Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abasirikare b’u Burundi bagaragaye aho Wazalendo barimo bicira umututsi wishwe atwitswe, mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 30, 2024
in Regional Politics
0
Abasirikare b’u Burundi bagaragaye aho Wazalendo barimo bicira umututsi wishwe atwitswe, mu Ntara ya Kivu Yaruguru.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kuri uyu wo ku wa Kane tariki ya 30/05/2024, umugabo yishwe atwitswe na Wazalendo azira ubwoko bwe; bya bereye mu bice biri hafi n’u mujyi wa Goma.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni byabaye ahagana isaha z’igitondo cyakare, bikaba byabereye mu gace ka Mugunga ho mu muri teritware ya Nyiragongo mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Ay’amakuru avuga ko uyu mugabo yishwe atwitswe ngo kubera ko ari uwo mu bwoko bw’Abatutsi, kandi akaba yatwitswe n’abaturage baturiye ibyo bice bafatanije na Wazalendo bazwiho gufatanya n’igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo ku rwanya M23.

Nk’uko iy’i nkuru ibisobanuro n’uko abarimo bamutwika bakoresheje amagambo bavuga ko bari gutwika umurwayi wa M23 ndetse ko kandi bari kwica umututsi.

Iki gikorwa cyo gutwika uyu mugabo cyagaragayemo n’abarwanyi ba FDLR, Ingabo z’u Burundi ndetse n’imbonerakure z’u Burundi.

Amakuru avuga ko Wazalendo n’abo bafatanije mu gutwika uyu mugabo w’umututsi, bakoresheje lisansi n’inkwi barimo bamenaho iyo lisansi; maze baka mwakirizaho umuriro.

Si ubwambere i Goma hicirwa Abatutsi, kuko no mu kwezi kwa Cyenda umwaka ushize, aha muri ibi bice by’u mujyi wa Goma hishwe u Munyamulenge bamuziza ko ari umututsi. Nawe yatwitswe hakoreshejwe lisansi n’inkwi.

Mu myaka ibarirwa muri za mirongo Abanyekongo bagiye bigishwa na FDLR kwica Abatutsi kandi bakabwibwa ko kwica umututsi ari umugisha.

Ni mu gihe imvugo z’abanga Abatutsi ziburira andi moko yo muri Congo ko Abatutsi ari nzoka, abagome n’ibindi bisa nk’ibyo.

Ni urwango bivugwa ko rwatangiye ahagana mu 160, ariko bigeze mu 194 na 2017 bifata indi ntera.

Gusa uru rwango rwakunze kugaragara cyane cyane mu Burasirazuba bw’iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

                   MCN.
Tags: MugungaUmututsiWazalendo
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Umuvugizi w’Ingabo za Repubulika ya demokoarasi ya Congo, mu Natara ya Kivu y’Amajyaruguru yagize icyavuga ku mirwano yabaye kuri uyu wa Kane.

Umuvugizi w'Ingabo za Repubulika ya demokoarasi ya Congo, mu Natara ya Kivu y'Amajyaruguru yagize icyavuga ku mirwano yabaye kuri uyu wa Kane.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?