• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abaturage baturiye ibice bigenzurwa n’u mutwe wa M23, bashiriweho amabwiriza mashya arushaho kunoza ibikorwa bi bafasha kwiteza imbere.

minebwenews by minebwenews
February 18, 2024
in Regional Politics
0
Abaturage baturiye ibice bigenzurwa n’u mutwe wa M23, bashiriweho amabwiriza mashya arushaho kunoza ibikorwa bi bafasha kwiteza imbere.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubuyobozi bw’u mutwe wa M23 bare kuriye abaturage baturiye ibice bigenzurwa n’uwo mutwe gukora amasaha 24 kuri 24.

You might also like

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

N’ibikubiye mu itangazo ubuyobozi bw’u mutwe wa M23 bashize hanze mu ijoro ryakeye rishira kuri uyu wo ku Cyumweru, tariki ya 18/02/2024.

Iryo tangazo riteweho umukono n’umunyamabanga nshingwabikorwa wa M23, bwana Benjamin Mbonimpa.

Itangazo rivuga ko M23 yakuyeho gahunda ibuza abaturage gukora amasaha y’umugoroba wa joro, nk’uko byari bi bujije ko abakora mu maduka, gutwara ibinyabiziga, abacyuruzi n’ibindi, kudakora nyuma ya saa kumi nebyiri z’u mugoroba. Bakaba bari bemerewe kandi gutangiza izo serivise isaha z’igitondo cyakare ku isaha ya saa kumi nebyiri.

Iryo tangazo rikavuga ko nyuma yo gusuzuma no kubahiriza ingamba zafashwe hagamijwe umutekano wa hafi w’Abaturage mu bihe bikomeye, M23 irashima ko habaye kubahiriza kwa baturage mu turere twose tugenzurwa n’ingabo z’uyu mutwe.

Iryo tangazo rikomeza rivuga ko hafashwe izindi ngamba nshyasha ariko ko abaturage bagomba kuba maso kugira ngo barusheho kubungabunga amahoro n’umutekano.

Bagasaba ko “Hagomba kuza haba, ku menyesha mbere ubuyobozi mu mwanya hagaragaye abashaka guhungabanya umutekano.”

“Abaturage barasabwa kandi kurushaho gufatanya na serivisi zihariye hamwe n’ingabo z’i mpindura matwara z’Abanyekongo (ARC/ M23).”

Iri tangazo risoza rivuga ko “guhera tariki ya 17/02/2024 ko ubuyobozi bwa M23 bwavanirijeho abaturage amasaha yo gukora n’ingendo, ko ahubwo abaturage bemerewe gukora no gukora ingendo, amasaha 24 kuri 24.

Basoza bavuga ko ibyo byandikiwe muri teritware ya Rutsuru, ahari ibirindiro bikuru bya politike, muri M23.

Bruce Bahanda.

Tags: AbaturageArushaho kunoza ibikorwa bi bafasha kwiteza imbereBashiriweho amabwiriza mashyaBaturiye ibice bigenzurwa na M23
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana Mu gihe u Burundi bwitegura imyaka ikomeye ya politiki irimo amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027,...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23 Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Madamu Mathilde Mukantabana, yagaragaje ku mugaragaro aho u Rwanda ruhurira n’ihuriro rya...

Read moreDetails

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriwe na mugenzi we w’u...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ahagaragara, ku wa Kane tariki...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba z’ubwirinzi n’umutekano mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR utarasenywa...

Read moreDetails
Next Post
Minisitiri Vital Kamerhe, yunze mu rya perezida Félix Tshisekedi, avuga ko RDC ikwiye gutera u Rwanda.

Minisitiri Vital Kamerhe, yunze mu rya perezida Félix Tshisekedi, avuga ko RDC ikwiye gutera u Rwanda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?