• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, January 22, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abasirikare b’u Burundi benshi, bongeye gufatirwa ku rugamba bahanganyemo na M23, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

minebwenews by minebwenews
February 16, 2024
in Regional Politics
0
Abasirikare b’u Burundi benshi, bongeye gufatirwa ku rugamba bahanganyemo na M23,  mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

M23 ya rwaniriye abasivile ya mbura kandi ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo ibirimo ibikoresho by’agisirikare, ndetse ifata matekwa n’ingabo z’u Burundi.

You might also like

Ibanga Rikomeye mu Ntambara yo mu 1990: Uko Leta ya Habyarimana Yatekereje Umugambi wo Kwivugana Perezida Museveni

Menya uko u Burundi burimo guhindura impunzi intwaro y’intambara

RDC Yafunguriye Abanyamerika Amarembo y’Ishoramari

N’i bikubiye mu nyandiko umuvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka amaze gushira hanze kuri uyu mugoroba wo k’uwa Gatanu, tariki ya 16/02/2024.

Ni nyuma y’uko kuri uyu munsi habaye ibitero bya gabwe ku baturage baturiye agace ka Nyenyeri, ibyo M23 ishinja ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo ko ba bigabye ahatuwe n’abaturage benshi.

Inyandiko za Kanyuka yavuze ko ingabo za ARC (L’arméé Revolutionnaire Congolaise) ko zakoze ibishoboka byose mu buryo bwa kinyamwuga ba rwanirira abaturage baturiye agace ka Nyenyeri no mu nkengero zaho, nk’uko abivuga barinda abasivile ibitero byari bya gabwe n’ingabo z’u butegetsi bwa Kinshasa, aribo FARDC, FDLR, abacancuro, Wazalendo ingabo z’u Burundi, n’ingabo za SADC.

Yakomeje avuga ko barwanyije ihuriro ry’ingabo za RDC k’u buryo yemeje ko bazambuye ibikoresho harimo ko bafashe mpiri abarimo ingabo z’u Burundi.

Yagize ati: “Twa bakubise kandi twa bambuye ibikoresho by’agisirikare harimo n’ibikoresho by’ikorana buhanga.”

Yakomeje agira ati: “Ingabo z’u Burundi twazifatiye k’urugamba, tuboneyeho nakanya ko kwamagana leta y’u Burundi ikomeje kugaragaza umusanzu wo gukorera urugomo ubwoko bumwe.”

Umuvugizi wa M23 yavuze kandi ko Ingabo za M23 ko zimaze kuva inyuma kugira zicungure abanyekongo bagize igihe mu bibazo by’intambara.

Ibi bitero by’i huriro ry’ingabo zirwana k’uruhande rwa leta ya Kinshasa kandi byari byagabwe mu gace ka Kagano, gaherereye muri gurupema ya Mupfunyi, muri teritware ya Masisi, ahari ibirindiro bya M23. Ariko M23 ibasha ku bisubiza inyuma.

Bruce Bahanda.

Tags: Abasirikare b'u BurundiIbikoresho by'agisirikareM23
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibanga Rikomeye mu Ntambara yo mu 1990: Uko Leta ya Habyarimana Yatekereje Umugambi wo Kwivugana Perezida Museveni

by Bahanda Bruce
January 21, 2026
0
Ibanga Rikomeye mu Ntambara yo mu 1990: Uko Leta ya Habyarimana Yatekereje Umugambi wo Kwivugana Perezida Museveni

Ibanga Rikomeye mu Ntambara yo mu 1990: Uko Leta ya Habyarimana Yatekereje Umugambi wo Kwivugana Perezida Museveni Inyandiko z’iperereza zatangiye kujya ahagaragara mu myaka ishize zerekanye isura ikomeye...

Read moreDetails

Menya uko u Burundi burimo guhindura impunzi intwaro y’intambara

by Bahanda Bruce
January 21, 2026
0
Menya uko u Burundi burimo guhindura impunzi intwaro y’intambara

Menya uko u Burundi burimo guhindura impunzi intwaro y’intambara Ibibazo bya Zaïre byongeye kwigaragaza mu Karere k’Ibiyaga Bigari, noneho bigaragarira i Bujumbura, aho u Burundi busa n’uburi gusubiramo...

Read moreDetails

RDC Yafunguriye Abanyamerika Amarembo y’Ishoramari

by Bahanda Bruce
January 21, 2026
0
RDC Yafunguriye Abanyamerika Amarembo y’Ishoramari

RDC Yafunguriye Abanyamerika Amarembo y’Ishoramari Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ku mugaragaro urutonde rw’amabuye y’agaciro iteganya gucukurwa no gutunganywa n’abashoramari b’Abanyamerika, mu rwego rwo...

Read moreDetails

Menya Byinshi ku Munyafurika Warohamishije Ubwato bw’Abadage mu Ntambara ya Kabiri y’Isi

by Bahanda Bruce
January 20, 2026
0
Menya Byinshi ku Munyafurika Warohamishije Ubwato bw’Abadage mu Ntambara ya Kabiri y’Isi

Menya Byinshi ku Munyafurika Warohamishije Ubwato bw’Abadage mu Ntambara ya Kabiri y’Isi Ese wari uzi ko Afurika yatanze intwari zidasanzwe zagize uruhare rukomeye mu Ntambara ya Kabiri y’Isi,...

Read moreDetails

Bobi Wine Yahakanye Ibyavuye mu Matora, Asaba Imyigaragambyo y’Amahoro mu gihe Umutekano we Ukomeje Gushyirwamo Impungenge

by Bahanda Bruce
January 20, 2026
0
Bobi Wine Yahakanye Ibyavuye mu Matora, Asaba Imyigaragambyo y’Amahoro mu gihe Umutekano we Ukomeje Gushyirwamo Impungenge

Bobi Wine Yahakanye Ibyavuye mu Matora, Asaba Imyigaragambyo y’Amahoro mu gihe Umutekano we Ukomeje Gushyirwamo Impungenge Bobi Wine, umuyobozi w’ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi akaba n’umukandida watsinzwe mu matora...

Read moreDetails
Next Post
Thabo Mbeki, wahoze ari perezida wa Afrika y’Epfo, ntiyumva icyo abasirikare b’igihugu cye bari gupfira muri RDC mu gihe M23 ibyo irwanira byumvikana.

Thabo Mbeki, wahoze ari perezida wa Afrika y'Epfo, ntiyumva icyo abasirikare b'igihugu cye bari gupfira muri RDC mu gihe M23 ibyo irwanira byumvikana.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?