burundi n’aba FARDC.”

“Zanyuze Umuhanda wose uva Uvira zerekeje i Bukavu zizakomereza i Goma. N’i b’imodoka binini byo mu bwoko bwa Tata.”

Yakomeje avuga ati: “Habanjye gutambuka imodoka 23, nyuma izindi zirindwi(7), ziza gutambuka igihe c’u mugoroba wajoro.”

Muri ibi bihe byo kw’iyamamaza kwa bakandida biyamamariza umwanya w’umukuru w’igihugu, perezida Félix Tshisekedi, yagiye y’umvikana yigamba ko agiye gushiraho iherezo ku ntambara ikomeje kubica bigacika mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, ibi yabivuze i Goma no mu bice bya Kivu y’Amajy’epfo.

Ati: “Mbasezeranye kubaha Amahoro, Umutwe wa M23, ngiye kuwushiraho iherezo. Mungirire icyizere muzantore.”

Mbere y’uko perezida Félix Tshisekedi, agera i Makobola na Uvira, ku wa Gatandatu, tariki 09/12/2023, bya vuzwe ko yabanjye kuja i Bujumbura ku bonana na perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye. Bikaba byaravuzwe ko perezida Félix Tshisekedi yasabye mugenzi we ingabo zo kumurinda muri ibi bihe by’amatora ndetse n’izindi zo kumufasha kurwanya M23.

Muntangiriro ziki Cyumweru, n’ibwo byamenyekanye ko leta ya Kinshasa, yategetse ko brigade yari i Beni ivanwayo ikoherezwa mu bice byo muri Kivu y’Amajyaruguru birimo imirwano ya M23 n’ingabo za RDC.

Ibi byanabaye mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, aho Ingabo ninshi zavanwe muri Grupema ya Bijombo, zoherezwa i Goma, kurwanya M23. Bariya basirikare ba FARDC, bakomeje koherezwa muri Kivu y’Amajyaruguru, kurwanya M23 ahanini benshi muribo bagwiriyemo abavuga ururimi rw’Ikinyarwanda.

Bruce Bahanda.

Tags: Abasirikare benshiB'u BurundiBoherejwe mu Ntara ya Kivu y'AmajyaruguruBwegeraKurwanya M23
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails
Next Post

Ubutegetsi bwa Kinshasa, bwafashe umwanzuro wo guhasha umutwe w'inyeshamba wa M23.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?