• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Agahenge ko guhagarika intambara mu Burasirazuba bwa RDC, Amerika yatangaje ko kongerewe.

minebwenews by minebwenews
December 15, 2023
in Regional Politics
1
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hongerewe ibyumweru bibiri, guhagarika imirwano mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, k’uruhande rw’Ingabo za Kinshasa na M23.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ibiro bya perezida wa leta Zunze Ubumwe za Amerika, White House, ubushize bari batangaje ko hatanzwe amasaha 72 yagahenge ka mahoro hagati y’impande zibiri zirwana M23 na FARDC.

Bikaba byaratangiye kubahirizwa guhera igihe c’isaha z’igicamunsi ku wa Mbere, tariki 11/12/2023, kugeza uyumunsi k’uwa Gatanu, tariki 15/12/2023. Nk’uko ikinyamakuru cya Reuters, kimaze kubitangaza kivuze ko na none Amerika yongeye gutangaza ko hongejwe iminsi i Cyumi nine(14) yo guhagarika intambara hagati ya M23 n’ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo ( FARDC).

Ati: “Habaye kubahiriza ariya amasaha 72 dushimiye impande zombi. Twongeye kubasaba kubahiriza kandi mugihe cy’Iminsi 14.”

Mw’ijoro rya keye Ambasaderi wa leta Zunze Ubumwe za Amerika, i Kinshasa, yari yashimiye abakuru b’ibihugu byombi, perezida w’u Rwanda, Paul Kagame na Tshisekedi wa RDC.

Abashimira kuba baragize uruhare runini kugira ngo habe kubahiriza amasezerano yo guhagarika intambara mu Burasirazuba bwa RDC, mugihe cya masaha 72.

Gusa nubwo biruko i Kibumba ingabo zirarebana ayingwe hagati ya M23 n’ihuriro ry’ingabo za Guverinoma ya Kinshasa, nimugihe ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo, zishinjwa kuba zashize abasirikare babo mubice birimo M23.

Ibi baye kandi mugihe hasigaye iminsi itanu ngo Amatora abe muri RDC.

Bruce Bahanda.

Tags: 14AmerikaFardcIbyumweru bibiriKongereweM23Mu BurasirazubaRdcYatangaje ko agahenge
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post

Hashinzwe umutwe wa Politike, ufite n'igisirikare, ukaba ugamije gushiraho iherezo rya leta ya Kinshasa.

Comments 1

  1. tlover tonet says:
    2 years ago

    Great site. Lots of helpful info here. I¦m sending it to several friends ans additionally sharing in delicious. And of course, thanks in your effort!

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?