• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, October 22, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

AFC ya Corneille Nangaa, yasabye abaturage b’i Goma kuba umwe muri iki gihe bari kwicwa n’ingabo za Tshisekedi.

minebwenews by minebwenews
April 11, 2024
in Regional Politics
1
AFC ya Corneille Nangaa, yasabye abaturage b’i Goma kuba umwe muri iki gihe bari kwicwa n’ingabo za Tshisekedi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ihuriro ry’imitwe ya politiki n’igisirikare, AFC, ri ramaga Ingabo za perezida Félix Tshisekedi kwica abaturage bayo i Goma, ku murwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

You might also like

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

Nibikubiye mu itangazo ry’ihuriro ry’imitwe ya politiki n’igisirikare rya Alliance Fleuve Congo (AFC), bashize hanze muri iki gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 11/04/2024, aho risaba abaturage ba Goma kuba umwe kugira ngo bamagane ingabo za Tshisekedi zikomeje kwica abaturage muri ibi bice.

Iritangazo riteweho umukono n’u muvugizi wa Alliance Fleuve Congo, AFC, Lawrence Kanyuka rivuga ko ubwicanyi bukorerwa abasivile i Goma, bukorwa amanywa n’ijoro.

Rikavuga kandi ko ubwo bwicanyi bukorwa n’ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa, FDLR, FARDC, ingabo z’u Burundi, abacanshuro, Wazalendo na SADC.

Itangazo rya AFC rikaba risaba abaturage bose bi Goma guhaguruka nk’u muntu umwe maze muvuge ngo oya twanze ubwicanyi bukorwa n’igisirikare cya bwana Tshisekedi Tshilombo.

Ubu bwicanyi bukorerwa abasivile i Goma, bwongeye gufata indi ntera ni mu gihe hamaze gupfa abantu ba barirwa ku 10 mu miminsi icyumi nine gusa.

Aba bose bicwa na Wazalendo nk’uko abaturage b’i Goma babihamya, n’ubwo igisirikare cya leta cyo kivuga ko bicwa n’abantu baza bitwaje imbunda.

           MCN.
Tags: Abaturage bi GomaAFCIngaboKuba umweMuri iki gihe bari kwicwaTshisekedi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails

Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 17, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w'u Rwanda Amakuru aturuka mu gihugu cy'u Burundi avuga ko perezida w'iki gihugu Evariste Ndayishimiye, yategetse imbonerakure...

Read moreDetails
Next Post
Abarimo abasirikare ba FARDC na Wazalendo batawe muriyombi  bazira ubwicanyi bukorerwa abasivile mu mujyi wa Goma.

Abarimo abasirikare ba FARDC na Wazalendo batawe muriyombi bazira ubwicanyi bukorerwa abasivile mu mujyi wa Goma.

Comments 1

  1. Sibomana Aimable says:
    2 years ago

    On love

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?