• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 7, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri Tanzania batawe muri yombi.

minebwenews by minebwenews
September 24, 2024
in Regional Politics
0
Abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri Tanzania batawe muri yombi.
70
SHARES
1.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri Tanzania batawe muri yombi.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Abanyapolitiki batavuga rumwe n’ubutegetsi muri Tanzania batawe muri yombi ku wa mbere tariki ya 23/09/2024, nyuma y’uko bashakaga gukora imyigaragambyo mu murwa mukuru w’ubucuruzi, Dar Salaam.

Abatawe muri yombi ni umuyobozi mukuru w’ishaka rya Chadema, Freeman Mbowe n’umwingirije, Tundu Lissu. Iri shyaka ryabo ryemeje aya makuru rinavuga kandi ko aba bayobozi bafashwe n’igipolisi cy’iki gihugu gishinzwe kurwanya imyigaragambyo.

Mbowe yari yabwiye abashyigikiye ishyaka rye mbere y’uko afungwa ko “gukora imyigaragambyo ari uburenganzira bwabo bahabwa n’itegeko nshinga, avuga kandi ko atangazwa n’imbaraga zikoreshwa n’apolisi mu gutera ubwoba abantu no guhungabanya umutekano wabo.”

Iri shyaka rya Chadema rishinja ubutegetsi bwa perezida Samia Suluhu Hassan kongera kuyobora igihugu mu buryo bwo gukandamiza abatavuga rumwe n’ubutegetsi nk’uwamubanjirije, John Pombe Magufuli.

Rinashinja kandi ubu butegetsi ibura ry’abayoboke ba Chadema n’iyicwa rya Ali Mohammed Kibao, wari umunyamabanga mukuru wayo, wapfuye mu ntangiriro z’uku kwezi kwa Cyenda.

Ibihugu birimo na Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zamaganye Tanzania ziyinenga kutorohera abatavuga rumwe n’ubutegetsi. Ibi bibaye mu gihe iki gihugu kirimo cyiteguta amatora y’umukuru w’igihugu azaba mu mpera z’umwaka w’2025.

Suluhu Hassan uyoboye Tanzania yagiye kuri izi nshingano mu ntangiriro z’umwaka wa 2021 nyuma y’urupfu rwa John Pombe Magufuri wari umaze gupfa.

          MCN.
Tags: Abatavuga rumwe n'ubutegetsiBatawe muri yombiChademaFreemanaTanzania
Share28Tweet18Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Amakuru arambuye ku migambi ya Paul Rusesabagina ugambiriye guhindura ubutegetsi bw’u Rwanda.

Amakuru arambuye ku migambi ya Paul Rusesabagina ugambiriye guhindura ubutegetsi bw'u Rwanda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?