• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abo mw’ishyaka rya FCC, bagize icyo batangaza kuri minisitiri w’umutekano wari watangaje ko FCC, itagomba kugira icyo ivuga!

minebwenews by minebwenews
December 27, 2023
in Regional Politics
1
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Batatu (3), mu bayobozi ba FCC, basubije minisitiri w’umutekano, wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Peter Kazadi, wari watangaje ko abo mw’ishyaka rya FCC, ko bagomba guceceka ku bikomeje gutangazwa ko Amatora yo kw’itariki 20/12/2023, atagenze neza!

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Mu baje gusubiza minisitiri w’umutekano harimo Francine Muyumba, wagize ati: “FCC, nti gomba guceceka kuko ibiri kugaragara none , FCC yo, yabibonye kera, aribyo byatumye yanga kwinjira mu matora, bityo rero tugomba kuvuga.”

Uwitwa Marie Ange Mushobekwa, nawe ati: “Kuri ubu bya maze kugaragara ko FCC, ifite ukuri, abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Félix Tshisekedi, bari gusaba ko Amatora yo kw’i tariki 20/12/2023, ateshwa agaciro, hakongera kuba Amatora bundi bushya.”

Uwitwa Félix Momat, yagize ati: “N’inde ugomba guceceka hagati ya FCC na leta ya perezida Félix Tshisekedi? Mu menye ko leta ya perezida Félix Tshisekedi, yateguye Amatora muburyo bwa magendu, aribyo byatumye igihugu cyose gihinduka urusaku!!”

Yunzemo kandi ati: “Tugomba kuvuga kuko igihugu kiri kuja mukaga. Isoni zizakora ubutegetsi bwa Félix Tshisekedi.”

Amajwi y’agateganyo akomeje gutangazwa na Komisiyo y’amatora CENI, agenda agaragaza ko Félix Tshisekedi, ariwe uza kwisonga. Ibi bya tumye abakandida batavuga rumwe n’ubutegetsi bategura imyigaragambyo simusiga, iyo leta ya Kinshasa yanze ko iba kugeza ubu abashinzwe umutekano bafunze i mihanda yose kugira imyigaragambyo ntibe.

Hagati aho amashirahamwe atandukanye muri RDC, akomeje kwamagana CENI, no gusabisha ko Denis Kadima, ahagarikwa ndetse agatabwa muriyombi.

Bruce Bahanda.

Tags: FCCMinisitiri w'u mutekanoMuyumbaPeter Kazadi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post

I Kinshasa, Polisi yakoresheje i mbaraga z'umurengera, mu guharika, imyigaragambyo, yateguwe n'abarimo Martin Fayulu na Dr Denis Mukwege.

Comments 1

  1. Gasore says:
    2 years ago

    Opposition iba ahandi naho Congo wapi bazamufungire Murugo iwe batangaze Katumbi naho idomo rya bacongomani wapi

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?