• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

AFC yagize ibindi ivuga ku miryango mpuzamahanga no kuri FDLR ndetse igera no ku butegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.

minebwenews by minebwenews
May 9, 2024
in Regional Politics
0
AFC yagize ibindi ivuga ku miryango mpuzamahanga no kuri FDLR ndetse igera no ku butegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ihuriro ry’imitwe ya politiki n’igisirikare rya Alliance Fleuve Congo ryagize icyo rivuga ku muryango w’Abibumbye wahamagriye ubutegetsi bwa Kinshasa gucecekesha FDLR na Wazalendo bari bahagurutse gutsemba Abatutsi bo mu Burasirazuba bwa RDC.

You might also like

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Ni bikubiye mu itangazo iri huriro ry’imitwe ya politiki n’igisirikare rya AFC baraye bashize hanze kuri uyu wa Gatatu w’ejo hashize.

Iri tangazo riteweho umukono n’umuhuza bikorwa wa AFC, bwana Corneille Nangaa ritangira rimenyesha ko Ingabo z’u butegetsi bwa Kinshasa zikorera ubwicanyi Abatutsi zitwaje ngo ziri kurwanya M23 kandi ko ubu bwicanyi bukorwa n’imitwe y’itwaje imbunda ya FDLR, Imbonerakure na Wazalendo ku bufatanye n’Ingabo za FARDC.

Itangazo rikavuga ko kandi Ingabo za Tshisekedi zikora mu kwerekana ko hari abaturage bamwe aribo banyiri gihugu ngo hakaba n’abandi bahindurwa Abanyarwanda ku ngufu aribo Abatutsi.

AFC ikaba yashimiye imbaraga ibihugu byo mu karere bashizemo mu kumvikanisha ubutegetsi bwa Kinshasa ko bu biba amacyakubiri hagati mu muko agize iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Iri tangazo rya AFC rigakomeza rivuga ko n’ubwo biruko ariko AFC ihangayikishijwe n’uburyo M23 irimo kwa maganwa muri iki gihe hashingiwe ko uyu mutwe wagiye ugaragaza ubugome bwa leta ya perezida Félix Tshisekedi kugeza aho imiryango mpuzamahanga yagiye isaba ko ingabo za M23 ziva muduce zagiye zibohoza.

Ariko iri tangazo rigasobanura ko M23 gukomeza ibikorwa kwayo bigenda biva kukuba leta ya Kinshasa igira umugambi wo kwirukana Abatutsi ku butaka bwa RDC, bityo bagasa nk’aho batagira ubwene gihugu.

AFC ishimangira ibi ivuga ko yamaganye uburyarya bwa bamwe mu bagize imiryango mpuzamahanga kandi rimwe narimwe iy’i miryango ivuga ko Abanyekongo bose ko bagomba guhabwa uburenganzira bwabo.

Iri huriro ry’imitwe ya politiki n’igisirikare rya AFC rikavuga ko bo ari ihuriro ryabayeho kugira ngo rirwanirire buri mu nyekongo wese kandi rivaneho ubutegetsi butemewe bwa Kinshasa, bukora ibikorwa bya kinyamanswa no guharanira kugarura imiyoborere ishingiye ku itegeko nshinga rya 64.

Igasobanura kandi ko uturere twa bohojwe n’ingabo za M23 abaturage badukomokamo ko bagiye batugarukamo ko ndetse babayeho mu mutekano mwiza no mubwisanzure.

Iri tangazo kandi rikaba ryasabye imiryango mpuzamahanga guhatira bwana perezida Félix Tshisekedi kureka gukoresha imbaraga za gisirikare mu gukemura amakimbirane y’intambara ari mu Burasirazuba bwa RDC ahubwo bukoreshe ibiganiro.

Iri tangazo rikavuga ko mu gihe Tshisekedi yashira imbaraga mu gukoresha ibiganiro kugira amahoro agaruke bizaba byerekana neza ko ashaka kurangiza intambara ko ndetse azaba y’ubuhiriza uburenganzira bwa muntu.

Iri tangazo rya AFC rigasozo rivuga ko M23 yatoye intwaro kugira ngo irwanire ubutaka bwa basekuru bwigaruriwe na FDLR hamwe n’imitwe iyishamikiyeho ko kandi AFC ifite uruhare mu guteza imbere imiyoborere myiza ishingiye kuri demokarasi, ishingiweho n’abose.

        MCN.
Tags: AFCKu miryango mpuzamahanga mahangaNdetse na FDLRYagize ibindi ivuga
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana Mu gihe u Burundi bwitegura imyaka ikomeye ya politiki irimo amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027,...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23 Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Madamu Mathilde Mukantabana, yagaragaje ku mugaragaro aho u Rwanda ruhurira n’ihuriro rya...

Read moreDetails

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriwe na mugenzi we w’u...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ahagaragara, ku wa Kane tariki...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba z’ubwirinzi n’umutekano mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR utarasenywa...

Read moreDetails
Next Post
Urwikwekwe ruri hagati mu bategetsi bo muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, rwatumye iki gihugu gihagarika kugura izindi mbunda zigezweho.

Urwikwekwe ruri hagati mu bategetsi bo muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, rwatumye iki gihugu gihagarika kugura izindi mbunda zigezweho.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?