• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, September 6, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

AFC/M23 yatangaje impamvu ibaye ihagaritse imirwano.

minebwenews by minebwenews
February 4, 2025
in Regional Politics
0
Nangaa yatangaje ari i Goma avuga icyo bagiye gukora vuba byihuse.
134
SHARES
3.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

AFC/M23 yatangaje impamvu ibaye hagaritse imirwano.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ihuriro rya Alliance Fleveuve Congo(AFC) ribarizwamo n’umutwe wa M23, ryatangaje ko ribaye rihagaritse imirwano mu rwego rwo kugira ngo ribanze rikemure ibibazo byihutirwa mu maguru mashya.

Ku mugoroba wo ku wa mbere tariki ya 03/02/2025, ni bwo iri huriro rya AFC/M23 ryashyize itangazo hanze rimenyesha ko ribaye rihagaritse imirwano, kandi ko kuyihagarika bitangira tariki ya 04/02/2025.

Iri tangazo rivuga ko impamvu iri huriro ryahagaritse imirwano biri mu rwego rwo kugira ngo rikemure ibibazo byihutirwa bijyanye n’ibikorwa by’ubutabazi ku baturage bagiye bakurwa mu byabo kubera imirwano.

Muri iri tangazo kandi iri huriro rya AFC rivuga ko ingabo zaryo zidafite umuhambi wo gufata umujyi wa Bukavu muri Kivu y’Amajy’epfo n’ibindi bice, ariko ko ryiyemeje kurinda abaturage ndetse n’ibirindiro byaryo.

Ndetse kandi risaba Fardc n’abambari bayo kwirinda ibikorwa byo kurasagura, ngo kuko bihungabanya umutekano w’abaturage, ni mu gihe i Kavumu ku kibuga cy’indege cyaho ihuriro ry’Ingabo za RDC rikunze kwikanga rikarasagura.

Iri tangazo kandi ryasabye ingabo za Sadc kuva muri RDC ngo kuko kuhaba kwazo ntacyo bifashije iki gihugu.

Hagataho imirwano y’iri huriro rya AFC n’iry’ingabo za Leta yarimo ibera muri teritware ya Kalehe muri Kivu y’Amajy’epfo.

Amakuru ava muri ibyo bice byarimo biberamo imirwano, avuga ko iri huriro rya AFC rimaze kubohoza uduce twinshi two muri ibyo bice kandi ko ryarimo risatira rigana i Bukavu.

Tags: AFCihagaritseImirwanoM23
Share54Tweet34Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Menya iby’inama idasanzwe izahuza umuryango wa SADC n’uwa EAC.

Menya iby'inama idasanzwe izahuza umuryango wa SADC n'uwa EAC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?