Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Agahenge ko guhagarika intambara mu Burasirazuba bwa RDC, Amerika yatangaje ko kongerewe.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 15, 2023
in Regional Politics
1
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hongerewe ibyumweru bibiri, guhagarika imirwano mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, k’uruhande rw’Ingabo za Kinshasa na M23.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ibiro bya perezida wa leta Zunze Ubumwe za Amerika, White House, ubushize bari batangaje ko hatanzwe amasaha 72 yagahenge ka mahoro hagati y’impande zibiri zirwana M23 na FARDC.

Bikaba byaratangiye kubahirizwa guhera igihe c’isaha z’igicamunsi ku wa Mbere, tariki 11/12/2023, kugeza uyumunsi k’uwa Gatanu, tariki 15/12/2023. Nk’uko ikinyamakuru cya Reuters, kimaze kubitangaza kivuze ko na none Amerika yongeye gutangaza ko hongejwe iminsi i Cyumi nine(14) yo guhagarika intambara hagati ya M23 n’ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo ( FARDC).

Ati: “Habaye kubahiriza ariya amasaha 72 dushimiye impande zombi. Twongeye kubasaba kubahiriza kandi mugihe cy’Iminsi 14.”

Mw’ijoro rya keye Ambasaderi wa leta Zunze Ubumwe za Amerika, i Kinshasa, yari yashimiye abakuru b’ibihugu byombi, perezida w’u Rwanda, Paul Kagame na Tshisekedi wa RDC.

Abashimira kuba baragize uruhare runini kugira ngo habe kubahiriza amasezerano yo guhagarika intambara mu Burasirazuba bwa RDC, mugihe cya masaha 72.

Gusa nubwo biruko i Kibumba ingabo zirarebana ayingwe hagati ya M23 n’ihuriro ry’ingabo za Guverinoma ya Kinshasa, nimugihe ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo, zishinjwa kuba zashize abasirikare babo mubice birimo M23.

Ibi baye kandi mugihe hasigaye iminsi itanu ngo Amatora abe muri RDC.

Bruce Bahanda.

Tags: 14AmerikaFardcIbyumweru bibiriKongereweM23Mu BurasirazubaRdcYatangaje ko agahenge
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post

Hashinzwe umutwe wa Politike, ufite n'igisirikare, ukaba ugamije gushiraho iherezo rya leta ya Kinshasa.

Comments 1

  1. tlover tonet says:
    2 years ago

    Great site. Lots of helpful info here. I¦m sending it to several friends ans additionally sharing in delicious. And of course, thanks in your effort!

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?