Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Abakuwe Mubyabo N’intambara Bari Mubice Bya Bwiza Homuri Masisi Barasaba Guhabwa Ubufasha.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 29, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abahunze mubicye bya Kitchanga bahungira Mubwiza, barasaba Leta ya Kinshasa koyabaha ubufasha.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Yanditswe na : Bruce Bahanda, kw’itariki 29.05.2023, saa 6:15 AM, kumasaha ya Goma na Minembwe.

Bamwe mubavuye mubyabo bari ahitwa Mubwiza aha akaba ari muri Teritware ya Rutshuru, chefferie ya Bwito ho muntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mugihugu cya Republika ya Democrasi ya Congo, barasaba Leta ya Kinshasa kubaha ubufasha kimwe nizindi mpuzi ziri muri Teritware ya Nyiragongo.

Izompunzi cyangwa se abavuye mubyabo. Mumakuru dufite yizewe agera kwisoko ya MCN, yemeza ko abo bavuye mubyabo barihagati yabantu ibihumbi bitandatu namagana atanu(6500), nibihumbi birindwi (7 000).

Bakaba barahunze igihe imitwe yitwaje intwaro ikorana byahafi n’Ingabo za Republika ya Democrasi ya Congo, harimo Wazalendo bicyaga abo mubwoko bw’Abatutsi bari mubice bya Kitchanga nahitwa Burungu. Gusa aba bavuye mubyabo barimo amoko yose ab’Ahutu,Tutsi ndetse na Bahunde. Aka gace ko Mubwiza kakaba kari mumaboko y’Ingabo za EAC, zirimubutumwa bwamahoro muburasirazuba bw’iki gihugu ca Congo.

Bwiza yabanjye kubamo Impunzi zibarigwa mu 5000 aha nimugihe ubwicanyi bwari bukomereye abo mubwoko bw’Abatutsi bikavugwa ko bicwaga na Wazalendo n’a FDLR mubicye bya Burungu nomuri Kitchanga murico gihe harab’Atutsi babarigwa mumagana bishwe bazira uko baremwe. Mugihe ingabo za EACRF zageze aha muribi bice izompunzi zakomeje kwiyongera kandi zizamo amoko yose aturiye Kivu y’Amajyaruguru nkuko amakuru akomeza abivuga.

Gusa amakuru dukesha bamwe murabo bakuwe mubyabo bavuga ko izingabo za EACRF zitabatabariza kugira ngo bahabwe ubufasha kimwe nabandi bakuwe mubyabo, muminsi ishize umuvugizi w’igisirikare ca M23 yabikomojeho ubwo yavugana ga nitangaza makuru avuga ko izompunzi zitagira kirebwa .

Uburasirazuba bwa Republika ya Democrasi ya Congo, ibibazo by’intambara byakomeje gushegesha imitima yababutuye ariko ahanini bikaba byariyongeye ahagana mumpera z’umwaka w’ 2021 ubwo intambara zongeraga kubura hagati y’Ingabo za Republika ya democrasi ya Congo (FARDC) numutwe w’itwaje intwaro wa M23.

Iz’intambara zatumye ibihumbi amagana bakugwa mubyabo abandi barapfa.

Tags: Abakuwe mubyaboBwizaMasisiWazalendo
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Muri Parike Ya Virunga Muri RDC Haraye Hishwe Abarinzi Babiri Barashwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?