• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Agezweho y’u rugamba rukaze ruri kubera i Walungu muri Kivu y’Epfo.

minebwenews by minebwenews
April 23, 2025
in Conflict & Security
0
AFC/M23 yatangije operasiyo idasanzwe ku ihuriro ry’ingabo za Congo.
93
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Agezweho y’u rugamba rukaze ruri kubera i Walungu muri Kivu y’Epfo.

You might also like

Ingabo za Amerika mu Biganiro Bikomeye by’Ubufatanye n’Iza FARDC

Ibisasu bya Drone ya FARDC Byatewe mu Baturage hafi ya Minembwe, Impungenge Ziyongera ku Mutekano w’Abasivili

Amashusho Yatumye Kapiteni wa FARDC Akatirwa Igifungo cy’Imyaka 20

Amakuru aturuka i Walungu muri Kivu y’Amajyepfo, avuga ko abarwanyi bo mu mutwe wa M23 bigaruriye uduce twaho tune, ndetse kandi ko bari gusatira no gufata umujyi wa Kaziba ufatwa nk’igice gikomeye cyo muri iyi teritware.

Ni mu mirwano ikomeye yabaye hagati ya M23 n’ihuriro ry’ingabo za Congo, aho amakuru yemeza ko yatangiye igihe c’isaha z’amanywa yo kuri uyu wa gatatu tariki ya 23/04/2025.

Muri iyi mirwano umutwe wa M23 wabohoje uduce turimo Luciga, Katope, umusozi wa Nangando na Ngali. Utwo duce kwari tune, duherereye mu nkengero za centre ya Kaziba muri teritware ya Walungu.

Aya makuru akomeza avuga ko n’igice cya Kaziba ubwacyo, mu mwanya muto ushyize abarwanyi b’uyu mutwe wa M23 bari bakigeze mu marembo yacyo, kuburyo ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa RDC zakigenzuraga, zamaze ku kuvamo zihunga.

Iyi mirwano ije ikurikira iheruka kubera i Nyangenzi, nyuma yuko iri huriro ry’Ingabo za Congo ( FARDC, FDLR, ingabo z’u Burundi na Wazalendo) zayigabyemk ibitero ziturutse i Kaziba. Uyu mutwe ubisubiza inyuma, ndetse wigarurira n’imisozi ya ihanamiye iki gice cya Nyangenzi.

Imirwano yabaye uyu munsi yongeye gutuma abaturage benshi bahunga, aho bari guhunga berekeza i Uvira ahimuriwe ibiro bikuru by’intara ya Kivu y’Amajyepfo ku rwego rw’igihugu.

Mu gihe M23 yakwigarurira iki gice cya Kaziba, byaba bibaye ku nshuro ya 2, kuko tariki ya 12/03/2025, ni bwo yari gifashe ku nshuro ya mbere, iza ku cyikuramo kuko yahise ikomeza igana mu Minembwe.

Tubibutsa ko Kaziba ni cheferi imwe mu macheferi abiri agize teritware ya Walungu. Iyi Kaziba ikaba isanzwe ituwe ahanini n’Abashi ndetse n’Abasharishari.

Tags: ImirwanoM23Walungu
Share37Tweet23Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ingabo za Amerika mu Biganiro Bikomeye by’Ubufatanye n’Iza FARDC

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ingabo za Amerika mu Biganiro Bikomeye by’Ubufatanye n’Iza FARDC

Ingabo za Amerika mu Biganiro Bikomeye by’Ubufatanye n’Iza FARDC Ubuyobozi bw’Ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika zishinzwe ubufatanye na Afurika (AFRICOM) buri gusuzuma uburyo bwimbitse bwo kongera...

Read moreDetails

Ibisasu bya Drone ya FARDC Byatewe mu Baturage hafi ya Minembwe, Impungenge Ziyongera ku Mutekano w’Abasivili

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ibisasu bya Drone ya FARDC Byatewe mu Baturage hafi ya Minembwe, Impungenge Ziyongera ku Mutekano w’Abasivili

Ibisasu bya Drone ya FARDC Byatewe mu Baturage hafi ya Minembwe, Impungenge Ziyongera ku Mutekano w’Abasivili Amakuru yizewe aturuka mu misozi miremire y’i Mulenge, mu Ntara ya Kivu...

Read moreDetails

Amashusho Yatumye Kapiteni wa FARDC Akatirwa Igifungo cy’Imyaka 20

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Amashusho Yatumye Kapiteni wa FARDC Akatirwa Igifungo cy’Imyaka 20

Amashusho Yatumye Kapiteni wa FARDC Akatirwa Igifungo cy’Imyaka 20 Kapiteni Buba Ambwa Jean Denis, umusirikare ufite ipeti rya Kapiteni mu Ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC),...

Read moreDetails

“Nyuma ya Uvira, tuzafata Bukavu, Goma na Bunagana” – Guverineri Pelusi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
“Nyuma ya Uvira, tuzafata Bukavu, Goma na Bunagana” – Guverineri Pelusi

“Nyuma ya Uvira, tuzafata Bukavu, Goma na Bunagana” – Guverineri Pelusi Guverineri w’Intara ya Kivu y’Amajyepfo, Jean-Jacques Pelusi, yagarutse mu mujyi wa Uvira kuri uyu wa Gatanu, tariki...

Read moreDetails

FARDC, FDLR, Ingabo z’u Burundi na Wazalendo Zakubitiwe kuri Point Zero

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
FARDC, FDLR, Ingabo z’u Burundi na Wazalendo Zakubitiwe kuri Point Zero

FARDC, FDLR, Ingabo z’u Burundi na Wazalendo Zakubitiwe kuri Point Zero Amakuru yizewe aturuka mu gace ka Point Zero, mu nkengero za santere ya Minembwe, aravuga ko kuri...

Read moreDetails
Next Post
Congolese Forces Regroup for Renewed Attacks on Twirwaneho and M23 in Mikenke After Fleeing Wednesday Clashes

Mu misozi ya Fizi, ihuriro ry'ingabo za Congo zayihuriyemo n'uruva gusenya.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?