• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, January 13, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

AFC/M23 ikomeje kwegera Mwenga-Centre na Kamituga

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
November 26, 2025
in Conflict & Security
0
AFC/M23 ikomeje kwegera Mwenga-Centre na Kamituga
76
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

AFC/M23 ikomeje kwegera Mwenga-Centre na Kamituga

You might also like

Abagore Barenga Umunani Bapfiriye mu Bikorwa by’Ubuvuzi Butemewe muri Kivu y’Amajyepfo

AFC/M23 Irashinja FARDC Kugaba Ibitero bya Drone mu Minembwe, Ibyo Bikaba Byakajije Impungenge ku Mutekano w’Abasivili

Imirwano Ikaze Hagati ya AFC/M23 na FARDC Yateye Impunzi Nyinshi mu Baturage

Amakuru akurwa mu bice bitandukanye by’Intara ya Kivu y’Amajyepfo yemeza ko abarwanyi b’umutwe wa AFC/M23 bakomeje kwagura icyerekezo cy’imirwano, aho bari kwegera cyane agace ka Mwenga-Centre ndetse n’igice cya Kamituga, kizwi mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro.

Abaturiye ibyo bice byo muri teritware ya Mwenga bavuga ko abarwanyi b’uyu mutwe bageze mu bilometero hafi 30 gusa uvuye Mwenga-Centre, ndetse mu bilometero 75 uvuye mu mujyi wa Kamituga. Ibi bifatwa nk’ikimenyetso ko ibikorwa bya gisirikare bya AFC/M23 bikomeje kwaguka mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

Abaturage bo mu duce duhurira hagati ya Mwenga-Centre na Kamituga, ndetse no mu nkengero z’utwo duce, bavuga ko guhungana hagati y’ibgabo za leta n’uyu mutwe biri gufata indi ntera. Gusa amakuru amwe yemeza ko abantu bari guhunga ku bwinshi kubera ubwoba bw’imirwano ishobora kwiyongera mu minsi iri imbere.

Umwe mu baturage waganiriye n’itangazamakuru yagize ati:

“Buri munsi turi mukumva ibiturika, kandi tukumva ko abarwanyi bagite imbaraga. Abenshi muri twe bagahitamo guhunga mbere y’uko ibintu bikomeza gukara. Ubundi kandi umutekano si mwiza na gato.”

Kugeza ubu, inzego z’umutekano n’ubuyobozi bw’akarere ka Mwenga ntibiratanga amakuru arambuye ku mibereho y’iki gice cyangwa uko biteganyijwe ko imirwano ishobora gukomeza.

Nubwo Leta ya RDC itaratangaza ku mugaragaro uko isesengura ibi birimo kuba, abahanga mu bijyanye n’umutekano bibutsa ko kwaguka kw’ibi bikorwa bya gisirikare bishobora guhungabanya cyane imiterere y’umutekano wa Kivu y’Epfo.

Aha baravuga ko hari impungenge z’uko imirwano ishobora kugera mu bice bitari bimenyerewemo intambara, bigatuma kandi n’ ingabo za leta zisubira inyuma cyangwa zigatakaza ibindi birindiro by’ingenzi.

Ibi bibaye mu gihe abaturage bavuga ururimi rw’Ikinyarwanda mu bice bya Mwenga, Itombwe n’ahandi, bakomeje gutungwa agatoki n’imitwe ya Wazalendo n’indi nka FDLR, ibashinja gukorana n’AFC/M23 cyangwa Twirwaneho. Ibyo bashinjwa byakomeje kubagiraho ingaruka, harimo gutotezwa, kwicwa no kunyagwa imutungo yabo.

Ibi kandi byongera ubwoba mu baturage b’Abanyamulenge n’abandi bavuga Ikinyarwanda, bagakomeza gutakambira inzego mpuzamahanga kugira ngo zigenzure imitere y’umutekano ikomeje kuzamba muri Kivu y’Amajyepfo.
Abasesenguzi bakavuga ko ibi bishobora gufungura indi mirongo y’ubwiyongere bw’intambara muri iyi ntara ya Kivu y’Amajyepfo.

Tags: AFC/m23Mwenga centre
Share30Tweet19Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Abagore Barenga Umunani Bapfiriye mu Bikorwa by’Ubuvuzi Butemewe muri Kivu y’Amajyepfo

by Bahanda Bruce
January 13, 2026
0
Abagore Barenga Umunani Bapfiriye mu Bikorwa by’Ubuvuzi Butemewe muri Kivu y’Amajyepfo

Abagore Barenga Umunani Bapfiriye mu Bikorwa by’Ubuvuzi Butemewe muri Kivu y’Amajyepfo Mu kwezi kwa cumi nabiri 2025, abagore icyenda bapfiriye mu bigo bitandukanye by’ubuvuzi biherereye muri teritware ya...

Read moreDetails

AFC/M23 Irashinja FARDC Kugaba Ibitero bya Drone mu Minembwe, Ibyo Bikaba Byakajije Impungenge ku Mutekano w’Abasivili

by Bahanda Bruce
January 12, 2026
0
AFC/M23 Irashinja FARDC Kugaba Ibitero bya Drone mu Minembwe, Ibyo Bikaba Byakajije Impungenge ku Mutekano w’Abasivili

AFC/M23 Irashinja FARDC Kugaba Ibitero bya Drone mu Minembwe, Ibyo Bikaba Byakajije Impungenge ku Mutekano w’Abasivili Ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), kuri uyu...

Read moreDetails

Imirwano Ikaze Hagati ya AFC/M23 na FARDC Yateye Impunzi Nyinshi mu Baturage

by Bahanda Bruce
January 12, 2026
0
Imirwano Ikaze Hagati ya AFC/M23 na FARDC Yateye Impunzi Nyinshi mu Baturage

Imirwano Ikaze Hagati ya AFC/M23 na FARDC Yateye Impunzi Nyinshi mu Baturage Abaturage bo duce twa Humura na Rutoboko, turi mu gice cya Nyamaboko ya Mbere, muri grupema...

Read moreDetails

AFC/M23 Yasabye Ibisobanuro kuri Gahunda ya Luanda mu gihe Angola yongera imbaraga mu buhuza ku kibazo cy’umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
January 12, 2026
0
AFC/M23 Yasabye Ibisobanuro kuri Gahunda ya Luanda mu gihe Angola yongera imbaraga mu buhuza ku kibazo cy’umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

AFC/M23 Yasabye Ibisobanuro kuri Gahunda ya Luanda mu gihe Angola yongera imbaraga mu buhuza ku kibazo cy’umutekano mu Burasirazuba bwa RDC Ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi...

Read moreDetails

U Burundi Bwohereje Ingabo Nyinshi i Kalemie, Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC Urushaho Guhungabana

by Bahanda Bruce
January 12, 2026
0
U Burundi Bwohereje Ingabo Nyinshi i Kalemie, Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC Urushaho Guhungabana

U Burundi Bwohereje Ingabo Nyinshi i Kalemie, Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC Urushaho Guhungabana Hagati ya tariki 29/12/2025 na 04/01/2026, na nyuma yaho, u Burundi bwohereje ingabo nyinshi...

Read moreDetails
Next Post
Ingabo z’u Burundi Zahakanye Ibirego byo Kugaba Ibitero no Gufunga Minembwe

Ingabo z’u Burundi Zahakanye Ibirego byo Kugaba Ibitero no Gufunga Minembwe

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?