• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, October 25, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Abaturage B’irwanaho Banzuye Ko Bakwiye Gutuza Abantu Muchohagati Chaza Rwerera.

minebwenews by minebwenews
June 6, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abaturage b’Irwanaho bo mwitsinda rya Twirwaneho, banzuye ko bakwiye gutuza abaturage Muchohagati Chaza Rwerera.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Iyinkuru yanditswe na Bruce Bahanda, kw’itariki 06.06.2023, saa 9:35am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Kuruyu wambere w’ejo hashize, abaturage b’Irwanaho bibumbiye mwitsinda rya Twirwaneho, bakoze ibiganiro byahuje abayobozi bayoboye ama Axes, mubyo baganiriye ho harimo no gutuza abaturage Muchohagati Chaza Rwerera.

Akarere ko Muchohagati Chaza Rwerera, kari muduce tugize Hauts-Plateaux, kakaba kari muri Groupement des Balala-Nord, Secteur Tanganika, kagizwe nama village cangwa Localité zitatu(3):

  1. Village Kungwe-Kamombo, Chef Muhasha lX Mututa Eléazar.
  2. Village Kamombo 1, Chef Sebatutsi Ntayoberwa.
  3. Village Luelela, Chef Watanga.

Hagize igihe havugwa ko aba Baturage bo Muchohagati Chaza Rwerera, ko bashaka gutahuka ahahoze ariwabo bakaba bari barahakuwe n’Intambara zomumyaka itandatu ishize. Bizwi ko aba bahunze muntambara zomuriyimyaka ya vuba 2016,2017,2019 ndetse na 2020, aba bakaba bari barahungiye mubicye bigize Komine Minembwe abandi bari barerekeje Indondo ho muri Groupement ya Bijombo, nkuko bivugwa nab’Anyamulenge bo mumisozi miremire y’Imulenge (High Land Of Mulenge), ho muri Kivu yamajy’Epfo.

Ahagana mukwezi kwa 4/28/2023, abakomoka muraka gace bagizwe namoko yose(Abanyamulenge, Abapfurero, Ababembe ndetse na Banyindu), bakoraniye muri Mikenke homuri teritware ya Mwenga, bemezanya kongera kubaka aka karere ko Muchohagati Chaza Rwerera, nkuko biri mucegeranyo basohoye icogihe , bikaba biri munkuru yanyuze kuri Minembwe Capital News, yatariki 29.04.2023.

Ninama yari yateguwe naba Chefs baya Mavillages yavuzwe haruguru babifashijwemo ninzego zishinzwe umutekano mumisozi miremire y’Imulenge (ANR, Fardc ndetse na PNC).

Muribi biganiro byarangiye bashizeho Komisiyo ihuriwemo nabashinzwe umutekano izabafasha gutahuka. Maze Abanyamulenge bo burubahiriza batangira gutahuka aho nyuma yubwo gato ingo z’Abanyalulenge zaratashe zivuye Indondo homuri Groupement ya Bijombo, gusa barazaga bagahitira muri Mikenke.

Mugihe abantu bari batangiye kwitabira uyu muhamagaro wokuja kubaka aka karere ko Muchohagati Chaza Rwerera, muminsi itatu ishize hatanzwe amakuru ko abo mubwoko bwa b’Apfurero badashaka kubahiriza ndetse tariki 03.06.2023, bibye Inka 8, bazibira mugace koMuchakira, zabo mubwoko bwa Banyamulenge murwego rwoguhebuza Abanyamulenge ko bo badashigikiye.

Kuruyu wambere tariki 05.06.2023, mu Mikenke hari hateguwe ibiganiro bigamije guhuza Abapfurero, Ababembe, Abanyindu n’a Banyamulenge. Ibi biganiro Abapfurero n’a Babembe banze kubyitabira.

Murubwo buryo niho abaturage b’Irwanaho bo mwitsinda rya Twirwaneho, banzuye ko bagomba gutuza aba Baturage.

Gusa haramakuru yatanzwe nabamwe mubaturage baturiye ako gace bavuga ko umugambi wogutuza aba Baturage murutwo duce ingabo za Republika ya Democrasi ya Congo (FARDC), zikorera mumisozi miremire y’Imulenge zitawushigikiye muburyo byavuzwe ko ari umugambi muremure wa leta y’iki gihugu yogusenyera Abanyamulenge (Tutsi). Bikavugwa ko boba bihishe inyuma yabapfurero bahindutse kwijambo bari bemeye mubiganiro byabanjije.

Ariko kandi ubushize Brigadier General André Ohenzo Oketi, ubwo yari yateraniye mwitorero rya Méthodiste Libre ku Kiziba, kwa Sur Tandandant Bitebetebe, yababwiye ko agiye gutuza abaturage mubice bagiye bavamo kubera intambara.

Aho yagize ati : “Nzagera Mugahwela, mbasure kandi mudufashe dutuze abaturage mumihana yabo, turashaka amahoro . Aba Kirisitu musenge kuko imbunda ntizana amahoro amahoro atangwa n’Imana.”

Tags: AxésGutuzaMuchohagati Chaza RwereraTwirwaneho
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

10 Congolese Died In Bombs In Sudan That Occurred On The International University Of Africa's Campus.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?