• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 23, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abatemera i bya vuye mu matora, muri RDC, bagiye gusubizwa naho perezida Félix Tshisekedi, ya bwiye abanyekongo ko intsinzi ariyabo…

minebwenews by minebwenews
January 1, 2024
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 01/01/2024, Perezida Félix Tshisekedi, yashimiye abaturage ba Repubulika ya demokarasi ya Congo, kuba bo ngeye ku mu girira icyizere bakamutorera kuyobora manda ya kabiri.

You might also like

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Ibi Perezida Félix Tshisekedi, ya bitangaje nyuma y’uko ku Cyumweru, ejo hashize, Komisiyo y’igenga y’a matora muri RDC, yatangaje amajwi ya gateganyo mu matora y’u mukuru w’Igihugu, yo kw’itariki 20/12/2023, bwana Perezida Félix Tshisekedi, yegukana intsinzi k’u majwi 73,34%.

Tshisekedi, ubwo yafataga ijambo yagize ati: “Iyi ntsinzi ni iyanyu. Ni intsinzi y’ubufatanye n’ubumwe bwa banyekongo muri rusange.”

Umukuru w’Igihugu Félix Tshisekedi, ya nasezeranyije Abanyekongo kuzakora ibintu bidasanzwe, muri iyi manda agiye kwi njiramo y’i myaka itanu.

Ati: “Ubwo niyamamazaga murabizi ko nabasezeranyije byinhshi. Ndabizeza ko nzakora ibidasanzwe, nzakorera igihugu kandi nzacyitangira nibiba no gutanga ubuzima ku bw’inyungu z’igihugu nzabutanga ariko RDC ibone amahoro.”

Ibi abitangaje mu gihe CENI, y’ibukije Abakandida, n’abanyapolitike, batemera ibya vuye mu matora ko ikirego cyabo batanze mu rukiko rwa bigenewe, hazasuzumwa ko ikirego niba cyaratanzwe hisunzwe itegeko rya 74 rigenga Amatora.

Bikaba bya vuzwe ko nyuma y’i minsi ibiri aribwo bazatangaza ko bariya bakandida batsinze cyangwa batsinzwe. Nyuma y’imyanzuro y’Urukiko ru rengera itegeko nshinga, rigenga Amatora n’ibwo perezida wa RDC azatangazwa ku mugaragaro.

Bruce Bahanda.

Tags: Abatemera ibya vuye mu matora bagiye gusubizwaIntsinzi niya banyekongo BosePerezida Félix Tshisekedi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails
Next Post

Abanyekongo kw'injira mu gihugu cya Uganda badasabwe visa bya tangiye k'u bahirizwa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?