Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Abaturage Ba Ubwari Barashinja Leta Ya Kinshasa Kubatererana.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 4, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abatuye Ubwari homuri Fizi, baratabaza leta y’Ikinshasa kubagoboka nimugihe bavuga ko iyo leta itabacya iryera!!!.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Yanditswe na Bruce Bahanda, kw’Itariki 04.06.2023, saa 7:45pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Abaturage bo mu midugudu ya Bubwari ho muri teritware ya Fizi, muntara ya Kivu yamajy’Epfo, bishyize hamwe maze bahurira mugace kitwa Mutambala, kamwe muduce tugize iyi teritware ya Fizi, babwira itangaza makuru ko batereranywe na guverinoma ya Kinshasa, n’imiryango itabara imbabare, berekanye ko mubibazo bafite harimo inzara nu mutekano muke.

Nk’uko byatangajwe n’umwe mu bayobozi b’iyo midugudu, uwa Katanga, yabwiye abakozi bikinyamakuru cya kivutimes, avuga ko ababajwe n’iki kibazo kijanye ninzara n’umutekano muke, maze yemeza ko nta mfashanyo iyo ari yo yose itangwa n’imiryango itegamiye kuri Leta ndetse na guverinoma ya Congo, bari bigera babona murutu duce twakunze kubamo intamabara za Mai Mai n’a leta.

Yakomeje asaba ati: “Ni iki cyakagombye kuvugwa kitaricyo tubereka ko dukenye hano Ubwari?”

“Ikibabaje n’abadepite, batowe nabaturage bahano baracecetse bo muri Fizi. Abaturage ba Ubwari turasaba niba harico twakosheye Leta nimiryango itabara imbabare turabasaba imbabazi.”

“Nta bikorwa remezo muri Ubwari bikorwa n’a leta y’Ikinshasa cangwa imishinga itegamiye kuri leta, kandi abadepite twitoreye basa nka bibagiwe ibibazo byaka karere ariko igihe camatora ataha dore ko arihafi kuba bazahita baza kudushimisha ngo dukunde tuzabahe amajwi yacu, iyimyitwarire turayirambiwe.”

Ubwari, nagace gakunze kwibasigwa nibiza byinshi bifitanye isano namazi igihe Imvura iguye ndetse n’Intambara zurudaca ikindi kandi hakunze kuba ihohoterwa rishingiye kugitsina.

Kuri iki kibazo hiyongereyeho umutekano muke ugenda urushaho kumera nabi u munsi kumunsi. Sosiyete sivile yaha muraka gace nayo yatunze agatoki imitwe yitwaje intwaro ikorera hafi aho ndetse rimwe na rimwe n’abasirikare ba FARDC, bo muri batayo ya FUMA, bashinjwa kugirira nabi abaturage.

Nimugihe Ihene makumyabiri harimo nibindi bintu byinshi byagaciro biheruka gusahurwa ninyeshyamba za Mai Mai muri Ubwari, Ingabo za leta ya Kinshasa zirebera.

Aba baturage ba Ubwari banamaganye ihohoterwa bakorerwa n’umutwe Winyeshamba wa Bishambuke, babakorera ibibi bitwaje intwaro.

Tags: AbaturageBarashinja KinshasaFiziKivu Y'epfoUbwari
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

BUKAVU: Kadutu Several Houses Caught Fire .

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?