• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, March 11, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Abasirikare b’u Burundi boherejwe M’uburasirazuba bwa Republika ya demokarasi ya Congo, k’urwanya M23 ngo barahemukiwe.

minebwenews by minebwenews
November 12, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abasirikare b’u Burundi ngoboba barahemukiwe n’imugihe bivugwa ko leta ya Kinshasa itigeze ibaha icyubahiro nyuma y’uko bari bamaze gupfira muntambara bahanganyemo n’ingabo za M23 naho leta ya Bujumbura yo ntiyemera ko barwanya M23 muri ubwo buryo ntibafatwa nk’intwari z’igihugu.

You might also like

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Aba basirikare batangiye gutangara bakiva ku k’ibuga c’indege cya Bujumbura ubwo bari bamaze kwamburwa ibendera ry’u Burundi, iryo bari bararahiriye ko bazorirwanira kugeza kugitonyanga cy’amaraso yabo yanyuma.

Bamaze kw’ambuka k’ubutaka bwa RDC bahise bambikwa umwambaro w’igisirikare cya RDC, bambikwa n’ibendera rya RDC

Icyo baribagiye gukora bakibwiwe bageze i Goma. Babwiwe ko bagiye kurwanya umutwe w’inyeshamba wa M23.

Kuja kwabo kurwanya M23 ngo mubundi buryo ni Business:

Amakuru dukesha umwanditsi w’umurundi Pacique Nininahazwe, avuga ko umusoda w’u Burundi woherejwe ku kurwanya M23 , Leta ya Kinshasa imuhemba amadolari 200 ku kwezi.

Ikibabaje, abasoda bariyo bahabwa intica ntikize : Abayobozi bahabwa 5000 Fbu ku munsi mugihe k’u kwezi ari 150.000 Fbu naho sous-officier bahabwa 3.000 Fbu ku munsi, k’u kwezi ahabwa 90.000 Fbu, umusoda wohasi aronka 2.000 Fbu ku munsi k’u kwezi 60.000 Fbu. Mugihe bandikirwa kobafata i dollars 200 k’u kwezi.

Iy’inkuru ikomeza ivuga ko abategetsi ba Bujumbura k’urwego rw’i Gihugu bo bahabwa amadolari 5000 (hafi imiliyoni 20 z’amarundi) ku musoda w’u Burundi wese woherejwe k’ubutaka bwa RDC kurwanya M23.

Bariya basirikare rero b’u Burundi, iyo bamaze kugera k’ubutaka bwomuri Kivu y’Amajyaruguru, bavangwa n’imitwe y’itwaje imbunda ya Wazalendo, uwo leta ya Kinshasa ikunze kwita “Reservist.”

Wazalendo bakomokahe?

Abenshi muribo bakomaka mu m’Ajyepfo ya Kivu abandi muri Kivu y’Amajyaruguru.

Nk’uko bizwi bariya Wazalendo, bahoze mu mitwe itandukanye, harimo abahoze mu mutwe wa Raia Mtomboki, Nyatura, PARECO na Mai Mai, mbere y’uko bitwa Wazalendo.

Twabwiwe ko Wazalendo bagwiriyemo abo m’ubwoko bwa Batembo, Ababembe n’Abatwa bahoze baturiye i parike ya Kahuzi Biega, Amateka avuga ko bariya batwa bigeze kwirukanwa muririya parike ya Kahuzi Biega ahagana mu mwaka wa 1975 maze iyo parike iza kurindwa kubwitegeko ry’ubutegetsi bwariho icyogihe.

Twabibutsako kandi Wazalendo bakorana byahafi n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR urimo abasize bakoze Genocide mu Rwanda, yakorewe Abatutsi. FDLR ni umutwe urwanya ubutegetsi bwa Kigali.

By Bruce Bahanda.

Tags: Abasirikare n'u Burundi boherejwe M'uburasirazuba bwa RDC k'urwanya M23 ngo barahemukiwe
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

by Bahanda Bruce
February 20, 2026
0
AFC/M23 Yashinje Leta ya Kinshasa Ubugizi bwa Nabi ku Baturage bo mu Misozi ya Minembwe

The political and military coalition Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) has released an urgent statement expressing serious concern over the worsening insecurity in the areas of Minembwe, Mikenge, and...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

by Bahanda Bruce
February 16, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakiriwe mu buryo budasanzwe n’imbaga y’abaturage i Bujumbura, nyuma yo gusoza urugendo yari yagiriye i Addis Abeba...

Read moreDetails

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
February 9, 2026
0
Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC Ku butumire bwa Perezida wa Repubulika ya Angola, akaba n’Umuyobozi Mukuru w’Umuryango...

Read moreDetails

FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

by Bahanda Bruce
January 31, 2026
0
FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

Reliable information from the center of Minembwe, in South Kivu Province, reports that a drone believed to belong to the Armed Forces of the Democratic Republic of the...

Read moreDetails

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails
Next Post

Hafi n'u Mujyi wa Goma, homuri teritwari ya Nyiragongo, Wazalendo n'ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo, basubiranyemo bararasana.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?