• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Abaturage bo mu karere ka Rurambo, muri Kivu y’Epfo, batewe ubwoba n’ibirimo gukorerwa iwabo.

minebwenews by minebwenews
June 7, 2024
in World News
0
Abaturage bo mu karere ka Rurambo, muri Kivu y’Epfo, batewe ubwoba n’ibirimo gukorerwa iwabo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abaturage bo mu karere ka Rurambo, batewe ubwoba n’ibirimo gukorerwa iwabo.

You might also like

IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Kuva kuri uyu wa Kane wo kw’itariki ya 06/06/2024, mu bice byo muri Rurambo ho muri teritware ya Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, hisutse abarwanyi benshi bo mu mutwe wa Maï Maï n’indi mitwe irimo FDLR, nk’uko iy’inkuru tuyikesha abaturiye ibyo bice.

Bavuga ko aba barwanyi ko bahitiye mu birindiro bya Gumino iyobowe na Nyamusaraba wiyita Colonel, birahitwa Nyarurambi no Kwitara.

Bakaba baraje bava ahitwa Mukalungu, muri teritware ya Mwenga.

Abaturage banasobanuye ko aba barwanyi ba Maï Maï ko baje bayobowe na komanda Kitwamaja.

Kwisuka kwa Maï Maï ku bwinshi muri ibi bice byo muri Rurambo, byatumye abaturage bagira ubwoba bwinshi, bakaba bavuze ko ibi bituma aka karere kongera kubamo intambara, kandi bari bafite agahenge, nyuma y’uko aha hagiye habera intambara mu bihe bishize.

Umwe mu baturage baturiye ibyo bice yaduhaye amakuru agira ati: “Twagize ubwoba bwinshi, nyuma y’uko abarwanyi ba Maï Maï na FDLR baje muri ibi bice ari benshi.”

Yakomeje agira ati: “Kandi turatekereza ko nta kindi kibazanye usibye intambara. Aba barwanyi bakiriwe na Gumino.”

             MCN.
Tags: Abarwanyi ba Mai MaiAbaturageBatewe ubwobaRurambo
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas

by Bahanda Bruce
September 9, 2025
0
IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas

IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas Ingabo za Israel zakoze igitero gikomeye cyumvikanyemo iturika ridasanzwe, aho zakigabye i Doha muri Qatar ahari intumwa z'umutwe...

Read moreDetails

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza Ingabo za Israel (IDF) zatangaje ko zifite umugambi wo kugaba ibitero bikomeye no gusenya umujyi wa Gaza ugenzurwa n'abarwanyi bo mu...

Read moreDetails

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails
Next Post
Umutwe wa m23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, w’ungutse amaboko mashya.

Umutwe wa m23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, w'ungutse amaboko mashya.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?