Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

Umuhanuzi w’Imana yatanze ubuhanuzi bukomeye, akaba yabugeneye abo mu Barasirazuba bwa RDC.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 11, 2025
in Religion
0
Umuhanuzi w’Imana yatanze ubuhanuzi bukomeye, akaba  yabugeneye abo mu Barasirazuba bwa RDC.
135
SHARES
3.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuhanuzi w’Imana yatanze ubuhanuzi bukomeye, akaba yabugeneye abo mu Barasirazuba bwa RDC.

You might also like

Perezida Kagame yagiriye inama abishora mu businzi.

Twirwaneho yatashye ikanisa ryayo rishyashya.

Iyerekwa ridasanzwe Munyaburanga aheruka guhabwa.

Umuhanuzi w’Imana uzwi cyane mu bwoko bw’Abanyamulenge bo mu Burasizuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Sadoki Kavoma, yavuze ko aheruka guhabwa ubuhanuzi n’Imana imusaba gukangurira benewabo kwitabira amahugurwa ari mugukorwa n’ihuriro rya AFC ribarizwamo umutwe wa M23 n’uwa Twirwaneho.

Nibyo umuhanuzi w’Imana Kavoma yagarutseho ku mugoroba w’ahar’ejo ku wa gatandatu tariki ya 10/05/2025, ubwo yagiranaga ikiganiro na Minembwe Capital News, cyari ikiganiro kigaruka ku buhanuzi buvuga ku masezerano Imana yagiye ivuga ku ntambara zibera mu Burasizuba bwa Congo.

Muri iki kiganiro yavuze ko abantu bagomba kumenya ko mu bimenyetso Imana yatanze kugira ngo igihugu cyacu kigera ku mahoro arambye, hasigaye kimwe.

Avuga ko icyo kimenyetso gisigaye ko ari urusaku ruzaba i Kinshasa kandi ko nyuma yarwo “Intara” zizahita zitangaza kwikukira.

Ndetse agaragaza ko hazabanza gutangaza Katanga, hagakurikira Kasai, maze ngo nyuma u Burasirazuba bw’iki gihugu nabwo bugatangaza igihugu gishya.

Ikindi yavuze ni intambara izabera ku mushashya ubwo ni Uvira, Plaine Dela Ruzizi n’umuhanda wa Uvira-Baraka. Iyi yavuze ko nayo irimo kuba ariko ko izafata intera ubwo i Kinshasa hazaba urusaku. Yanasobanuye ko uru rusaku ruzanasiga ruhitanye ubuzima bw’umuyobozi ukomeye mu butegetsi bw’i Kinshasa.

Aha niho yahise agaruka ku mahugurwa AFC/M23 irimo guresha, avuga ko neza ko ari umwuka w’Imana wabimuhishyuriye, kandi ko yamusabye kubikangurira abo mu Burasizuba bwa Congo cyane cyane benewabo Abanyamulenge, ngo kuko yamusabye kuyitabira no kuyashigikira.

Yagize ati: “Iki n’igihe cyo kwiga ni gihe cyo gukurikira ariya mahugurwa arimo kuba. Ubwoko bwacu dukanguke, kuko hari abantu bari muguca abandi intege, ngurabona biriya ngo twebwe, ibiki….. Izo Ntekerezo sizo. Intekerezo nyazo ni ukwemera kuyoboka ubuyobozi.”

Yongeyeho ati: “Abantu bemere kuyoboka, bemere kuyoborwa. Abantu biyumvemo ko igikorwa ko ari kiriya. Kandi iseserano ryacu kurigeraho ni ririya, erega Imana iravuga ko ariyo ntangiriro kandi arinawo mutwe. Kandi n’i gihimba kirikuza inyuma. Imana kiravuga ko iki gihe ko aricyo cyo gutabarwa kwacyu. Intambara ziwacu zigiye kurangira, kandi hari ni gihe mutazanamenya n’igihe zarangiye kuko ari ubu.”

Yashimangiye ibi agira ati: “Mwe kuvuga ngo ni iby’ubuhanuzi, bizatinda. Oya ni ubu.”

Yakomeje avuga ko abafite ubwenge abifuza kuzaba Abanyapolitiki cyangwa bumva ko babifitiye umuhamagaro umwanya ni uyu, ariko ko kugira ngo muzabigereho ni uko mubanza guca mu mahugurwa.

Uyu mukozi w’Imana ubwo twari mu kiganiro twanamubajije kubya masezerano y’amahoro y’i Doha na ya Washington DC, ko hoba haricyo Imana iyavugaho? Igisubizo yatanze avuga ko ibyayo bizashyirira mu biganiro kandi ko nyuma y’ibiganiro nta kindi kiyitezwemo.

Ati: “Ari ya yo azashyirira mu biganiro. Nyuma y’ibiganiro nta kindi cyitezwe.”

Yasoje iki kiganiro avuga ko ibyo yavuze byose ko yabibwirijwe n’umwuka w’Imana, ati: “Ni umwuka wambwiye ku bibwira benewacu bo mu Burasizuba bwa Congo, ahanini Abanyamulenge.”

Tubibutsa ko amahugurwa akorwa n’ihuriro rya AFC/M23, ahanini abahugurwa bahugurirwa kuba abakada, kandi bakabihugurirwa mu gihe kimara iminsi iri hagati y’amezi atatu n’ukwezi kumwe. Bikanabera mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Tags: AbanyamulengeAFC/m23AmahugurwaKavomaUbuhanuzi
Share54Tweet34Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yagiriye inama abishora mu businzi.

by Bruce Bahanda
July 6, 2025
0
Perezida Kagame yaburiye abavuga ko bazatera u Rwanda.

Perezida Kagame yagiriye inama abishora mu businzi. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yagiriye inama urubyiruko rwishora mu businzi, arubwira ko ahubwo rukwiye gukora rukiteza imbere ngo kuko...

Read moreDetails

Twirwaneho yatashye ikanisa ryayo rishyashya.

by Bruce Bahanda
June 29, 2025
0
Twirwaneho yatashye ikanisa ryayo rishyashya.

Twirwaneho yatashye ikanisa ryayo rishyashya. Mu Rugezi ho muri teritware ya Fizi mu ntara ya Kivu y'Amajyepfo, umutwe wa Twirwaneho n'uwa M23 bihagenzura, byatashye urusengero rwabo rushya, nk'uko...

Read moreDetails

Iyerekwa ridasanzwe Munyaburanga aheruka guhabwa.

by Bruce Bahanda
June 27, 2025
0
Imana yongeye kuvuga ku ntambara ikomeje kubera mu Burasirazuba bwa RDC, ivuga no kuri Twirwaneho na M23.

Iyerekwa ridasanzwe Munyaburanga aheruka guhabwa. Charles Munyaburanga uri mu Banyamulenge bakora ivugabutumwa hirya no hino ku isi, yahawe iyerekwa ridasanzwe ubwo yari mu masengesho asengera igihugu cye cya...

Read moreDetails

Imana yongeye kuvuga ku ntambara ikomeje kubera mu Burasirazuba bwa RDC, ivuga no kuri Twirwaneho na M23.

by Bruce Bahanda
June 23, 2025
0
Imana yongeye kuvuga ku ntambara ikomeje kubera mu Burasirazuba bwa RDC, ivuga no kuri Twirwaneho na M23.

Imana yongeye kuvuga ku ntambara ikomeje kubera mu Burasirazuba bwa Congo, ivuga no kuri Twirwaneho na M23. Ubuhanuzi bukomeye kuri Twirwaneho na M23 bwatanzwe n'Umuhanuzi w'Imana uri mu...

Read moreDetails

Ibyo wamenya ku giterane kidasanzwe, cyanitabiriwe n’abayobozi ba Twirwaneho na M23 mu Minembwe.

by Bruce Bahanda
June 23, 2025
0
Ibyo wamenya ku giterane kidasanzwe, cyanitabiriwe n’abayobozi ba Twirwaneho na M23 mu Minembwe.

Ibyo wamenya ku giterane kidasanzwe, cyanitabiriwe n'abayobozi ba Twirwaneho na M23 mu Minembwe. Abanya-Minembwe barimo n'abayobozi batandukanye bari bitabiriye igiterane cyari kigamije gushima Imana ku bintu bitatu Imana...

Read moreDetails
Next Post
Ingabo z’u Burundi zagize uruhare mu kugarura zimwe mu nka zarizanyazwe.

Ingabo z'u Burundi zagize uruhare mu kugarura zimwe mu nka zarizanyazwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?