• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, January 23, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

AFC/M23 yavuze ko iri gusaba Leta y’i Kinshasa ibintu bibiri bikomeye mu biganiro by’i Doha.

minebwenews by minebwenews
August 22, 2025
in Conflict & Security
0
AFC/M23 yavuze ko iri gusaba Leta y’i Kinshasa ibintu bibiri bikomeye mu biganiro by’i Doha.
92
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

AFC/M23 yavuze ko iri gusaba Leta y’i Kinshasa ibintu bibiri bikomeye mu biganiro by’i Doha.

You might also like

Induru y’Akababaro ku Bwicanyi n’Ihohoterwa Bikomeje Guhitana Inzirakarengane i Uvira

“Nta Wabasha Gukumira AFC/M23 Mu Cyemezo Cyo Gusubira i Uvira” – Corneille Nangaa

Iturika ry’Igisasu Ryahitanye Abantu Babiri, Harimo Abana, muri Kivu y’Epfo

Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 ryatangaje ko ryohereje intumwa zayo i Doha muri Qatar mu biganiro zihuriramo n’intumwa za Leta ya Congo, kandi ko basaba iyi Leta ibintu bibiri, birimo gufungura imfungwa zifungiwe i Kinshasa no guhagarika ibitero ku birindiro byabo.

AFC/M23 yabivugiye mu kiganiro n’abanyamakuru cyabereye i Goma mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Bertrand Bisimwa perezida wa M23 yavuze ko mu gihe Kinshasa itakubahiriza biriya bintu bibiri nta kindi cyashoboka, kandi ko mu gihe yabyubahiriza n’ibindi yizera ko bizagerwaho.

Yanavuze ko bohereje abantu babiri gusa i Doha, ngo kubera ko ibyo bihagije kugira ngo babikoreho aho kohereza abantu bane cyangwa barengaho nk’uko byari bisanzwe bikorwa.

Muri iki kiganiro kandi AFC/M23 yamaganye imiryango mpuzamahanga iheruka gusohora raporo ziyishinja kwica abasivili mu bice byegereye pariki y’igihugu ya virunga muri teritware ya Rutsuru mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Bisimwa yamaganye ibyo birego baregwa, avuga ko ari ibihimbano byateguwe na Leta y’i Kinshasa mu rwego rwo kubasebya no kubangamira ibiganiro.

AFC/M23 yakomeje ivuga ko mu myaka irenga ibiri, ubutegetsi bw’i Kinshasa bwashyize mu bikorwa politiki iteje akaga, igizwe no guha intwaro abasivili bitwa Wazalendo hagamijwe kubakoresha mu ntambara yo kurwanya AFC/M23.

Aba bakaba bica, bagasahura no kwangiza ibikorwa remezo by’igihugu, ubundi kandi aho kurengera abo bakagobye kuba barengera, bakarushaho kubashyirisha mu kaga gakomeye.

Tags: AFC/m23Basabwe ibintu bibiriIbiganiro by'i Doha
Share37Tweet23Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Induru y’Akababaro ku Bwicanyi n’Ihohoterwa Bikomeje Guhitana Inzirakarengane i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
“Kuva kwa AFC/M23 i Uvira Byasize Abaturage mu Kaga Gakomeye batewe na Wazalendo” – HRW

Induru y’Akababaro ku Bwicanyi n’Ihohoterwa Bikomeje Guhitana Inzirakarengane i Uvira Umujyi wa Uvira winjiye mu mwijima w’akaga n’icuraburindi. Kuva ku Cyumweru tariki ya 18/01/2026, nyuma y’uko ingabo z’ihuriro...

Read moreDetails

“Nta Wabasha Gukumira AFC/M23 Mu Cyemezo Cyo Gusubira i Uvira” – Corneille Nangaa

by Bahanda Bruce
January 22, 2026
0
Abafunzwe, Abakatiwe Igihano Cy’Urupfu n’Abandi Bahungiye mu Mahanga bo mu Muryango wa Nangaa

“Nta Wabasha Gukumira AFC/M23 Mu Cyemezo Cyo Gusubira i Uvira” – Corneille Nangaa Umuyobozi w’Ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Corneille...

Read moreDetails

Iturika ry’Igisasu Ryahitanye Abantu Babiri, Harimo Abana, muri Kivu y’Epfo

by Bahanda Bruce
January 22, 2026
0
Iturika ry’Igisasu Ryahitanye Abantu Babiri, Harimo Abana, muri Kivu y’Epfo

Iturika ry’Igisasu Ryahitanye Abantu Babiri, Harimo Abana, muri Kivu y’Epfo Mu gace ka Cibanda, gaherereye i Kaziba muri teritwari ya Walungu, mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, habaye iturika...

Read moreDetails

Abafunzwe, Abakatiwe Igihano Cy’Urupfu n’Abandi Bahungiye mu Mahanga bo mu Muryango wa Nangaa

by Bahanda Bruce
January 22, 2026
0
Abafunzwe, Abakatiwe Igihano Cy’Urupfu n’Abandi Bahungiye mu Mahanga bo mu Muryango wa Nangaa

Abafunzwe, Abakatiwe Igihano Cy’Urupfu n’Abandi Bahungiye mu Mahanga bo mu Muryango wa Nangaa Abagize umuryango wa Corneille Nangaa Yobeluo, umuyobozi w’ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi...

Read moreDetails

Uvira: Kugaruka kw’abacancuro b’Abanyaburayi ku ruhande rwa FARDC bituma havuka impungenge ku mutekano n’amahame mpuzamahanga

by Bahanda Bruce
January 22, 2026
0
Uvira: Kugaruka kw’abacancuro b’Abanyaburayi ku ruhande rwa FARDC bituma havuka impungenge ku mutekano n’amahame mpuzamahanga

Uvira: Kugaruka kw’abacancuro b’Abanyaburayi ku ruhande rwa FARDC bituma havuka impungenge ku mutekano n’amahame mpuzamahanga Amakuru aturuka ku bakurikiranira hafi ibibera muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC)...

Read moreDetails
Next Post
Nyuma yo Gutsindwa Gusinyisha Eze, Tottenham Irashaka Nkunku wa Chelsea.

Nyuma yo Gutsindwa Gusinyisha Eze, Tottenham Irashaka Nkunku wa Chelsea.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?