• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, March 2, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

AFC/M23 Yafashe Agace k’Ingenzi muri Walikale

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
March 2, 2026
in Conflict & Security
0
AFC/M23 Yafashe Agace k’Ingenzi muri Walikale
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

AFC/M23 Yafashe Agace k’Ingenzi muri Walikale

You might also like

RDC Indege za Gisirikare Zitagira Abapilote Zarasiwe ku Kibuga Mpuzamahanga cya Bangboka

Icyo Amakuru Yizewe Avuga ku Byatangajwe na FARDC ku Ntambara mu Minembwe

Kivu y’Epfo: Amakuru Yizewe Agaragaza ko Wazalendo, FDLR, FARDC n’Ingabo z’u Burundi Ari bo Baryozwa Imirambo 151 Leta Yegeka kuri AFC/M23

Agace ka Buhimba, gaherereye mu karere ka Waloa Yungu, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, kagaruye mu maboko y’ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) nyuma y’imirwano ikaze hagati y’iri huriro n’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) zifatanyije n’abafatanyabikorwa barimo Wazalendo, Abacanshuro, ingabo za Angola, ndetse n’umutwe wa FDLR.

Abahagarariye sosiyete sivile muri ako gace bemeje aya makuru, bavugako imirwano yamaze amasaha menshi, igateza umutekano muke ndetse ikabangamira ubuzima bw’abaturage basanzwe. Nyuma y’iyo mirwano, ingabo za FARDC zasubiye inyuma, bituma Buhimba igwa mu maboko ya AFC/M23.

Amakuru ava muri ako karere avuga ko abaturage benshi bahise bahunga ingo zabo berekeza mu bindi bice bifite umutekano, mu mashyamba n’ahandi, mu rwego rwo kwirinda ingaruka z’imirwano yakomeje kumvikana mu nkengero z’ako gace.

Ifatwa rya Buhimba rikurikirwa n’indi mirwano imaze iminsi ibera mu bice bitandukanye bya Walikale, aho impande zose zihanganye zikomeje gushinjanya kuba arizo zatangije ibitero. FARDC ivuga ko ikomeje guhangana n’imitwe yitwaje intwaro igamije guhungabanya ubusugire bw’igihugu, mu gihe AFC/M23 ishimangira ko ibikorwa byayo bigamije impinduka mu miyoborere n’umutekano w’abaturage.

Abasesenguzi mu bya politiki n’umutekano bavuga ko ifatwa rya Buhimba na AFC/M23 bishobora guhindura isura y’umutekano muri Walikale no mu bice bihana imbibi na yo, cyane cyane ko aka karere gafatwa nk’ingenzi mu bijyanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro ndetse n’itumanaho rihuza uturere dutandukanye.

Kugeza ubu, ubuyobozi bwa FARDC ntiburagira itangazo rirambuye ku byabaye, mu gihe abaturage bakomeje gusaba ko hashyirwa imbaraga mu kugarura ituze no kurinda abasivile ingaruka z’imirwano ikomeje gufata indi ntera mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.

Tags: AFC/m23Buhimba
Share24Tweet15Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

RDC Indege za Gisirikare Zitagira Abapilote Zarasiwe ku Kibuga Mpuzamahanga cya Bangboka

by Bahanda Bruce
March 2, 2026
0
RDC Indege za Gisirikare Zitagira Abapilote Zarasiwe ku Kibuga Mpuzamahanga cya Bangboka

RDC Indege za Gisirikare Zitagira Abapilote Zarasiwe ku Kibuga Mpuzamahanga cya Bangboka Guverinoma y’Intara ya Tshopo yatangaje ko ku Cyumweru, tariki ya 01/03/2026, haburijwemo ibitero by’indege enye za...

Read moreDetails

Icyo Amakuru Yizewe Avuga ku Byatangajwe na FARDC ku Ntambara mu Minembwe

by Bahanda Bruce
March 2, 2026
0
Icyo Amakuru Yizewe Avuga ku Byatangajwe na FARDC ku Ntambara mu Minembwe

Icyo Amakuru Yizewe Avuga ku Byatangajwe na FARDC ku Ntambara mu Minembwe Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) zatangaje ko zasubije mu maboko ya Leta uduce...

Read moreDetails

Kivu y’Epfo: Amakuru Yizewe Agaragaza ko Wazalendo, FDLR, FARDC n’Ingabo z’u Burundi Ari bo Baryozwa Imirambo 151 Leta Yegeka kuri AFC/M23

by Bahanda Bruce
March 2, 2026
0
Kivu y’Epfo: Amakuru Yizewe Agaragaza ko Wazalendo, FDLR, FARDC n’Ingabo z’u Burundi Ari bo Baryozwa Imirambo 151 Leta Yegeka kuri AFC/M23

Kivu y'Epfo: Amakuru Yizewe Agaragaza ko Wazalendo, FDLR, FARDC n’Ingabo z’u Burundi Ari bo Baryozwa Imirambo 151 Leta Yegeka kuri AFC/M23 Tariki ya 28/02/2026, Guverinoma y’Intara ya Kivu...

Read moreDetails

Intambara Yahinduye Imiterere muri Mikenge, Teritwari ya Mwenga

by Bahanda Bruce
March 2, 2026
0
Intambara Yahinduye Imiterere muri Mikenge, Teritwari ya Mwenga

Intambara Yahinduye Imiterere muri Mikenge, Teritwari ya Mwenga Intara ya Kivu y’Amajyepfo, muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ikomeje kuba isibaniro ry’imirwano n’ihangana rikomeye hagati y’ingabo zirwanira uburenganzira...

Read moreDetails

Major Gen. Sylvain Ekenge Yarezwe mu Rukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha

by Bahanda Bruce
March 1, 2026
0
Major Gen. Sylvain Ekenge Yarezwe mu Rukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha

Major Gen. Sylvain Ekenge Yarezwe mu Rukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha Imiryango ihagarariye Abanye-Congo bo mu bwoko bw’Abatutsi yagejeje ikirego ku Rukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha, isaba ko uwahoze ari Umuvugizi w’Ingabo...

Read moreDetails

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?