• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, January 19, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

AFC/M23 yatanze umucyo kubivugwa ko izava i Goma n’i Bukavu.

minebwenews by minebwenews
July 28, 2025
in Conflict & Security
0
Avugwa mu biganiro by’i Doha byahuriyemo intumwa za M23 n’iza leta y’i Kinshasa.
96
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

AFC/M23 yatanze umucyo kubivugwa ko izava i Goma n’i Bukavu.

You might also like

Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC

Impungenge n’Icyitonderwa ku Mutekano w’Umujyi wa Uvira Nyuma y’Igenda ry’Ingabo za AFC/M23

Wazalendo binjiye i Uvira nyuma yo kuhava kwa AFC/M23, hagaragara ibikorwa bikomeye by’isahurwa

Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bw’i Kinshasa ryatangaje ko ridateze kuzava i Goma n’i Bukavu, ahubwo ryemeza rizahaguma, ngo kuko ariho iwabo.

Byagarutsweho n’umuvugizi w’ungirije wa AFC/M23, Oscar Barinda, mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru i Goma.

Nk’uko uyu muvugizi yabivuze yagize ati: “Ntabwo duteze kuva i Goma n’i Bukavu, ahubwo tuzafatanya na Kinshasa gusubizaho Leta ku butaka bwa RDC yose.”

Yavuze ko igihugu cyigabijwe n’imitwe itandukanye igisahura ku buryo hamwe Leta itanahakandagira.

Ati: “Hari ibibazo byinshi muri RDC, hari uduce twinshi twigaruriwe n’abantu bari hariya hafi ya Kinshasa, mu ntara ya Mai-Ndombe, hari aba CODECO bigaruriye muri Ituri hariya hantu Leta itagera, na ho twebwe aha twagaruye amahoro, tugarura umutekano, turi kuzana n’iterambere ku baturage, abaturage baratwishimiye, abana bajya kwiga mu mashuri, ibitaro birakora, abacuruzi baracuruza, natwe ubu turi Leta aha turi n’igice cya Kinshasa kugira ngo tugarure Leta ku butaka bwa Congo yose.”

Yanavuze ko mu biganiro bibera i Doha nta kintu basaba Leta, ahubwo bicara hamwe ngo barebe uko haboneka amahoro arambye.

Ndetse kandi yavuze ko AFC/M23 yubahiriza ibyo yiyemeje byo guhagarika imirwano ariko ko mu gihe batewe n’umwnzi bazakomeza kwirwanaho no kurinda abasivili bari mu bice babohoje.

Abanyamakuru bamubajije niba bazemera kuva i Goma n’i Bukavu, na we agira ati: “Turahari kandi tuzahaguma, nta kuhava hano ni iwacu.”

Umujyi wa Goma n’uwa Bukavu, AFC/M23 yabyigaruriye mu ntangiriro z’uyu mwaka, kuko Goma yayifashe tariki ya 27/01/2025, mu gihe i Bukavu ho yahafashe ku wa 16/02/2025.

Oscar Barinda yatangaje ibi nyuma y’aho abo ku ruhande rwa leta bakomeje kugaragaza ko mu biganiro byi Doha muri Qatar bahuriramo, impande zombi zemezanyije ko iri huriro rya AFC/M23 rizava mu bice ryigaruriye.

Inshuro nyinshi byagarutsweho n’umuvugizi wa Leta , Patrick Muyaya, ubundi kandi bivugwa n’abandi bategetsi biki gihugu batandukanye.

Tags: AFC/m23GomaTuzaguma i Bukavu
Share38Tweet24Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC

Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC Abakurikiranira hafi ibibera mu ntambara imaze igihe ibera muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) bemeza...

Read moreDetails

Impungenge n’Icyitonderwa ku Mutekano w’Umujyi wa Uvira Nyuma y’Igenda ry’Ingabo za AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Impungenge n’Icyitonderwa ku Mutekano w’Umujyi wa Uvira Nyuma y’Igenda ry’Ingabo za AFC/M23

Impungenge n’Icyitonderwa ku Mutekano w’Umujyi wa Uvira Nyuma y’Igenda ry’Ingabo za AFC/M23 Mu gitondo cyo ku Cyumweru, abarwanyi b’imitwe ya Wazalendo ni bo babanje kwinjira mu mujyi wa...

Read moreDetails

Wazalendo binjiye i Uvira nyuma yo kuhava kwa AFC/M23, hagaragara ibikorwa bikomeye by’isahurwa

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Wazalendo binjiye i Uvira nyuma yo kuhava kwa AFC/M23, hagaragara ibikorwa bikomeye by’isahurwa

Wazalendo binjiye i Uvira nyuma yo kuhava kwa AFC/M23, hagaragara ibikorwa bikomeye by’isahurwa Mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), umutwe wa Wazalendo, ubarizwa mu mitwe...

Read moreDetails

Wazalendo Basahuye Ibigo n’Imitungo y’Abaturage Nyuma Yaho AFC/M23 Ivuye Uvira

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Wazalendo Basahuye Ibigo n’Imitungo y’Abaturage Nyuma Yaho AFC/M23 Ivuye Uvira

Wazalendo Basahuye Ibigo n’Imitungo y’Abaturage Nyuma Yaho AFC/M23 Ivuye Uvira Amakuru yizewe aturuka mu mujyi wa Uvira, uri muri teritwari ya Uvira mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, aravuga...

Read moreDetails

Leta ya RDC Yakomeje Guha FDLR Intwaro n’Amasasu

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Leta ya RDC Yakomeje Guha FDLR Intwaro n’Amasasu

Leta ya RDC Yakomeje Guha FDLR Intwaro n’Amasasu Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) cyongeye gushinjwa gukomeza guha umutwe w’iterabwoba wa FDLR n’indi mitwe yitwaje intwaro...

Read moreDetails
Next Post
Abanye-Congo babarirwa mu mirongo biciwe mu ikanisa.

Abanye-Congo babarirwa mu mirongo biciwe mu ikanisa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?