• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, March 5, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

AFC/M23/MRDP yigaruriye uduce dushya muri Shabunda, imirwano irarushaho gukomera muri Kivu y’Amajyepfo

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
November 25, 2025
in Conflict & Security
0
AFC/M23/MRDP yigaruriye uduce dushya muri Shabunda, imirwano irarushaho gukomera muri Kivu y’Amajyepfo
67
SHARES
1.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

AFC/M23/MRDP yigaruriye uduce dushya muri Shabunda, imirwano irarushaho gukomera muri Kivu y’Amajyepfo

You might also like

AFC/M23 Yashinje Ingabo za Leta ya Congo Kurasa mu Baturage i Kisangani

Abasore 14 b’Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kinshasa Bafunguwe Nyuma y’Igihe Kinini Babazwa ku Buzima Bwabo

Umunyamerika Swan Yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO

Imirwano ikaze hagati y’ingabo za Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) n’ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho yakomeje gufata indi ntera ku wa mbere, aho uyu mutwe wigaruriye uduce tw’ingenzi twa Kimbili na Nyarubemba, biherereye muri teritwari ya Shabunda, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo.

Amakuru yatangajwe n’abaturage bo muri ako gace, avuga ko Kimbili na Nyarubemba biri mu majyepfo ya Shabunda byafashwe na AFC/M23/MRDP nyuma y’imirwano yamaze amasaha menshi.

Abatangabuhamya bavuga ko intambara ikomeye yabereye mu bice bya Gurupema ya Bamuguba y’Amajyepfo, muri Sheferi ya Basiki. Ni ho ingabo za FARDC zari zihanganye n’AFC/M23/MRDP-Twirwaneho mu mirwano yasize ibi bice bigenzurwa n’uyu mutwe uhanganye na Leta.

Kugeza ubu, amakuru agera kuri Minembwe Capital News agaragaza ko AFC/M23/MRDP kuri ubu igenzura uduce turenga dutatu muri Shabunda, harimo n’agace ka Mai Mingi iherutse kwigarurira. Ibi bivuze ko imbaraga z’uyu mutwe zikomeje kwiyongera muri iyi ntara imaze imyaka myinshi ihangayikishijwe n’umutekano muke.

Ku wa mbere kandi, AFC/M23/MRDP yongeye kwigarurira Kilingutwe, agace kari muri Sheferi ya Luindi, muri teritwari ya Mwenga, hafi y’uruzi rwa Kilingutwe. Ibi bibonwa nk’urundi rugero rugaragaza ko ibikorwa by’uyu mutwe bikomeje kwaguka mu Burasirazuba bwa Congo, by’umwihariko muri Kivu y’Amajyepfo.

Imirwano iracyakomeza mu bice bitandukanye, mu gihe abaturage bakomeje gutabariza ubuzima bwabo n’umutekano uri kurushaho guhungabana.

Tags: AFC/M23/MRDP-TWIRWANEHOYafashe duce two muri Shabunda
Share27Tweet17Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

AFC/M23 Yashinje Ingabo za Leta ya Congo Kurasa mu Baturage i Kisangani

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
AFC/M23 Yashinje Ingabo za Leta ya Congo Kurasa mu Baturage i Kisangani

AFC/M23 Yashinje Ingabo za Leta ya Congo Kurasa mu Baturage i Kisangani Umutwe wa AFC/M23 watangaje ko utewe impungenge n’ibikorwa by’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC)...

Read moreDetails

Abasore 14 b’Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kinshasa Bafunguwe Nyuma y’Igihe Kinini Babazwa ku Buzima Bwabo

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Abasore 14 b’Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kinshasa Bafunguwe Nyuma y’Igihe Kinini Babazwa ku Buzima Bwabo

Abasore 14 b’Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kinshasa Bafunguwe Nyuma y’Igihe Kinini Babazwa ku Buzima Bwabo Amakuru aturuka mu murwa mukuru wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Kinshasa, aravuga...

Read moreDetails

Umunyamerika Swan Yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Umunyamerika Swan Yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO

Umunyamerika Swan Yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO Umunyamerika James Swan yagizwe Umuyobozi Mukuru w’Ubutumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bushinzwe kubungabunga amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, buzwi nka MONUSCO, asimbuye...

Read moreDetails

AFC/M23 Yahanganye Bikomeye na FARDC, FDLR, Wazalendo n’Ingabo z’u Burundi mu Bice bya Kabunambo

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
AFC/M23 Yahanganye Bikomeye na FARDC, FDLR, Wazalendo n’Ingabo z’u Burundi mu Bice bya Kabunambo

AFC/M23 Yahanganye Bikomeye na FARDC, FDLR, Wazalendo n’Ingabo z’u Burundi mu Bice bya Kabunambo Amakuru aturuka mu gace ka Kimuka, kari muri Groupement ya Kabunambo, muri Teritwari ya...

Read moreDetails

Imirwano Ikomeye Yadutse i Mwenga muri Kivu y’Epfo: AFC/M23 Ihanganye n’Ihuriro rya FARDC, Ingabo z’u Burundi, FDLR na Wazalendo

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Igitero Kiyobowe na Omari Cyasubijwe Inyuma na MRDP–Twirwaneho mu Mirwano Ikaze ku Ndondo

Imirwano Ikomeye Yadutse i Mwenga muri Kivu y’Epfo: AFC/M23 Ihanganye n’Ihuriro rya FARDC, Ingabo z’u Burundi, FDLR na Wazalendo Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki ya...

Read moreDetails
Next Post
BREAKING NEWS: Abantu barenga batatu nibo bahitanwe n’imirwano yabaye mu ijoro muri Uvira

Uvira: Komanda Lunyuki Waruzwi Cyane Yapfuye

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?