• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, December 4, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Abo muri Oposisiyo Nabategetsi Ba RDC Barashinjanya Kuroho Igihugu Mumuriro.

minebwenews by minebwenews
June 8, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abasesengura bakurikirana politike ya Rdc bemeza ko umutwe wa M23 ushobora kuzisanga mu nyungu mu gihe ibintu byakomeza kuyangara muri leta y’iki gihugu, kuko isaha n’isaha umuriro ushobora kwaka.

You might also like

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Naho uwahoze ari President Joseph Kabila, yatangiye kugerwa amajanja ashinjwa gukorana n’u butegetsi bwa Kigali.

Nimugihe aherutse koherereza intumwa zirimo President Paul Kagame n’abandi bakuru b’ibihugu bomu karere ,aho yagarutse ku ngingo zikomeye zireba igihugu cye n’ahazaza ha Repubulika ya Demukarasi ya Congo, akaba ashinja uwamutsimbuye gukoresha igitugu.

Kuruyu wa Kane ( 4) ho, byavuzwe ko urugo rwa Moise Katumbi rwasatswe nabashinzwe Iperereza ( ANR), bakaba basatse urugo ruherereye mu gace ka Ngaliema i Kinshasa, nk’uko byemejwe n’umunyamategeko we.

Ubwo Isaka ryarimo rikorwa yagize ati: “Abakozi b’urwego rw’ubutasi kuri ubu barimo gusaka urugo rwa Moïse Katumbi, aho we n’abagize itsinda rye bamaze iminsi bacumbitse.”

Umunyamategeko wa Katumbi yamaganye icyo yise “Urugomo rw’ubudacogora” ubutegetsi bw’i Kinshasa bukomeje gukorera umukiriya we.

Umwe mu bantu ba hafi ya Katumbi yabwiye itangazamakuru ryo muri Congo ko ubwo urugo rw’uyu munyapolitiki rwasakwaga atari ahari.

Hakaba hibazwa niba umukino uri gukinwa utazahitana bamwe mu bakinnyi cyangwa ugasiga iki gihugu gicitsemo ibice, hakaba habaho Repubulika ya Katanga cyangwa iya Kivu.

Naho Ihuriro rya LAMUKA rihuriwemo n’amashyaka atavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, rirashinja ubutegetsi bwa Kinshasa kugambirira gushora igihugu mu muriro n’amaraso.

Ni ibyatangajwe na Matthieu Kalele kuri ubu uyoboye ririya huriro ribarizwamo umunyapolitiki Martin Fayulu.

Abadepite bo mu ishyaka UPDS rya Tshisekedi muri iki cyumweru batoye umushinga w’itegeko ryemera ko ibyicaro byamatora y’abagize Inteko Ishinga Amategeko, aya ba Guverineri b’intara, ay’abayobozi b’imijyi, ab’ama komine ndetse n’ab’inzego z’ibanze.

Ni itegeko ryamaganiwe kure na Opozisiyo, ikavuga ko rigamije gufasha ubutegetsi buriho kugundira ubuyobozi.

Iri huriro ryasabye amahanga kotsa igitutu Komisiyo y’amatora (CENI) kugira ngo amatora ateganyijwe muri RDC mu mezi atandatu ari imbere azabe mu mucyo.

Ryunzemo riti: “LAMUKA ifashe uyu mwanya ngo yibutse abanyagihugu ndetse n’amahanga ko intego ya president Tshisekedi ari ugukomeza guteza ibibazo mu nzego z’ubuyobozi mu rwego rwo gushora Igihugu mu mvururu no kudatera imbere kuva cyabona ubwigenge.”

Tags: BarashinjanyakurohaOposiyoRdcumuriro
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails
Next Post

CANADA : Québec To Receive International Assistance To Battle The Furious Wildfire.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?