• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

AFC/M23 yavuze ko nta abasirikare b’u Burundi yarekuye.

minebwenews by minebwenews
August 9, 2025
in Conflict & Security
0
Ibisobanuro byatanzwe na perezida Bisimwa wa M23 ku bwicanyi bashinjwa.
85
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

AFC/M23 yavuze ko nta abasirikare b’u Burundi yarekuye.

You might also like

“Nyuma ya Uvira, tuzafata Bukavu, Goma na Bunagana” – Guverineri Pelusi

FARDC, FDLR, Ingabo z’u Burundi na Wazalendo Zakubitiwe kuri Point Zero

Guverineri Jean-Jacques Yasabye Ubumwe n’Imibanire Myiza Nyuma Yaho ageze i Uvira

Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, ryanyomoje amakuru avuga ko ryarekuye abasirikare b’u Burundi abo ryafatiye kurugamba bahanganyemo mu Burasirazuba bw’iki gihugu.

Ni amakuru yashyizwe hanze n’ubuyobozi bw’uyu mutwe wa AFC/M23 mu kiganiro bwagiranye n’itangazamakuru hagati muri iki cyumweru turimo.

Uyu mutwe wahakanye aya makuru mu gihe mu ntangiriro z’i cyumweru gishize byagiye bitangazwa kenshi ko warekuye aba basirikare b’u Burundi ubaha igihugu cyabo. Icyo gihe byavugwa ko wabarekuye nyuma y’ubw’umbikane bw’impande zombi.

Bikaba byari bisanzwe bizwi ko M23 yafashe abasirikare benshi b’iki gihugu cy’u Burundi, abo yagiye ifatira mu mirwano itandukanye, ahanini yaberaga muri za teritware ya Masisi na Rutshuru mu mpera z’umwaka wa 2024.

Muri kiriya kiganiro uyu mutwe wa AFC/M23 wemeje ko ufite aba basirikare ariko ko igihe cyo kubarekura kitaragera kandi ko nikigera bizatangazwa nk’uko ihora ibikora.

Uvuga ko ibyavuzwe kuri aya makuru ari ibibuha byambaye ubusa.

Umubare w’abasirikare AFC/M23 yafatiye ku rugamba ntuzwi, ariko nk’uko wagiye ubitangaza kenshi wagaragazaga ko ari benshi.

Amashusho yagiye hanze ubwo waberekanaga ku mugaragaro mu mpera z’umwaka ushize, wabagaragazaga ari benshi, ndetse yewe bakubise n’umusozi bawuzuye.

Imyaka itatu irashyize ingabo z’u Burundi zifatanya n’iza Congo kurwanya uyu mutwe wa M23 n’uwa Twirwaneho, kimweho gusa, izi ngabo ntacyo zihindura kuko iyi mitwe yombi ikomeza kwagura ibirindiro byabo uko yishakiye.

Yazirukanye i Masisi, Rutshuru, Goma no mu mujyi wa Bukavu, Minembwe n’ahandi.
Kuri ubu zihagarariye i Uvira mu ntera ngufi uvuye i Bujumbura mu Burundi iyo yazaje zituruka.

Tags: AbarundiabasirikareAFC/m23Warekuye
Share34Tweet21Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

“Nyuma ya Uvira, tuzafata Bukavu, Goma na Bunagana” – Guverineri Pelusi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
“Nyuma ya Uvira, tuzafata Bukavu, Goma na Bunagana” – Guverineri Pelusi

“Nyuma ya Uvira, tuzafata Bukavu, Goma na Bunagana” – Guverineri Pelusi Guverineri w’Intara ya Kivu y’Amajyepfo, Jean-Jacques Pelusi, yagarutse mu mujyi wa Uvira kuri uyu wa Gatanu, tariki...

Read moreDetails

FARDC, FDLR, Ingabo z’u Burundi na Wazalendo Zakubitiwe kuri Point Zero

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
FARDC, FDLR, Ingabo z’u Burundi na Wazalendo Zakubitiwe kuri Point Zero

FARDC, FDLR, Ingabo z’u Burundi na Wazalendo Zakubitiwe kuri Point Zero Amakuru yizewe aturuka mu gace ka Point Zero, mu nkengero za santere ya Minembwe, aravuga ko kuri...

Read moreDetails

Guverineri Jean-Jacques Yasabye Ubumwe n’Imibanire Myiza Nyuma Yaho ageze i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Guverineri Jean-Jacques Yasabye Ubumwe n’Imibanire Myiza Nyuma Yaho ageze i Uvira

Guverineri Jean-Jacques Yasabye Ubumwe n’Imibanire Myiza Nyuma Yaho ageze i Uvira Guverineri w’Intara ya Kivu y’Amajyepfo, Jean-Jacques Purusi, kuri uyu wa Gatanu tariki ya 23/01/2026, yongeye kugera mu...

Read moreDetails

Drone za FARDC Zagabye Ibitero mu Baturage i Buleusa

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Drone za FARDC Zagabye Ibitero mu Baturage i Buleusa

Drone za FARDC Zagabye Ibitero mu Baturage i Buleusa Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) cyagabye igitero cyifashishije indege zitagira abapilote (drone) mu bice bituwe n’abaturage...

Read moreDetails

Induru y’Akababaro ku Bwicanyi n’Ihohoterwa Bikomeje Guhitana Inzirakarengane i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
“Kuva kwa AFC/M23 i Uvira Byasize Abaturage mu Kaga Gakomeye batewe na Wazalendo” – HRW

Induru y’Akababaro ku Bwicanyi n’Ihohoterwa Bikomeje Guhitana Inzirakarengane i Uvira Umujyi wa Uvira winjiye mu mwijima w’akaga n’icuraburindi. Kuva ku Cyumweru tariki ya 18/01/2026, nyuma y’uko ingabo z’ihuriro...

Read moreDetails
Next Post
Ibivugwa ku bwicanyi bwaje bugamije kurimbura Abanyamulenge.

Ibivugwa ku bwicanyi bwaje bugamije kurimbura Abanyamulenge.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?