• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, October 29, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

AFC/M23 ivuze ku bya Uvira ni cyihutirwa kuri yo

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
September 9, 2025
in Conflict & Security
0
AFC/M23 ivuze ku bya Uvira ni cyihutirwa kuri yo
107
SHARES
2.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

AFC/M23 ivuze ku bya Uvira ni cyihutirwa kuri yo

You might also like

Abantu 9 biciwe mu gace kamwe ko muri Rutshuru

Abapolisi bakuru bo mu b’u Burundi bakorera mu Gatumba bafunzwe

MSF yagize icyo ivuga ku mirwano iheruka hagati ya AFC/M23 na Wazalendo i Nyabiondo

Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, ryatangaje ko igisirikare cy’iki gihugu n’icy’u Burundi byabagabyeho ibitero, kandi ko ibyo bitero byateguriwe i Bujumbura mu Burundi n’i Uvira muri Kivu y’Amajyepfo, bityo ko rigiye kuhavugutira umuti.

Ni amakuru akubiye mu itangazo iri huriro rya AFC/M23 ryashyize hanze ku mugoroba w’ahar’ejo tariki ya 08/09/2025.

Muri ryo tangazo AFC/M23 yagize iti: “Mu gitondo cya kare cyo ku wa mbere, abarwanyi bishyize hamwe ba RDC, bagizwe na FARDC, FDNB, Mai Mai, abacanshuro, bagabye ibitero mu buryo bwagutse ku birindiro byacu.”

Rikomeza riti: “Ibyo bitero, biri gutegurirwa muri Uvira n’i Bujumbura, biri kugabwa mu bice bituwe cyane n’abaturage, biri kwifashishwamo intwaro zikomeye na drones.”

AFC/M23 ikavuga ko idashobora kwihanganira aya mabi ari gukorwa n’uruhande rwa Leta y’i Kinshasa n’iy’u Burundi yo kwica abaturage. Muri ubwo buryo rikaba rigiye kuvugitira umuti abo bahanganye.

Ati: “AFC/M23 irabwiza abaturage n’umuryango mpuzamahanga ko yiyemeje ubushake budasubirwaho bwo kurinda abaturage b’abasivili, no kubarwanaho, ndetse no kuburizamo ibitero byose, ku isoko aho bituruka.”

Ibi bitero bikozwe mu gihe AFC/M23 yari igize igihe itanga impuruza ko uruhande rwa Leta ya Congo ruri gutegura intambara ikomeye yo kurimbura bamwe mu Banye-Congo, kuko abasirikare b’u Burundi n’aba RDC bakomeje ko herezwa cyane mu bice bitandukanye, birimo n’ibyo ku misozi ituyeho Abanyamulenge.

Bikavugwa ko kubera ibyo, AFC/M23 yiyemeje guhangana bikomeye n’abo bahanganye, ndetse no gufata Umujyi wa Uvira uherereye mu ntera ngufi uvuye mu mujyi wa Bujumbura mu gihugu cy’u Burundi, uwo izi ngabo zifashisha zigaba ibitero.

Tags: AFC/m23BurundiRdcUvira
Share43Tweet27Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Abantu 9 biciwe mu gace kamwe ko muri Rutshuru

by Bahanda Bruce
October 29, 2025
0
Abantu 9 biciwe mu gace kamwe ko muri Rutshuru

Abantu 9 biciwe mu gace kamwe ko muri Rutshuru Abantu icyenda barimo n'umwana w'umukobwa biciwe mu gace ka Bishusha gaherereye muri teritware ya Rutshuru mu ntara ya Kivu...

Read moreDetails

Abapolisi bakuru bo mu b’u Burundi bakorera mu Gatumba bafunzwe

by Bahanda Bruce
October 29, 2025
0
Abapolisi bakuru bo mu b’u Burundi bakorera mu Gatumba bafunzwe

Abapolisi bakuru bo mu b'u Burundi bakorera mu Gatumba bafunzwe Abapolisi bakuru b'u Burundi bakorera mu Gatumba ku mupaka uhuza iki gihugu n'icya Repubulika ya demokarasi ya Congo...

Read moreDetails

MSF yagize icyo ivuga ku mirwano iheruka hagati ya AFC/M23 na Wazalendo i Nyabiondo

by Bahanda Bruce
October 29, 2025
0
MSF yagize icyo ivuga ku mirwano iheruka hagati ya AFC/M23 na Wazalendo i Nyabiondo

MSF yagize icyo ivuga ku mirwano iheruka hagati ya AFC/M23 na Wazalendo i Nyabiondo Ishirahamwe ry'abaganga batagira umupaka, MSF, ryatangaje ko imirwano iheruka kubera mu gace ka Nyabiondo,...

Read moreDetails

AFC/M23 yongeye kwishimirwa nyuma y’ibyo ikomeje kuzana mu karere igenzura

by Bahanda Bruce
October 28, 2025
0
AFC/M23 yongeye kwishimirwa nyuma y’ibyo ikomeje kuzana mu karere igenzura

AFC/M23 yongeye kwishimirwa nyuma y'ibyo ikomeje kuzana mu karere igenzura Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, ryazanye "transfomer nshya y'amashanyarazi,"...

Read moreDetails

I Kinshasa harikubera imyigaragambyo ikaze, inasaba abayobozi bamwe kwegura

by Bahanda Bruce
October 28, 2025
0
I Kinshasa harikubera imyigaragambyo ikaze, inasaba abayobozi bamwe kwegura

I Kinshasa harikubera imyigaragambyo ikaze, inasaba abayobozi bamwe kwegura Mu mujyi wa Kinshasa muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, uri kuberamo imyigaragambyo, aho abayirimo banasaba minisitiri w'Ubugenzuzi, Mark...

Read moreDetails
Next Post
RDC: Ababarirwa mu mirongo bishwe na ADF

RDC: Ababarirwa mu mirongo bishwe na ADF

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?