• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abigeze kuba abategetsi muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, harimo na Justin Bitakwira bashinjwe kurya ruswa.

minebwenews by minebwenews
April 26, 2024
in Regional Politics
0
Abigeze kuba abategetsi muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, harimo na Justin Bitakwira bashinjwe kurya ruswa.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Justin Bitakwira wahoze ari minisitiri w’iterambere ry’icyaro muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, yashinjwe kurya ruswa yakayabo k’idolari z’Amerika.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni amakuru mashya yashizwe hanze na minisitiri w’imari uriho ubu kuri ubu butegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi Tshilombo.

Yahishuye ko minisitiri w’imari yatsimbuye kuri uyu mwanya ari we Sele Yalanguli hamwe na Justin Bitakwira, ubwo bari ba minisitiri mu gihe cyabo bariye ruswa yakayabo k’idolari z’Amerika zingana na 400.

Minisitiri w’imari uriho ubu avuga ko ay’amakuru ya yamenyeshejwe n’abakozi bakora muri minisiteri y’imari, iyo abereye umuyobozi mukuru muri iki gihe.

Sele Yalanguli washinjwe kwa kira ruswa yahoze ari minisitiri w’imari muri RDC, yayoboye kuva mu mwaka w’ 2019 kugeza mu mwaka w’ 2021. Avuka mu Ntara ya Ubangi y’Amajy’epfo, akaba yarabonye izuba kuya 24/08/1968.

Mu gihe Justin Bitakwira nawe ushinjwa kurya ruswa yahoze ari minisitiri w’iterambere ry’icyaro, yayoboye hagati muri iyo myaka, ariko we avuka mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu gace ka Lemera ho muri teritware ya Uvira. Avuka mu bwoko bw’Abapfurelo.

Justin Bitakwira azwiho kugomesha ubwoko avuka mo no kubukangurira kwanga Abanyamulenge n’Abatutsi bose muri rusange.

Ni kenshi Justin Bitakwira yagiye yumvikana mu gukoresha imvugo z’u rwango, aho ndetse mu minsi ishize yahamagajwe mu nkiko kwisigura ku mvugo zurwango zibiba amacakubiri mu moko aturiye u Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

             MCN.
Tags: Arashinjwa kurya ruswaJustin Bitakwira
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Umutwe wa M23 wa maganye ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa, rya gabye ibitero biremereye mu baturage, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Umutwe wa M23 wa maganye ihuriro ry'Ingabo z'ubutegetsi bwa Kinshasa, rya gabye ibitero biremereye mu baturage, mu Ntara ya Kivu y'Amajyaruguru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?