• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, October 15, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abasirikare b’u Burundi, bakaba kaba 600, berekeje mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, bava mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

minebwenews by minebwenews
December 9, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo z’u Burundi bivugwa ko ari benshi bavanwe mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, kuri ubu barihafi kugera i Bukavu aho byanavuzwe ko banyuze inzira y’Amazi.

You might also like

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza

Nk’uko byavuzwe ririya tsinda ry’Abasirikare bo mungabo z’u Burundi, baje bava i Sake muri teritware ya Masisi abandi baje bava ku kibuga c’indege cya Goma.

Bikavugwa ko bariya basirikare bakabakaba abasirikare magana atandatu (600). Gusa ikitaramenyekana n’uko boba berekeje mu gihugu cyabo cy’u Burundi cangwa mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, nimugihe hari Ngabo z’u Burundi zo muri TAFOC zari zaravanwe mu misozi yo mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo baja kurwanya M23.

K’umunsi w’ejo hashize hari hamenyekanye ko ku kibuga cy’indege cya Goma, hageze abasirikare b’u Burundi magana abiri (200), bahunze intambara mu bicye bya Masisi bariya basirikare bakigera ku ki buga bahise basabisha gutahukanwa iwabo i Bujumbura ngo kuko badashaka kongera kurwana n’umutwe w’inyeshamba wa M23.

Gusa ahagana isaha z’umugoroba wajoro, zejo hashize tariki 08/12/2023, muri aba basirikare bari ku kibuga cy’indege cya Goma, mi 50 muribo bashubijwe i Sake abandi 150 bagumishwa ku kibuga cy’indege.

Umuturage uherereye i Goma, yabwiye Minembwe Capital News ko abasirikare b’u Burundi bari mubihe bibi ngo nimugihe bazanwe kurwana mu gihugu batazi kandi bahura n’Inyeshamba zirenze imbaraga zabo.

Yagize ati: “Abasirikare b’u Burundi rwose bari mubihe bitaboroheye ku rwana mu gihugu kitari icyabo kandi baka rwana n’Inyeshamba zirenze imbaraga zabo.”

Bruce Bahanda.

Tags: Abasirikare b'u Burundi bakabakaba 600 berekeje mu Ntara ya Kivu y'Amajy'epfo bava mu Ntara ya Kivu y'Amajyaruguru
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho Leta Zunze ubumwe z'Amerika zashimye umwanzuro wafatiwe mu biganiro by'i Doha muri Qatar wo guhagarika imirwano hagati y'Ingabo...

Read moreDetails

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

"Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba"-senateri Evode Umunyarwanda Evode Uwizeyimana umunyamategeko akaba ari n'umusenateri muri Leta y'u Rwanda, yatangaje ko imyitwarire ya perezida wa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza

by Bahanda Bruce
October 12, 2025
1
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi yatangaje ko ibyo yavuze abizi, kandi ko abatamuzi ari bo bavuga ko yapfukamiye...

Read moreDetails

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 11, 2025
0
RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda Repubulika ya demokarasi ya Congo ibinyujije kuri minisitiri wayo w'ubanye n'amahanga, Therese Kayikwamba Wagner, yikomye umuryango w'ubumwe bw'u Burayi...

Read moreDetails

Umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi

by Bahanda Bruce
October 10, 2025
0
Umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi

Umuvugizi w'ibiro by'umukuru w'igihugu cy'u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi Umuvugizi w'ibiro by'umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Stephanie Nyombayire, yavuze ko ibyatangajwe na perezida Felix Tshisekedi...

Read moreDetails
Next Post

Kuri uyu wa Gatandatu, Ingabo za ARC/M23, zongeye gufata ibindi bice biri mu nkengero za Sake.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?