• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, December 2, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Afrika y’Epfo iri mu bihugu M23 iheruka gukoza isoni yashomboroje Israel imboni y’ijisho ry’Imana.

minebwenews by minebwenews
June 17, 2025
in World News
0
Afrika y’Epfo iri mu bihugu M23 iheruka gukoza isoni yashomboroje Israel imboni y’ijisho ry’Imana.
77
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Afrika y’Epfo iri mu bihugu M23 iheruka gukoza isoni yashomboroje Israel imboni y’ijisho ry’Imana.

You might also like

Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe – Perezida Museveni

Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya

Perezida Ndayishimiye byamenyekanye ko aheruka gusimbuka urupfu

Igihugu cya Afrika y’Epfo cyatangaje ko gihangayikishijwe n’ibitero Israel ikomeje kugaba ku butaka bwa Iran, ivuga ko ari ukuvogera ubusugire bw’icyo gihugu.

Byatangajwe n’umuvugizi wa Leta ya Afrika y’Epfo, aho yahise agaragaza ko Israel iri kurenga ku mategeko mpuzamahanga.

Yagize ati: “ibi bikorwa biteye impungenge zikomeye ku bijyanye n’amategeko mpuzamahanga akubiye mu ihame ry’ubusugire, kutavogera ubutaka bw’ibindi bihugu ndetse no kurinda abasivili byose biri mu mahame ya Loni.”

Muri iri jambo ryavugwaga n’umuvugizi wa Leta ya Afrika y’Epfo yageze naho yihanganisha abanya-Iran ndetse n’ubutegetsi bwayo, bakomeje kugerwaho n’ingaruka z’ibitero bya i Israel.

Ahanini yagiye agaruka ku bitero Israel yagabye kuri Iran ku wa gatanu, byasize bihitanye abasirikare bakuru b’iki gihugu barimo na Hossein Salami wari umugaba mukuru w’Ingabo zayo.

Ubwo intambara yatangiraga hagati y’ibi bihugu byombi tariki ya 13/06/2025, Israel yari yagabye ibitero ku bikorwa remezo bikora ingufu za nucléaire bya Iran ndetse yica n’abahanga babanya-Iran bakoraga intwaro ziremereye.

Nyuma y’amasaha make gusa, Iran na yo yahise isubiza Israel ikoresheje intwaro zambukiranya imipaka, aho yoherezaga za drones.

Hagataho, Israel ishinja Iran kugambirira kuyirimbura, kuko ivuga ko ari yo ishigikira imitwe yitwaje intwaro iyirwanya.

Kuba Afrika y’Epfo yatunze agatoki Israel iyishinja kuvogera ubusugire bw’igihugu cya Iran, ntibikoze ubwa mbere n’igihe cya Gaza yarayibasiriye cyane.

Iyi Afrika y’Epfo iri mu bihugu bya SADC byohereje ingabo zayo mu Burasizuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo gufasha Leta y’iki gihugu kurwanya umutwe wa M23 urwanira ukubaho kwabo n’abaturage ba Banye-Congo bavuga ururimi rw’ikinyarwanda bicwa n’iyo Leta ibaziza inkomoko yabo.

Gusa, ntibyatinze kuko uwo mutwe wa M23 warabakubise, kandi ubakubitana n’ingabo za Congo, birangira ubambuye umujyi wa Goma n’uwa Bukavu. Ibi byakojeje isoni Afrika y’Epfo ndetse kandi n’ibihugu byose bibarizwa muri uyu muryango wa SADC.

Iyaremye isi n’ijuru ari yo Mana, yarirahiye ivuga ko Israel ko ariyo mboni y’ijisho ryayo, bityo uzayitunga urutoki azaba akoze mujisho ryayo.

Tags: Afrika y'EpfoImboni y'ijisho ry'ImanaIsrael
Share31Tweet19Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe – Perezida Museveni

by Bahanda Bruce
December 2, 2025
0
Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe – Perezida Museveni

Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe - Perezida Museveni Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ko Guverinoma ye iri mu cyiciro cya nyuma...

Read moreDetails

Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya

by Bahanda Bruce
December 1, 2025
0
Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya

Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya Amakuru aturuka mu Murwa Mukuru wa Sudan y’Epfo, Juba, aravuga ko inkongi y’umuriro yibasiye isoko rinini rya...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye byamenyekanye ko aheruka gusimbuka urupfu

by Bahanda Bruce
November 18, 2025
0
Perezida Ndayishimiye byamenyekanye ko aheruka gusimbuka urupfu

Perezida Ndayishimiye byamenyekanye ko aheruka gusimbuka urupfu Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yarokotse impanuka ikomeye mu ruzinduko yari yagiriye ku kirombe cya zahabu giherereye mu Ntara ya Bujumbura...

Read moreDetails

Trump yandikiye perezida wa Israel amusaba kugirira imbabazi Netanyahu

by Bahanda Bruce
November 12, 2025
0
Trump yandikiye perezida wa Israel amusaba kugirira imbabazi  Netanyahu

Trump yandikiye perezida wa Israel amusaba kugirira imbabazi Netanyahu Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald J. Trump, yandikiye Perezida wa Israel, Isaac Herzog, amwibutsa ko yagombye...

Read moreDetails

Itariki ya 11/11 ni itariki yihariye mu mateka y’Isi-Menya byinshi kuri yo

by Bahanda Bruce
November 11, 2025
0
Itariki ya 11/11 ni itariki yihariye mu mateka y’Isi-Menya byinshi kuri yo

Itariki ya 11/11 ni itariki yihariye mu mateka y’Isi-Menya byinshi kuri yo Ku wa 11/11/ 1918, ku isaha ya saa tanu z’amanywa (11:00), isi yose yahagaritse umutima ubwo...

Read moreDetails
Next Post
Uwashinjwaga kuba ishyano ku Banya-Bibogobogo ntakiriho.

Uwashinjwaga kuba ishyano ku Banya-Bibogobogo ntakiriho.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?