Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Abaturage ba Kitchanga bongeye kubona ituze nyuma y’uko uyu Mujyi waraye ufashwe n’ingabo za M23.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
October 16, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

U Mujyi wa Kitchanga, uherereye muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyarugu, waraye mu Maboko ya M23, n’inyuma y’imirwano ikaze yahuje uyu mutwe wa M23 n’ihuriro ry’imitwe ifasha Ingabo za FARDC kurwanya uyu mutwe wa M23.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Mu makuru tumaze kwakira kuri Minembwe Capital News, yizewe n’uko uyu Mujyi wa Kitchanga, uri mubirometre 80 n’u Mujyi wa Goma, M23 bawambuye izi Ngabo za FARDC, FDLR na Nyatura ndetse na Wagner ahagana mu masaha y’Umugoroba w’ejo hashize tariki 15/10/2023. Gusa ngwaha habereye intambara ikomeye aho byanagaragaye ko umuyobozi Mukuru wa M23 y’umvikanye y’igamba guha isomo ihuriro ryiyi mitwe n’ingabo za RDC, muri Bwiza,kuwitabi no mu Kizimba, biri muri Groupement ya Tongo.

Bisimwa yagize ati: “Tuributsa Tshisekedi ku neza, mu gufata ingamba z’isomo umutwe wa ARC/M23 wahaye abarwanyi be, FARDC/FDLR/Mai-mai/Abacanshuro muri iki gitondo ahitwa Bwiza. Ubu bakwiye kumva ko nta gisubizo cya gisirikare mu kibazo gihari.”

Perezida wa M23, Bertrand Bisimwa kuri X yahoze ari Twitter, yavuze ko Perezida Félix Tshisekedi wa RDC akwiye kubitekerezaho akemera imishikirano.

Bertrand Bisimwa mbere yari yatangaje ko ingabo za Leta ya Congo, FARDC/FDLR nyuma y’uko ku wa Gatandatu zinaniwe kugaba igitero, kuri iki Cyumweru zongeye gutera Bwiza zikarasa ku baturage bahunze imirwano bakajya mu bice bigenzurwa na M23.

Yavuze ko icyo gikorwa kigamije kwica no gusahura abaturage kidakwiye kwihanganirwa.

Bisimwa yavuze ko umutwe wa M23 (Armée Révolutionnaire Congolaise/ ARC) wahawe itegeko ryanditse ryo kurinda abasivile n’imitungo yabo.

Kitchanga, imaze gufatwa na M23 inshuro zitatu (3) Mugihe ca mezi 12 muri uyu mwaka wa 2023.

Kuri uyu wa Mbere tariki 16/10/2023, muri Kitchanga ngo hongeye kugaruka ituze nyuma y’uko aka gace kari mu maboko ya M23.

By Bruce Bahanda.

Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

I Kinshasa mubiganiro byahuje intumwa za SADEC n'Amashyaka atandukanye muri RDC higiwemo ibijanye n'amatora ndetse bakora no kuby'umutekano.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?