• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Agezweho i Mulenge, ya nkumi yarekuwe, menya nuko umutekano wifashe muri icyo gice.

minebwenews by minebwenews
May 31, 2025
in Conflict & Security
0
Agezweho i Mulenge, ya nkumi yarekuwe, menya nuko umutekano wifashe muri icyo gice.
92
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Agezweho i Mulenge, ya nkumi yarekuwe, menya nuko umutekano wifashe muri icyo gice.

You might also like

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo

Umukobwa wo ku Ndondo ya Bijombo, Nyamanoro, uwari uheruka gufatwa arafungwa, aho yashinjwaga gucyura umugambi wo gushaka kwivugana abayobozi bo muri Twirwaneho akoresheje uburiganya, yarekuwe.

Nyamanoro yababariwe aha’rejo ku wa gatanu, aho yaramaze hafi iminsi ibiri afunzwe, kuko yatawe muri yombi mu gitondo cyo ku wa gatatu tariki ya 28/05/2025, akaba yarafungiwe mu Mikenke.

Bivugwa ko uyu mukobwa yafashwe avuye ku Ndondo ya Bijombo, aho bisobanurwa ko yari yatumwe n’abakorera mu kwaha k’u butegetsi bwa Perezida Felix Tshisekedi kubashakira nimero telefone z’abamwe mu bayobozi b’uyu mutwe wa Twirwaneho mu Minembwe.

Ndetse aya makuru yavugaga ko yatumwe kubashakira cyane cyane inimero za Brigadier General Sematama uzwi cyane nk’Intare-Batinya.

Ni amakuru yahamyaga ko yahawe n’ibihembo kugira ngo azabashakire izo nimero, nubwo ibyo bihembo bitavuzwe ibyaribyo.

Irekurwa rye, amakuru amwe avuga ko iperereza ryasanze ari umwere, mu gihe andi makuru na yo ahamya ko abayobozi ba Twirwaneho bari bamufunze ba mubabariye.

Uyu Nyamanoro wari watawe muri yombi, ni uwo mu gace ka Kajembwe ko muri Grupema ya Bijombo, teritware ya Uvira; aka gace gasanzwe kagenzurwa n’umutwe witwara gisirikare wa Gumino, uyobowe na Nyamusaraba uwo bivugwa ko akoreshwa na Leta y’i Kinshasa, kabone nubwo ari inyeshyamba.

Ubwo yatabwaga muri yombi, icyo gihe byavuzwe ko yasanganwe n’ibimenyetso biranga ko aziranye n’abo muri Gumino, kuko yarafite amanimero yabo kandi biranga ko bavuganaga, bityo bigakekwa ko Leta y’i Kinshasa ko yaba yarakoresheje Gumino mu guha uriya mukobwa iyo misiyo.

Kajembwe yaturutsemo iherereye mu ntera y’i birometero bibarirwa muri 85 uvuye muri Minembwe centre. Usibye kuba Kajembwe iherereye kure n’u mujyi wa Minembwe, gurupema ya Bijombo ibarizwaml igenzurwa n’Ingabo za Congo(FARDC) n’iz’u Burundi(FDNB).

Kuba Leta ishaka amanimero telefone zabo muri Twirwaneho, ni mu rwego rwo kugira ngo ibagabeho ibitero byo kubarimbura ikoresheje indege zitagira abapilote zizwi nka drones. Ibi yarabikoresheje kandi ubwo yivuganaga uwari umuyobozi mukuru wa Twirwaneho, Rukunda Michel Makanika, mu kwezi kwa kabiri uyu mwaka.

Hagataho, uduce twa Rugezi, Mikenke n’inkengero za centre ya Minembwe twari tugize iminsi tuberamo imirwano kuva mu cyumweru gishize no mu ntangiriro z’iki turimo ndetse no mu cyumweru cyo hirya, uyu munsiho n’ejo ku wa gatanu, twaranzwemo ituze n’amahoro. Kimwecyo, biravugwa ko Nyamusaraba ko yazamukanye abasirikare benshi b’u Burundi kandi ko abakuye i Bujumbura, ngo akaba ahigiye kugaba ibitero kuri Twirwaneho mu Bijabo, Mikenke n’ahandi.

Ikindi nuko ku bari mu Rugezi bakomeje kurangiza ibice bigenzurwa n’uruhande rwa Leta imisozi n’amashyamba biri gushya, n’ikirere cyaho cyahindutse urwotsi, ubundi bakakirangizamo ibirimi by’umuriro. Kugeza ubu abarangiza ibi ntacyo bashobora kubivugaho, usibye gukekeka ko ari ugutwika gusanzwe, nk’uko bihora bikorwa igihe cyo muci.

Ibice biri kurangizikamo uwo muriro ni ibya Matanganika, Gitumba, Kabanju n’ibindi byo muri ibyo bice.
Ngayo nguko uko byifashe i Mulenge iwabo w’Abanyamulenge.

Tags: BijomboMinembweNyamanoroNyamusaraba
Share37Tweet23Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje” Olivier Rumenge Rugeyo, wahoze ahatanira kuba umudepite mu karere ka Fizi, yongeye...

Read moreDetails

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda Amakuru mashya aturuka mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo yemeza ko ihuriro rya Alliance Fleuve Congo,...

Read moreDetails

Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo

Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23/MRDP-Twitwaneho) ryamaze kwigarurira umujyi wa Uvira, nubwo hari uduce duke...

Read moreDetails

AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: "Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose" Mu itangazo ryasohowe kuri uyu wa kabiri, umutwe wa AFC/M23 watangaje ko ibiri kuba hirya no...

Read moreDetails

Uvira mu Marembera: Inzobere Ziraburira ko Ifatwa ry’Umujyi Ryagira Ingaruka Zikomeye ku Burundi n’Akarere

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Uvira mu Marembera: Inzobere Ziraburira ko Ifatwa ry’Umujyi Ryagira Ingaruka Zikomeye ku Burundi n’Akarere

Uvira mu Marembera: Inzobere Ziraburira ko Ifatwa ry’Umujyi Ryagira Ingaruka Zikomeye ku Burundi n’Akarere Amakuru aturuka mu bayobozi b’ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) avuga ko uyu mutwe ushobora...

Read moreDetails
Next Post
Umuganga ufite amateka y’ihariye kuri iy’isi yapfuye.

Umuganga ufite amateka y'ihariye kuri iy'isi yapfuye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?