• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, October 15, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

AFC/M23 ntikigiye mu biganiro by’i Doha, hanamenyekanye n’impamvu.

minebwenews by minebwenews
August 7, 2025
in Conflict & Security
0
AFC/M23 igiye gushinga inzego z’ubutabera mu bice igenzura.
107
SHARES
2.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

AFC/M23 ntikigiye mu biganiro by’i Doha, hanamenyekanye n’impamvu.

You might also like

RDC yagaragaje ko nta bushake ifite bwo kugirana amahoro na AFC/M23/MRDP nyuma y’ibisasu yateye

AFC/M23 yasubije abibaza ko bashaka ubwigenge bwa Kivu zombi

Col.Ntagawa wari wahamagajwe igitaraganya yagarutse mu birindiro bye

Ibiganiro bihuriramo umutwe wa AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa, uyu mutwe wagaragaje ko utakibyitabiriye, nk’uko wabigaragaje.

AFC/M23 yavuze ko itazitabira biriya biganiro by’i Doha ngo kubera ko RDC yanze gufungura imfungwa 700 zayo.

Byari biteganyijwe ko ku wa gatanu w’iki cyumweru impande zombi zizahurira muri Qatar, ariko abo ku ruhande rwa AFC/M23 bavuga ko batazabyitabira.

Abari ku byitabira barimo Maitre Rene Abandi na Amani Kabasha. Aba aho kuja i Doha bagaragaye berekeje i Bukavu muri Kivu y’Amajyepfo.

Ni mu gihe babonywe bari mubwato bagiye mu nama iri kubera i Bukavu, aho ngo igamije kwiga ku byaganiriweho i Doha mu biganiro by’ubushize.

Ndetse kandi ngo hari n’amajwi yafashwe yumvikanisha perezida wa M23 Bertrand Bisimwa avuga ko batazihanganira RDC, avuga n’uburyo bagomba kubimenyesha umuhuza n’abandi bose bagira uruhare muri ibyo biganiro by’i Doha.

Ubundi kandi ngo avuga ko uyu mutwe wabo uzakora ibishoboka byose ukazavanaho ubutegetsi bw’i Kinshasa bushyira abaturage b’iki gihugu mu makuba.

Ariko nanone kandi ku ruhande rwa Leta na rwo ntacyo batarangaza niba bazohereza intumwa zabo muri ibyo biganiro.

Tags: BukavuDohaibiganiro
Share43Tweet27Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

RDC yagaragaje ko nta bushake ifite bwo kugirana amahoro na AFC/M23/MRDP nyuma y’ibisasu yateye

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
RDC yagaragaje ko nta bushake ifite bwo kugirana amahoro na AFC/M23/MRDP nyuma y’ibisasu yateye

RDC yagaragaje ko nta bushake ifite bwo kugirana amahoro na AFC/M23/MRDP nyuma y'ibisasu yateye Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, yagaragaje ubushake buke bwo kugirana amahoro n'ihuriro...

Read moreDetails

AFC/M23 yasubije abibaza ko bashaka ubwigenge bwa Kivu zombi

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
AFC/M23 yasubije abibaza ko bashaka ubwigenge bwa Kivu zombi

AFC/M23 yasubije abibaza ko bashaka ubwigenge bwa Kivu zombi Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC/M23 binyuze ku muvugizi wayo wungirije, Oscar Barinda yasubije abavuga ko iri huriro rishaka...

Read moreDetails

Col.Ntagawa wari wahamagajwe igitaraganya yagarutse mu birindiro bye

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Col.Ntagawa ukuriye ibirindiro bya FARDC mu Bibogobogo yahamagajwe igitaraganya

Col.Ntagawa wari wahamagajwe igitaraganya yagarutse mu birindiro bye Colonel Rubaba Ntagawa wahamagajwe igitaraganya na Komanda secteur i Baraka ahazwi nk'umurwa mukuru wa teritware ya Fizi mu ntara ya...

Read moreDetails

Uvira havutse umutwe mushya ugiye kurwanya undi mutwe

by Bahanda Bruce
October 14, 2025
0
Uvira havutse umutwe mushya ugiye kurwanya undi mutwe

Uvira havutse umutwe mushya ugiye kurwanya undi mutwe Amakuru aturuka i Uvira mu ntara ya Kivu y'Amajyepfo, mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, avuga ko havukiye...

Read moreDetails

Abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa RDC bahurijwe i Nairobi n’uwahoze ayoboye iki gihugu

by Bahanda Bruce
October 14, 2025
0
Abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa RDC bahurijwe i Nairobi n’uwahoze ayoboye iki gihugu

Abatavuga rumwe n'ubutegetsi bwa RDC bahurijwe i Nairobi n'uwahoze ayoboye iki gihugu Joseph Kabila Kabange wayoboye Repubulika ya demokarasi ya Congo imyaka 18, yahurije i Nairobi muri Kenya...

Read moreDetails
Next Post
Imirwano yongeye gukaza umurego mu misozi miremire y’i Mulenge.

Mahoro peace association yamaganye ibitero Leta ikomeje kugaba ku Banyamulenge.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?