• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abasirikare b’u Burundi bagaragaye aho Wazalendo barimo bicira umututsi wishwe atwitswe, mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

minebwenews by minebwenews
May 30, 2024
in Regional Politics
0
Abasirikare b’u Burundi bagaragaye aho Wazalendo barimo bicira umututsi wishwe atwitswe, mu Ntara ya Kivu Yaruguru.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kuri uyu wo ku wa Kane tariki ya 30/05/2024, umugabo yishwe atwitswe na Wazalendo azira ubwoko bwe; bya bereye mu bice biri hafi n’u mujyi wa Goma.

You might also like

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

Ni byabaye ahagana isaha z’igitondo cyakare, bikaba byabereye mu gace ka Mugunga ho mu muri teritware ya Nyiragongo mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Ay’amakuru avuga ko uyu mugabo yishwe atwitswe ngo kubera ko ari uwo mu bwoko bw’Abatutsi, kandi akaba yatwitswe n’abaturage baturiye ibyo bice bafatanije na Wazalendo bazwiho gufatanya n’igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo ku rwanya M23.

Nk’uko iy’i nkuru ibisobanuro n’uko abarimo bamutwika bakoresheje amagambo bavuga ko bari gutwika umurwayi wa M23 ndetse ko kandi bari kwica umututsi.

Iki gikorwa cyo gutwika uyu mugabo cyagaragayemo n’abarwanyi ba FDLR, Ingabo z’u Burundi ndetse n’imbonerakure z’u Burundi.

Amakuru avuga ko Wazalendo n’abo bafatanije mu gutwika uyu mugabo w’umututsi, bakoresheje lisansi n’inkwi barimo bamenaho iyo lisansi; maze baka mwakirizaho umuriro.

Si ubwambere i Goma hicirwa Abatutsi, kuko no mu kwezi kwa Cyenda umwaka ushize, aha muri ibi bice by’u mujyi wa Goma hishwe u Munyamulenge bamuziza ko ari umututsi. Nawe yatwitswe hakoreshejwe lisansi n’inkwi.

Mu myaka ibarirwa muri za mirongo Abanyekongo bagiye bigishwa na FDLR kwica Abatutsi kandi bakabwibwa ko kwica umututsi ari umugisha.

Ni mu gihe imvugo z’abanga Abatutsi ziburira andi moko yo muri Congo ko Abatutsi ari nzoka, abagome n’ibindi bisa nk’ibyo.

Ni urwango bivugwa ko rwatangiye ahagana mu 160, ariko bigeze mu 194 na 2017 bifata indi ntera.

Gusa uru rwango rwakunze kugaragara cyane cyane mu Burasirazuba bw’iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

                   MCN.
Tags: MugungaUmututsiWazalendo
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano? Perezida Évariste Ndayishimiye yagaragaje amagambo akomeye igihe...

Read moreDetails

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe Intambara ikomeje mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) ikomeje kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda Leta y’u Burundi yatangaje ko u Rwanda rukomeje ibikorwa busobanura nk’iby’urugomo no guhungabanya umutekano” ku mupaka...

Read moreDetails

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri Amakuru mashya aturuka mu Burundi akomeje kugaragaza urugendo rutavugwaho rumwe rw’imodoka...

Read moreDetails

Ubusesenguzi ku Bitekerezo bya Girinka Kabare ku Mibanire ya Perezida w’u Burundi n’Abanyamurenge

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

Ubusesenguzi ku Bitekerezo bya Girinka Kabare ku Mibanire ya Perezida w’u Burundi n’Abanyamurenge Umusesenguzi w’Umunye-Congo wo mu bwoko bw’Abanyamulenge, William Girinka Kabare, mu kiganiro yagiranye na Minembwe Capital...

Read moreDetails
Next Post
Umuvugizi w’Ingabo za Repubulika ya demokoarasi ya Congo, mu Natara ya Kivu y’Amajyaruguru yagize icyavuga ku mirwano yabaye kuri uyu wa Kane.

Umuvugizi w'Ingabo za Repubulika ya demokoarasi ya Congo, mu Natara ya Kivu y'Amajyaruguru yagize icyavuga ku mirwano yabaye kuri uyu wa Kane.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?