
Ingabo z’Uburundi ziri mubutumwa bwa EAC Muburasirazuba bwa Republika iharanira democrasi ya Congo zageze muri Sake.
Ahagana mumasaha yasasita zokuruyumunsi wo kuwakabiri iminsi irindwi (7) zukwezi kwa gatatu uyumwaka wa 2023, nibwo izingabo z’Uburundi zageze mumuhana wa Sake.
Izingabo zari zimaze iminsi ibiri zigeze i Goma aho zahageze zivuye mugihigu cabo c’Uburundi. Bakimara kugera mumahana wa Sake bavuze ko biteguye guhangana ningaruka zose zaturuka kunyeshamba harimo numutwe wa M23.
Ikindi nuko biteguye kuja mubice umutwe wa M23 uzaba wavuyemo nkuko byari biteganijwe ko inyeshamba zo mumutwe wa M23 uyumunsi kumasaha yasasita zo kuminsi irindwi (7), ukwezi kwa gatatu uyumwaka wa 2023, imirwano igomba guhagarara kumpamde zombi(Fardc and M23).
Ibice izingabo z’Uburundi ziteguriye kujamo nkuko byemejwe nabakuru b’ingabo b’ibihugu bigize umuryango wa EAC bemeje ko bazaja muri Kitchanga na Kirorirwe.