• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, January 19, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Abasirikare b’u Burundi bongeye guhemukira Abanyamulenge bari baherekeje.

minebwenews by minebwenews
June 18, 2025
in Conflict & Security
0
Abasirikare b’u Burundi bongeye guhemukira Abanyamulenge bari baherekeje.
87
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abasirikare b’u Burundi bongeye guhemukira Abanyamulenge bari baherekeje.

You might also like

Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC

Impungenge n’Icyitonderwa ku Mutekano w’Umujyi wa Uvira Nyuma y’Igenda ry’Ingabo za AFC/M23

Wazalendo binjiye i Uvira nyuma yo kuhava kwa AFC/M23, hagaragara ibikorwa bikomeye by’isahurwa

Amakuru aturuka i Uvira muri Kivu y’Amajyepfo, avuga ko hari Abanyamulenge bahagiriye ikibazo ni mu gihe bafashwe na Wazalendo babakorera iyicyarubozo, ndetse babambura n’ibyabo kandi bari baherekejwe n’abasirikare b’u Burundi.

Ni amakuru yatangiye kuvugwa ku mugoroba w’ahar’ejo ku wa kabiri tariki ya 17/06/2025, aho avuga ko aba Banyamulenge bafashwe na Wazalendo bari baturutse i Ndondo ya Bijombo bagana i Uvira.

Umutangabuhamya wahaye Minembwe Capital News aya makuru yagize ati: “Hari abantu bari bavuye ruguru barimo Abapolisi n’ abanyeshuri, kandi bari bikoreye n’igipoyo cy’umurwayi, bageze ahitwa Kijaga bahagarikwa na Wazalendo.”

Yakomeje ati: “Barabafashe babajana bari kubakubita babagejeje kwa Mwami, ni ho batangiye kubasaka babambura n’utwabo.”

Muri bimwe bambuwe birimo amafaranga, imyambaro n’ibindi.

Kimwecyo abategetsi bo muri aka gace bahise bihutira kuja kubareba nubwo ntakiratangazwa babamariye.

Ati: “Bamaze kubageza kwa Mwami abategetsi baja kubareba.”

Bivugwa ko ubwo aba Banyamulenge barimo basakirwa kwa Mwami, urusaku rw’imbunda rwinshi rwarimo rwumvikanira i Kalundu haherereye hafi n’umujyirwagati wa Uvira.
Ni urusaku rw’imbunda amakuru avuga ko ari Wazalendo n’ubundi bari mu bikorwa byo kwiba, baza kumishwaho amasasu n’abasirikare ba FARDC, ubundi bakizwa n’amaguru.

Ubwo aba Banyamulenge bamanukaga i Uvira bavuye ku Ndondo bikoreye n’igipoyo cy’umurwayi, byavuzwe ko baje baherekejwe n’abasirikare ba Barundi bakorera muri iyo misozi.

Nyuma y’uko bageze mu Kijaga Wazalendo bakabahagarika, bariya basirikare b’u Burundi ntibasubiye kwegera aba Banyamulenge, ngo babavuganire, nk’uko bari bemeye ku baherekeza.

Ibi ni bimwe kandi baheruka kubakora mu cyumweru gishize, ubwo aba basirikare b’u Burundi baherekezaga kandi Abapolisi n’abanyeshuri bavaga aha i Uvira berekeje i Ndondo ya Bijombo. Bagera kandi mu Kijaga Wazalendo bakabahagarika babakorera n’iyicyarubozo, igitangaje za ngabo z’u Burundi ntizabafasha ahubwo zirabahunga.

Mu Burasizuba bwa RDC, Abanyamulenge bamaze igihe barenganywa, kandi kurenganywa kwabo bagukorerwa na Leta y’i Kinshasa yo kabarengeye. Ahanini bazira ubwoko bwabo Abatutsi.

Yaba igisirikare cy’u Burundi na Wazalendo ndetse na FDLR bakorana byahafi n’ingabo za Congo (FARDC). Kandi buri ruhande rufite uruhare mu kugirira nabi aba Banyamulenge, kabone n’iyo bamwe mu Banyamulenge bagikorera mu kwaha k’u butegetsi bw’i Kinshasa.

Mu Babanyamulenge barimo aba minisitiri muri Leta ya Tshisekedi, twavuga Muhoza Gisaro, barimo n’aba jenerali nka Pacifique Masunzu, barimo kandi, Levis Rukema n’abandi bategetsi batandukanye. Ariko ibi ntibubuza ko benewabo batotezwa.

Ibi biri mubyanatumye umutwe wa M23 n’uwa Twirwaneho byubura intwaro bahitamo kurwanya ubu butegetsi bw’i Kinshasa, bakaba bagamije kubushyiraho iherezo ryanyuma.

Tags: AbanyamulengeBatereranyeIngabo z'u BurundiUviraWazalendo
Share35Tweet22Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC

Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC Abakurikiranira hafi ibibera mu ntambara imaze igihe ibera muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) bemeza...

Read moreDetails

Impungenge n’Icyitonderwa ku Mutekano w’Umujyi wa Uvira Nyuma y’Igenda ry’Ingabo za AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Impungenge n’Icyitonderwa ku Mutekano w’Umujyi wa Uvira Nyuma y’Igenda ry’Ingabo za AFC/M23

Impungenge n’Icyitonderwa ku Mutekano w’Umujyi wa Uvira Nyuma y’Igenda ry’Ingabo za AFC/M23 Mu gitondo cyo ku Cyumweru, abarwanyi b’imitwe ya Wazalendo ni bo babanje kwinjira mu mujyi wa...

Read moreDetails

Wazalendo binjiye i Uvira nyuma yo kuhava kwa AFC/M23, hagaragara ibikorwa bikomeye by’isahurwa

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Wazalendo binjiye i Uvira nyuma yo kuhava kwa AFC/M23, hagaragara ibikorwa bikomeye by’isahurwa

Wazalendo binjiye i Uvira nyuma yo kuhava kwa AFC/M23, hagaragara ibikorwa bikomeye by’isahurwa Mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), umutwe wa Wazalendo, ubarizwa mu mitwe...

Read moreDetails

Wazalendo Basahuye Ibigo n’Imitungo y’Abaturage Nyuma Yaho AFC/M23 Ivuye Uvira

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Wazalendo Basahuye Ibigo n’Imitungo y’Abaturage Nyuma Yaho AFC/M23 Ivuye Uvira

Wazalendo Basahuye Ibigo n’Imitungo y’Abaturage Nyuma Yaho AFC/M23 Ivuye Uvira Amakuru yizewe aturuka mu mujyi wa Uvira, uri muri teritwari ya Uvira mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, aravuga...

Read moreDetails

Leta ya RDC Yakomeje Guha FDLR Intwaro n’Amasasu

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Leta ya RDC Yakomeje Guha FDLR Intwaro n’Amasasu

Leta ya RDC Yakomeje Guha FDLR Intwaro n’Amasasu Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) cyongeye gushinjwa gukomeza guha umutwe w’iterabwoba wa FDLR n’indi mitwe yitwaje intwaro...

Read moreDetails
Next Post
RDC: Tshisekedi yasabwe kwegura mu maguru mashya.

RDC: Tshisekedi yasabwe kwegura mu maguru mashya.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?