Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Abaturage baturiye Pene Numbi homuri Manyema bitwikiyeho amazu agera kuri 80.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
September 27, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuntu umwe niwe bimaze kumenyekana ko yahasize ubuzima nimugihe inzu zigera kuri 80 zo zamaze gutwikwa. Ni ibyabaye kuri uyu wa Kabiri 26/09/2023, bikozwe n’abasore biyise ngo niba ‘Mboyo’ mugace bita Pene Numbi, uherereye muri Localite iri kubirometero 28 n’u Mujyi wa Kindi ku nkombe ya Fleuve Congo muri teritware ya Kailo mu Ntara ya Manyema.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Nk’uko iyi nkuru igera kuri Minembwe Capital News, byavuzwe ko habayeho kunvikana guke hagati y’abasore barimo bizihiza ibijanye n’imico yabo haje kuza n’imyemerere y’uburyo bwo gukebwa ndetse n’uburyo bikorwa hagati y’abaturiye ako karere biza kurangira habaye impaka zabyaye kurwana aho haje gupfa umuntu umwe abandi barakomereka batwika n’Amazu agera kuri 80 bayatwikishije umuriro.

Aya makuru akaba yemezwa na Komiseri Mukuru k’urwego rw’i Ntara ya Manyema.

Uyu Komiseri Mukuru
Maître Lembalemba Marcel, yagize ati: “Si n’Umva kiriya gikorwa uburyo cakozwe n’abariya basore kuko biriya tubifata nkigikorwa c’ububandi ndetse kandi gihabanye n’ibyemezo bya Guverinoma.”

Maître Marcel, yakomeje avuga ati: “Gusa ndashimira inzego zishinzwe umutekano muri aka gace kuba zarafashe u mukingi zigahagarika izo nkozi z’ibibi ntizakomeza gutwika amazu y’abaturage.”

Ubu buyobozi bw’i Ntara ya Manyema bakaba basabye ko hakorwa iperereza ry’imbitse kugira ngo abakoze ayo mabi bafatwe ndetse n’aboba babyihishe inyuma bose bafatwe.

By Bruce Bahanda.

Tariki 27/09/2023.

Tags: 80Impaka zabyaye gutwika amazuManyemaPene NumbiRdc
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

M23 yaburiye Guverinoma ya Kinshasa ko kuba iri kubashoraho intambara bisa nokw'irahuriraho umuriro waka.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?