• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 3, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Aka-Biroze-Bishambuke kashobotse n’ubu bari kurasana byakaze ibyabo.

minebwenews by minebwenews
June 28, 2025
in Conflict & Security
0
Rwongeye kwambikana bikomeye hagati y’Ingabo za RDC na AFC/M23.
86
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Aka-Biroze-Bishambuke kashobotse n’ubu bari kurasana byakaze ibyabo.

You might also like

Dore Aho Imirwano Ikomeye Hagati ya FARDC na AFC/M23 Yabereye, Abasirikare n’Abasivili Batangiye Guhungira i Burundi

Ibisasu by’ingabo za FARDC n’izu Burundi byahitanye abasivile i Kamanyola, M23 ishinja Leta Gukora Jenoside

Umutekano Urimo Kujegajega i Uvira, Abasirikare Bakuru ba FARDC Berekeje iy’ubuhungiro

Abarwanyi bava mu bwoko bw’Abapfulelo bafite itsinda rizwi nka Biroze-Bishambuke basubiranyemo baramarana, nyuma yo kwica umukobwa mwenewabo wa Colonel Ngomanzito Umuyobozi mukuru w’aba barwanyi bo muri Biroze-Bishambuke muri teritware ya Fizi.

Bikubiye mu makuru MCN ikesha abatuye mu Rugezi haherereye hafi n’i Gasiro aho Biroze-Bishambuke yasubiranyemo yica irashe umukobwa mwenewabo wa Colonel Ngomanzito, bica kandi n’undi mu komanda muto wo muri uyu mutwe wa Biroze-Bishambuke.

Nk’uko babivuga bagize bati: “Bishe barashe umukobwa w’Umupfulelo ufitanye isano rya hafi na Col.Ngomanzito, bica n’umukomanda wari uyoboye ibatayo ya Wazalendo. Ibyo byabereye i Gasiro.”

Bagize kandi bati: “Nyuma y’aho bishe uwo mukobwa n’uwo mukomando, abegereye cyane Col. Ngomanzito barahoye.”

Aya makuru akomeza avuga ko iri subiranamo ryakomotse ku byo Wazalendo bari babuguje mu isoko ya kane isanzwe iremera i Gasiro. Ntihazwi umubare w’ibyo bari buguje, gusa bizwi ko aribyo byabaye intandaro y’iryo subiranamo.

Ni amakuru kandi avuga ko nubwo uriya mukobwa yabigendeyemo araraswa arapfa, ariko iri korogana ryari hagati ya komanda batayo waha i Gasiro n’undi mu komanda witwa na Nakuku Mamba. Kandi aba bombi n’abo baje kuraswa barapfa.

Ibi byanatumye Col. Ngomanzito ahamagarwa i Uvira, kugira ngo aje gusobanura iki kibazo.

Ati: “Barasanye bamaranye. Twamenye ko Ngomanzito yahamagajwe i Uvira gusobanura iki kibazo, abarwanyi be bagize.”

Iri subiranamo ry’aba barwanyi, amakuru avuga ko ryakomereje no mu bindi bice kuko n’ubu bari kurasana mu Gitumba ugana mu Kabanju haherereye mu majy’Epfo ashyira uburengerazuba bwa komine ya Minembwe.

Umutangabuhamya yagize ati: “Kano kanya ku mugoroba wo kuri uyu wa gatandatu, bari kurasana mu Gitumba. Ibyabo byakomeye.”

Uko kurasana hagati y’aba barwanyi mu Gitumba, byatangiye igihe cya saa kumi nebyiri n’igice zo kuri uyu mugoroba.

Kimwecyo, ntiharamenyekana ibyoba byangirikiye muri iryo rasana riri kubera mu Gitumba. Ariko nk’uko bikomeza bivugwa ni uko hari kumvikana urusaku rw’imbunda rwinshi kandi ziremereye n’izoroheje.

Ku rundi ruhande bivugwa ko bariya barwanyi bo muri Biroze-Bishambuke basubiranyemo i Gasiro mu gihe barimo bategura kugaba ibitero kuri Twirwaneho na M23 mu Rugezi.

Hari nyuma y’ibitero aba barwanyi kandi bari baheruka kugaba kuri iyi mitwe muri icyo gice mu ntangiriro z’iki cyumweru no mu kindi gishize.
Ni ibitero iyi mitwe yombi byarangiye ibisubije inyuma.

Hagataho, turakomeza gukurikirana iyi nkuru kugeza ku iherezo ryayo.

Tags: GasiroIsubiranamoNgimanzitoWazalendo
Share34Tweet22Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Dore Aho Imirwano Ikomeye Hagati ya FARDC na AFC/M23 Yabereye, Abasirikare n’Abasivili Batangiye Guhungira i Burundi

by Bahanda Bruce
December 2, 2025
0
Amasasu yavugiye mu isoko rya Rubanga yateje igihombo gikomeye ku bacuruzi

Dore Aho Imirwano Ikomeye Hagati ya FARDC na AFC/M23 Yabereye, Abasirikare n’Abasivili Batangiye Guhungira i Burundi Imirwano ikaze hagati y’ingabo za Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo...

Read moreDetails

Ibisasu by’ingabo za FARDC n’izu Burundi byahitanye abasivile i Kamanyola, M23 ishinja Leta Gukora Jenoside

by Bahanda Bruce
December 2, 2025
0
Ibisasu by’ingabo za FARDC n’izu Burundi byahitanye abasivile i Kamanyola, M23 ishinja Leta Gukora Jenoside

Ibisasu by’ingabo za FARDC n’izu Burundi byahitanye abasivile i Kamanyola, M23 ishinja Leta Gukora Jenoside Imirwano ikomeje gufata indi ntera hagati y’ihuriro rya AFC/M23 n’ingabo za Leta ya...

Read moreDetails

Umutekano Urimo Kujegajega i Uvira, Abasirikare Bakuru ba FARDC Berekeje iy’ubuhungiro

by Bahanda Bruce
December 2, 2025
0
Umutekano Urimo Kujegajega i Uvira, Abasirikare Bakuru ba FARDC Berekeje iy’ubuhungiro

Umutekano Urimo Kujegajega i Uvira, Abasirikare Bakuru ba FARDC Berekeje iy'ubuhungiro Umwuka w’impungenge n’akaduruvayo ukomeje kwiyongera mu mujyi wa Uvira, mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, nyuma y’uko abasirikare...

Read moreDetails

AFC/M23 Yafashe Uduce Twinshi muri Kivu y’Amajyepfo, Umujyi wa Uvira mu bwoba bwinshi

by Bahanda Bruce
December 2, 2025
0
AFC/M23 Yafashe Uduce Twinshi muri Kivu y’Amajyepfo, Umujyi wa Uvira mu bwoba bwinshi

AFC/M23 Yafashe Uduce Twinshi muri Kivu y’Amajyepfo, Umujyi wa Uvira mu bwoba bwinshi Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rikomeje kwagura ibice rigenzura mu burasirazuba bwa Repubulika ya...

Read moreDetails

FARDC Irashinja AFC/M23 n’u Rwanda Gukora Ibitero Bikaze muri Kivu y’Amajyepfo, Ariko Abaturage Bemeza Ibinyuranye

by Bahanda Bruce
December 2, 2025
0
FARDC Irashinja AFC/M23 n’u Rwanda Gukora Ibitero Bikaze muri Kivu y’Amajyepfo, Ariko Abaturage Bemeza Ibinyuranye

FARDC Irashinja AFC/M23 n’u Rwanda Gukora Ibitero Bikaze muri Kivu y’Amajyepfo, Ariko Abaturage Bemeza Ibinyuranye Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) zasohoye itangazo kuri uyu wa...

Read moreDetails
Next Post
AFC/M23 yabohoje akandi gace muri Kivu y’Epfo.

M23 yafashe utundi duce twinshi two muri Kivu y'Amajyepfo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?