• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Abaturage ba Kitchanga bongeye kubona ituze nyuma y’uko uyu Mujyi waraye ufashwe n’ingabo za M23.

minebwenews by minebwenews
October 16, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

U Mujyi wa Kitchanga, uherereye muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyarugu, waraye mu Maboko ya M23, n’inyuma y’imirwano ikaze yahuje uyu mutwe wa M23 n’ihuriro ry’imitwe ifasha Ingabo za FARDC kurwanya uyu mutwe wa M23.

You might also like

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Mu makuru tumaze kwakira kuri Minembwe Capital News, yizewe n’uko uyu Mujyi wa Kitchanga, uri mubirometre 80 n’u Mujyi wa Goma, M23 bawambuye izi Ngabo za FARDC, FDLR na Nyatura ndetse na Wagner ahagana mu masaha y’Umugoroba w’ejo hashize tariki 15/10/2023. Gusa ngwaha habereye intambara ikomeye aho byanagaragaye ko umuyobozi Mukuru wa M23 y’umvikanye y’igamba guha isomo ihuriro ryiyi mitwe n’ingabo za RDC, muri Bwiza,kuwitabi no mu Kizimba, biri muri Groupement ya Tongo.

Bisimwa yagize ati: “Tuributsa Tshisekedi ku neza, mu gufata ingamba z’isomo umutwe wa ARC/M23 wahaye abarwanyi be, FARDC/FDLR/Mai-mai/Abacanshuro muri iki gitondo ahitwa Bwiza. Ubu bakwiye kumva ko nta gisubizo cya gisirikare mu kibazo gihari.”

Perezida wa M23, Bertrand Bisimwa kuri X yahoze ari Twitter, yavuze ko Perezida Félix Tshisekedi wa RDC akwiye kubitekerezaho akemera imishikirano.

Bertrand Bisimwa mbere yari yatangaje ko ingabo za Leta ya Congo, FARDC/FDLR nyuma y’uko ku wa Gatandatu zinaniwe kugaba igitero, kuri iki Cyumweru zongeye gutera Bwiza zikarasa ku baturage bahunze imirwano bakajya mu bice bigenzurwa na M23.

Yavuze ko icyo gikorwa kigamije kwica no gusahura abaturage kidakwiye kwihanganirwa.

Bisimwa yavuze ko umutwe wa M23 (Armée Révolutionnaire Congolaise/ ARC) wahawe itegeko ryanditse ryo kurinda abasivile n’imitungo yabo.

Kitchanga, imaze gufatwa na M23 inshuro zitatu (3) Mugihe ca mezi 12 muri uyu mwaka wa 2023.

Kuri uyu wa Mbere tariki 16/10/2023, muri Kitchanga ngo hongeye kugaruka ituze nyuma y’uko aka gace kari mu maboko ya M23.

By Bruce Bahanda.

Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails
Next Post

I Kinshasa mubiganiro byahuje intumwa za SADEC n'Amashyaka atandukanye muri RDC higiwemo ibijanye n'amatora ndetse bakora no kuby'umutekano.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?