Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Agezweho y’u rugamba rukaze ruri kubera i Walungu muri Kivu y’Epfo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
April 23, 2025
in Conflict & Security
0
AFC/M23 yatangije operasiyo idasanzwe ku ihuriro ry’ingabo za Congo.
93
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Agezweho y’u rugamba rukaze ruri kubera i Walungu muri Kivu y’Epfo.

You might also like

Umusirikare wa FARDC yishe bagenzi be i Kisangani.

Uvira ngo yaba igiye gufatwa cyangwa ni amayeri Leta y’i Kinshasa irimo gukoresha, ibirambuye

Mu Gipupu hubuye imirwano ikaze.

Amakuru aturuka i Walungu muri Kivu y’Amajyepfo, avuga ko abarwanyi bo mu mutwe wa M23 bigaruriye uduce twaho tune, ndetse kandi ko bari gusatira no gufata umujyi wa Kaziba ufatwa nk’igice gikomeye cyo muri iyi teritware.

Ni mu mirwano ikomeye yabaye hagati ya M23 n’ihuriro ry’ingabo za Congo, aho amakuru yemeza ko yatangiye igihe c’isaha z’amanywa yo kuri uyu wa gatatu tariki ya 23/04/2025.

Muri iyi mirwano umutwe wa M23 wabohoje uduce turimo Luciga, Katope, umusozi wa Nangando na Ngali. Utwo duce kwari tune, duherereye mu nkengero za centre ya Kaziba muri teritware ya Walungu.

Aya makuru akomeza avuga ko n’igice cya Kaziba ubwacyo, mu mwanya muto ushyize abarwanyi b’uyu mutwe wa M23 bari bakigeze mu marembo yacyo, kuburyo ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa RDC zakigenzuraga, zamaze ku kuvamo zihunga.

Iyi mirwano ije ikurikira iheruka kubera i Nyangenzi, nyuma yuko iri huriro ry’Ingabo za Congo ( FARDC, FDLR, ingabo z’u Burundi na Wazalendo) zayigabyemk ibitero ziturutse i Kaziba. Uyu mutwe ubisubiza inyuma, ndetse wigarurira n’imisozi ya ihanamiye iki gice cya Nyangenzi.

Imirwano yabaye uyu munsi yongeye gutuma abaturage benshi bahunga, aho bari guhunga berekeza i Uvira ahimuriwe ibiro bikuru by’intara ya Kivu y’Amajyepfo ku rwego rw’igihugu.

Mu gihe M23 yakwigarurira iki gice cya Kaziba, byaba bibaye ku nshuro ya 2, kuko tariki ya 12/03/2025, ni bwo yari gifashe ku nshuro ya mbere, iza ku cyikuramo kuko yahise ikomeza igana mu Minembwe.

Tubibutsa ko Kaziba ni cheferi imwe mu macheferi abiri agize teritware ya Walungu. Iyi Kaziba ikaba isanzwe ituwe ahanini n’Abashi ndetse n’Abasharishari.

Tags: ImirwanoM23Walungu
Share37Tweet23Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Umusirikare wa FARDC yishe bagenzi be i Kisangani.

by Bruce Bahanda
July 13, 2025
0
Umusirikare wa FARDC yishe bagenzi be i Kisangani.

Umusirikare wa FARDC yishe bagenzi be i Kisangani. Umusirikare wa Repubulika ya demokarasi ya Congo yarashe bagenzi be batatu babiri bahasiga ubuzima undi umwe arakomereka bikabije, ibi bikaba...

Read moreDetails

Uvira ngo yaba igiye gufatwa cyangwa ni amayeri Leta y’i Kinshasa irimo gukoresha, ibirambuye

by Bruce Bahanda
July 13, 2025
0
Uvira bari mu marira menshi nyuma y’aho FARDC yishe irashe umuyobozi waho ukomeye.

Uvira ngo yaba igiye gufatwa cyangwa ni amayeri Leta y'i Kinshasa irimo gukoresha, ibirambuye. Ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo bwashinje ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23...

Read moreDetails

Mu Gipupu hubuye imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 12, 2025
0
Ingabo z’u Burundi zagaruye Inka zari zanyazwe.

Mu Gipupu hubuye imirwano ikaze. Amakuru aturuka mu Gipupu mu gice kigenzurwa n'ihuriro ry'imitwe yitwaje intwaro yibumbiye mu ciswe Wazalendo izwiho ubufatanye bwa bugufi n'Ingabo za Leta ya...

Read moreDetails

Byinshi ku ngabo za FARDC, FDLR na Wazalendo zoherejwe mu duce du tatu two mu misozi ya Rurambo.

by Bruce Bahanda
July 12, 2025
0
Byinshi ku ngabo za  FARDC, FDLR na Wazalendo zoherejwe mu duce du tatu two mu misozi ya Rurambo.

Byinshi ku ngabo za FARDC, FDLR na Wazalendo zoherejwe mu duce du tatu two mu misozi ya Rurambo. Grupema zibiri iya Runingu n'iya Kigoma ziherereye muri teritware ya...

Read moreDetails

Icyo uruzinduko rwa Commandant secteur mu Bibogobogo rugamije.

by Bruce Bahanda
July 12, 2025
0
Icyo uruzinduko rwa  Commandant secteur mu Bibogobogo rugamije.

Icyo uruzinduko rwa Commandant secteur mu Bibogobogo rugamije. Commandant secteur wungirije, uruzinduko yagiriye mu Bibogobogo agace gatuwe cyane n'Abanyamulenge, rugamije ahanini gukora controle cyangwa se ibarura ry'abasirikare ba...

Read moreDetails
Next Post
Congolese Forces Regroup for Renewed Attacks on Twirwaneho and M23 in Mikenke After Fleeing Wednesday Clashes

Mu misozi ya Fizi, ihuriro ry'ingabo za Congo zayihuriyemo n'uruva gusenya.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?