• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, October 28, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

AFC/M23 yigaruriye agace k’ingenzi.

minebwenews by minebwenews
July 26, 2025
in Conflict & Security
0
FARDC, Ingabo z’u Burundi na Wazalendo zahondaguriwe i Mulenge.
129
SHARES
3.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

AFC/M23 yigaruriye agace k’ibgenzi

You might also like

Ubuyobozi bw’ibanze bwavuze ku nkongi y’Umuriro yibasiye amazu i Bukavu ihitana benshi

Perezida Museveni yavuze ko u Burusiya bwahaye igihugu cye ibikoresho bya gisirikare bikaze

Tanganyika ikomeje kubera ibamba abacuruzi b’inka barimo n’aba Banyamulenge

Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 ryigaririye agace gaherereye muri teritware ya Masisi mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 26/07/2025, ni bwo AFC/M23 yafashe agace ka Showa ko muri teritware ya Masisi.

Yakigaruriye nyuma yo kukirukanamo ihuriro ry’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo bari bahanganye ryiganjemo Fardc, FDLR na Wazalendo.

Ni mu gihe impande zombi aha’rejo nanone kandi zahanganiye muri kariya gace, ariko uruhande rwa Leta rushaka kwihagararaho.

Amakuru akomeza avuga ko n’uyu munsi bongeye guhangana, ibyaje no kurangira FARDC n’abambari bayo bahungiye ahitwa i Ngesha na Burora.

Showa ni agace kingenzi ko muri teritware ya Masisi kagizwe n’uduce turimo Muhondo na Changara. Ubundi kandi izwiho kuba igira umwero w’ibihingwa bitandukanye birimo n’ibigori.

Usibye Showa, M23 yafashe n’utundi duce harimo aka Mulema na Nyamaboko ya mbere, twose tubarizwa muri teritware ya Masisi.

Tags: AFC/m23showaYigaruriye agace k'ingenzi
Share52Tweet32Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ubuyobozi bw’ibanze bwavuze ku nkongi y’Umuriro yibasiye amazu i Bukavu ihitana benshi

by Bahanda Bruce
October 28, 2025
0
Ubuyobozi bw’ibanze bwavuze ku nkongi y’Umuriro yibasiye amazu i Bukavu ihitana benshi

Ubuyobozi bw'ibanze bwavuze ku nkongi y'Umuriro yibasiye amazu i Bukavu Ni bura abantu 14 ni bo bahasize ubuzima mu nkongi y'umuriro yadutse mu mujyi wa Bukavu ufatwa nk'umurwa...

Read moreDetails

Perezida Museveni yavuze ko u Burusiya bwahaye igihugu cye ibikoresho bya gisirikare bikaze

by Bahanda Bruce
October 28, 2025
0
Perezida Museveni yavuze ko u Burusiya bwahaye igihugu cye ibikoresho bya gisirikare bikaze

Perezida Museveni yavuze ko u Burusiya bwahaye igihugu cye ibikoresho bya gisirikare bikaze Umukuru w'igihugu cya Uganda, Yoweli Kaguta Museveni, yatangaje ko u Burusiya bwahaye igihugu cye ibikoresho...

Read moreDetails

Tanganyika ikomeje kubera ibamba abacuruzi b’inka barimo n’aba Banyamulenge

by Bahanda Bruce
October 28, 2025
0
Tanganyika ikomeje kubera ibamba abacuruzi b’inka barimo n’aba Banyamulenge

Tanganyika ikomeje kubera ibamba abacuruzi b'inka barimo n'aba Banyamulenge Ikiyaga cya Tanganyika gikomeje kuba ikibazo gikomeye ku bacuruzi b'inka barimo n'aba Banyamulenge bazicururiza i Kalemi mu ntara ya...

Read moreDetails

AFC/M23 yahakanye ibirego iregwa ku bijyanye n’amabuye y’agaciro

by Bahanda Bruce
October 27, 2025
0
AFC/M23 yavuze kuri drones za FARDC zitera ibisasu ku baturage no kuri Wazalendo bafata abagore ku ngufu

AFC/M23 yahakanye ibirego iregwa ku bijyanye n'amabuye y'agaciro Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, ryateye utwatsi ibirego birishinja gusahura amabuye...

Read moreDetails

Fizi: Mai Mai y’Ababembe yakubitiye iy’Abapfulero ahababaza

by Bahanda Bruce
October 27, 2025
0
Fizi: Mai Mai y’Ababembe yakubitiye iy’Abapfulero ahababaza

Fizi: Mai Mai y'Ababembe yakubitiye iy'Abapfulero ahababaza Umutwe w'inyeshyamba wa Mai Mai uyobowe na General Hamuli Yakutumba wo mu bwoko bw'Ababembe, wasubiranyemo n'uw'Abapfulero na wo uyobowe na Colonel...

Read moreDetails
Next Post
Undi General uvuka muri Fizi yaguye muri gereza.

Undi General uvuka muri Fizi yaguye muri gereza.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?