Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

AFC/M23 yatangaje impamvu ibaye ihagaritse imirwano.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
February 4, 2025
in Regional Politics
0
Nangaa yatangaje ari i Goma avuga icyo bagiye gukora vuba byihuse.
134
SHARES
3.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

AFC/M23 yatangaje impamvu ibaye hagaritse imirwano.

You might also like

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Ihuriro rya Alliance Fleveuve Congo(AFC) ribarizwamo n’umutwe wa M23, ryatangaje ko ribaye rihagaritse imirwano mu rwego rwo kugira ngo ribanze rikemure ibibazo byihutirwa mu maguru mashya.

Ku mugoroba wo ku wa mbere tariki ya 03/02/2025, ni bwo iri huriro rya AFC/M23 ryashyize itangazo hanze rimenyesha ko ribaye rihagaritse imirwano, kandi ko kuyihagarika bitangira tariki ya 04/02/2025.

Iri tangazo rivuga ko impamvu iri huriro ryahagaritse imirwano biri mu rwego rwo kugira ngo rikemure ibibazo byihutirwa bijyanye n’ibikorwa by’ubutabazi ku baturage bagiye bakurwa mu byabo kubera imirwano.

Muri iri tangazo kandi iri huriro rya AFC rivuga ko ingabo zaryo zidafite umuhambi wo gufata umujyi wa Bukavu muri Kivu y’Amajy’epfo n’ibindi bice, ariko ko ryiyemeje kurinda abaturage ndetse n’ibirindiro byaryo.

Ndetse kandi risaba Fardc n’abambari bayo kwirinda ibikorwa byo kurasagura, ngo kuko bihungabanya umutekano w’abaturage, ni mu gihe i Kavumu ku kibuga cy’indege cyaho ihuriro ry’Ingabo za RDC rikunze kwikanga rikarasagura.

Iri tangazo kandi ryasabye ingabo za Sadc kuva muri RDC ngo kuko kuhaba kwazo ntacyo bifashije iki gihugu.

Hagataho imirwano y’iri huriro rya AFC n’iry’ingabo za Leta yarimo ibera muri teritware ya Kalehe muri Kivu y’Amajy’epfo.

Amakuru ava muri ibyo bice byarimo biberamo imirwano, avuga ko iri huriro rya AFC rimaze kubohoza uduce twinshi two muri ibyo bice kandi ko ryarimo risatira rigana i Bukavu.

Tags: AFCihagaritseImirwanoM23
Share54Tweet34Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe. Mu buryo budasanzwe umudipolomate wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Mutebwa Mulumba Jean Dieu, usanzwe ari umujyanama wa kabiri muri ambasade...

Read moreDetails
Next Post
Menya iby’inama idasanzwe izahuza umuryango wa SADC n’uwa EAC.

Menya iby'inama idasanzwe izahuza umuryango wa SADC n'uwa EAC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?