Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abasirikare b’u Burundi benshi, bongeye gufatirwa ku rugamba bahanganyemo na M23, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
February 16, 2024
in Regional Politics
0
Abasirikare b’u Burundi benshi, bongeye gufatirwa ku rugamba bahanganyemo na M23,  mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

M23 ya rwaniriye abasivile ya mbura kandi ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo ibirimo ibikoresho by’agisirikare, ndetse ifata matekwa n’ingabo z’u Burundi.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

N’i bikubiye mu nyandiko umuvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka amaze gushira hanze kuri uyu mugoroba wo k’uwa Gatanu, tariki ya 16/02/2024.

Ni nyuma y’uko kuri uyu munsi habaye ibitero bya gabwe ku baturage baturiye agace ka Nyenyeri, ibyo M23 ishinja ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo ko ba bigabye ahatuwe n’abaturage benshi.

Inyandiko za Kanyuka yavuze ko ingabo za ARC (L’arméé Revolutionnaire Congolaise) ko zakoze ibishoboka byose mu buryo bwa kinyamwuga ba rwanirira abaturage baturiye agace ka Nyenyeri no mu nkengero zaho, nk’uko abivuga barinda abasivile ibitero byari bya gabwe n’ingabo z’u butegetsi bwa Kinshasa, aribo FARDC, FDLR, abacancuro, Wazalendo ingabo z’u Burundi, n’ingabo za SADC.

Yakomeje avuga ko barwanyije ihuriro ry’ingabo za RDC k’u buryo yemeje ko bazambuye ibikoresho harimo ko bafashe mpiri abarimo ingabo z’u Burundi.

Yagize ati: “Twa bakubise kandi twa bambuye ibikoresho by’agisirikare harimo n’ibikoresho by’ikorana buhanga.”

Yakomeje agira ati: “Ingabo z’u Burundi twazifatiye k’urugamba, tuboneyeho nakanya ko kwamagana leta y’u Burundi ikomeje kugaragaza umusanzu wo gukorera urugomo ubwoko bumwe.”

Umuvugizi wa M23 yavuze kandi ko Ingabo za M23 ko zimaze kuva inyuma kugira zicungure abanyekongo bagize igihe mu bibazo by’intambara.

Ibi bitero by’i huriro ry’ingabo zirwana k’uruhande rwa leta ya Kinshasa kandi byari byagabwe mu gace ka Kagano, gaherereye muri gurupema ya Mupfunyi, muri teritware ya Masisi, ahari ibirindiro bya M23. Ariko M23 ibasha ku bisubiza inyuma.

Bruce Bahanda.

Tags: Abasirikare b'u BurundiIbikoresho by'agisirikareM23
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Thabo Mbeki, wahoze ari perezida wa Afrika y’Epfo, ntiyumva icyo abasirikare b’igihugu cye bari gupfira muri RDC mu gihe M23 ibyo irwanira byumvikana.

Thabo Mbeki, wahoze ari perezida wa Afrika y'Epfo, ntiyumva icyo abasirikare b'igihugu cye bari gupfira muri RDC mu gihe M23 ibyo irwanira byumvikana.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?