
Abaturage b’Irwanaho bongeye guha ubufasha abungeri b’inka kurangira Inka zabo Murwingandura.
Yanditswe na Bruce Bahanda, tariki 11.05.2023. Saa 2:45 pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Kumunsi W’ejo abaturage b’Irwanaho bahamagariye abungeri b’inka, ba karere ka Minembwe kuragira amatungo yabo Murwingandura, aha akaba aragace gaherereye Mululenge ho muri Teritware ya Fizi muri Kivu y’Epfo mugihugu cya Republika ya Demokarasi ya Congo (RDC).
Murwingandura, hakaba haravumbutse igihamba cubwatsi bw’Inka, nimugihe abungeri b’inka bomubwoko bwa Banyamulenge, bari bagize igihe bataragira Inka zabo mubwatsi bwigihamba, kubera intambara bategwa na Mai Mai, kubufasha bwingabo za FARDC.
Gusa kurubu akarere ka Minembwe karimo umutekano mwiza.
Ibi byatumye abaturage b’Irwanaho bayobowe na Colonel Rukunda Michel Makanika, baheza ubufasha abungeri b’inka kuja kurangira igihamba cubwatsi bw’Inka ahitwa Murwingandura.
Nuyumunsi abaturage b’Irwanaho mugice kiyobowe na Col Ndori Thomas, bangoye guherekeza abungeri b’inka maze bongera kuragira.
Uwaganiraga na Minembwe Capital News, yagize ati: “Twongeye kuragira Murwingandura, ikindi nuko twatwitse, mumizi yuyu musozi wo Murwingandura, naho Inka kozirarisha ruguru yumusozi . Aho turi gutwika nahabaye ikigunda . Umuhira nutangira kumera tuzatwika aho tutabashe gutwika none.”
Aha twitswe ni kuwanyamilinga(Mumizi yo kuwingandura), abasore b’irwanaho bakaba bakubise buzuye Imisozi yo Mululenge kugira ngo Inka z’imulenge zibashe kurisha neza.
Mumisozi miremire y’Imulenge hakaba hari hamaze imyaka irenga irindwi bari muntambara zurudaca, kurinone bafite amahoro numutekano mwiza bakesha I’mana yabo ikoresheje Twirwaneho.
Umwe muribo ati: “Urugamba turimo nurw’Uwiteka nuwo yabisigiye amavuta ngwagarure amahoro mumisozi miremire y’Imulenge, uwo ni Gidioni n’Intare Batinya tutibagiwe Ikimasa c’Ivuga mumajwi arindwi kivuye kwihasha ati turihafi kuzamura Ibendera ryokunesha.”





