• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, October 15, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Afrika y’Epfo iri mu bihugu M23 iheruka gukoza isoni yashomboroje Israel imboni y’ijisho ry’Imana.

minebwenews by minebwenews
June 17, 2025
in World News
0
Afrika y’Epfo iri mu bihugu M23 iheruka gukoza isoni yashomboroje Israel imboni y’ijisho ry’Imana.
77
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Afrika y’Epfo iri mu bihugu M23 iheruka gukoza isoni yashomboroje Israel imboni y’ijisho ry’Imana.

You might also like

Urupfu rwa Odinga rutumye hatumizwa inama y’ikubagahu muri Kenya

Odinga war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

Perezida Trump yanenze ikinyamakuru giheruka kumukoraho inkuru, agira n’ibyo akivugaho

Igihugu cya Afrika y’Epfo cyatangaje ko gihangayikishijwe n’ibitero Israel ikomeje kugaba ku butaka bwa Iran, ivuga ko ari ukuvogera ubusugire bw’icyo gihugu.

Byatangajwe n’umuvugizi wa Leta ya Afrika y’Epfo, aho yahise agaragaza ko Israel iri kurenga ku mategeko mpuzamahanga.

Yagize ati: “ibi bikorwa biteye impungenge zikomeye ku bijyanye n’amategeko mpuzamahanga akubiye mu ihame ry’ubusugire, kutavogera ubutaka bw’ibindi bihugu ndetse no kurinda abasivili byose biri mu mahame ya Loni.”

Muri iri jambo ryavugwaga n’umuvugizi wa Leta ya Afrika y’Epfo yageze naho yihanganisha abanya-Iran ndetse n’ubutegetsi bwayo, bakomeje kugerwaho n’ingaruka z’ibitero bya i Israel.

Ahanini yagiye agaruka ku bitero Israel yagabye kuri Iran ku wa gatanu, byasize bihitanye abasirikare bakuru b’iki gihugu barimo na Hossein Salami wari umugaba mukuru w’Ingabo zayo.

Ubwo intambara yatangiraga hagati y’ibi bihugu byombi tariki ya 13/06/2025, Israel yari yagabye ibitero ku bikorwa remezo bikora ingufu za nucléaire bya Iran ndetse yica n’abahanga babanya-Iran bakoraga intwaro ziremereye.

Nyuma y’amasaha make gusa, Iran na yo yahise isubiza Israel ikoresheje intwaro zambukiranya imipaka, aho yoherezaga za drones.

Hagataho, Israel ishinja Iran kugambirira kuyirimbura, kuko ivuga ko ari yo ishigikira imitwe yitwaje intwaro iyirwanya.

Kuba Afrika y’Epfo yatunze agatoki Israel iyishinja kuvogera ubusugire bw’igihugu cya Iran, ntibikoze ubwa mbere n’igihe cya Gaza yarayibasiriye cyane.

Iyi Afrika y’Epfo iri mu bihugu bya SADC byohereje ingabo zayo mu Burasizuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo gufasha Leta y’iki gihugu kurwanya umutwe wa M23 urwanira ukubaho kwabo n’abaturage ba Banye-Congo bavuga ururimi rw’ikinyarwanda bicwa n’iyo Leta ibaziza inkomoko yabo.

Gusa, ntibyatinze kuko uwo mutwe wa M23 warabakubise, kandi ubakubitana n’ingabo za Congo, birangira ubambuye umujyi wa Goma n’uwa Bukavu. Ibi byakojeje isoni Afrika y’Epfo ndetse kandi n’ibihugu byose bibarizwa muri uyu muryango wa SADC.

Iyaremye isi n’ijuru ari yo Mana, yarirahiye ivuga ko Israel ko ariyo mboni y’ijisho ryayo, bityo uzayitunga urutoki azaba akoze mujisho ryayo.

Tags: Afrika y'EpfoImboni y'ijisho ry'ImanaIsrael
Share31Tweet19Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Urupfu rwa Odinga rutumye hatumizwa inama y’ikubagahu muri Kenya

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Odinga  war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

Urupfu rwa Odinga rutumye hatumizwa inama y'ikubagahu muri Kenya Perezida William Samue Ruto wa Kenya, yatangaje ko yahamagaje inama y'inama nkuru y'umutekano wa Leta nyuma y'urupfu rwa Raila...

Read moreDetails

Odinga war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Odinga  war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

Odinga war'uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana. Raila Odinga wahoze ari minisitiri w'intebe muri Kenya, yitabye Imana nkuko amakuru ava muri iki gihugu abivuga. Murukerera rwo...

Read moreDetails

Perezida Trump yanenze ikinyamakuru giheruka kumukoraho inkuru, agira n’ibyo akivugaho

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Perezida Trump yanenze ikinyamakuru giheruka kumukoraho inkuru, agira n’ibyo akivugaho

Perezida Trump yanenze ikinyamakuru giheruka kumukoraho inkuru, agira n'ibyo akivugaho Perezida Donald Trump wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, yavuze ko atashimishijwe n'ifoto ikinyamakuru cya "Time Magazine" cyakoresheje kimuvugaho...

Read moreDetails

Ibyo wamenya kuri perezida Rajoelina wahunze akaba yagize n’icyo abivugaho

by Bahanda Bruce
October 14, 2025
0
Perezida wa Madagascar yahungiye mu kindi gihugu

Perezida Rajoelina nyuma yo guhunga yagize icyo abivugaho Perezida wa Madagascar, Andry Rojoeline yatangarije abanyagihugu be ko adafite kwegura, anabasaba gukundana no gukunda igihugu cyabo kugira ngo cyekubamo...

Read moreDetails

Ijambo Abarabu ryaciwe muri Misiri

by Bahanda Bruce
October 14, 2025
0
Ijambo Abarabu ryaciwe muri Misiri

Ijambo Abarabu ryaciwe muri Misiri Ijambo Abarabu rigiye gukurwa mu izina ry'igihugu cya Misiri, aho ryari rimenyerewe cyane nka Repubulika y'Abarabu ya Misiri, nk'uko bikomeje gucikana kumbuga nkoranyambaga...

Read moreDetails
Next Post
Uwashinjwaga kuba ishyano ku Banya-Bibogobogo ntakiriho.

Uwashinjwaga kuba ishyano ku Banya-Bibogobogo ntakiriho.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?