Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Aka kanya M23 iri gukoza imitwe y’intoki ku mujyi wa Goma.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 26, 2025
in Regional Politics
0
Aka kanya M23 iri gukoza imitwe y’intoki ku mujyi wa Goma.
120
SHARES
3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

M23 iri gukoza imitwe y’intoki ku mujyi wa Goma.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Umutwe wa M23 umaze igihe uhanganye n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta mu ntara ya Kivu Yaruguru, wafashe uduce turi mu marembo y’umujyi wa Goma, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Muri iki gitondo cyo ku Cyumweru tariki ya 26/01/2025, mu bice byo muri teritware ya Nyiragongo, ibyari bigize igihe biberamo ihangana rikomeye hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo za RDC, byazindutse biberamo urugamba rukomeye hagati y’izo mpande zombi, birangira uyu mutwe ubifashe.

Amakuru Minembwe.com imaze kwakira yizewe avuga ko “iri ihuriro ry’ingabo za Leta riri guhunga riva mu bice byo muri grupema ya Kibumba ho muri teritware ya Nyiragongo.”

Nyuma y’aho iryo huriro rikijijwe n’amaguru rihunga muri ibyo bice byo muri teritware ya Nyiragongo, abarwanyi b’uyu mutwe wa M23 bahise babyigarurira.

Ibyo bice birimo Kanyamahoro, Mutaho, Rusayo na Kanyarucinya. Bikaba bizwi ko ibyo bice biherereye mu marembo y’umujyi wa Goma ufatwa nk’umurwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Aya makuru anavuga kandi ko ihuriro ry’Ingabo za RDC, imbunda ryifashishaga zikomeye mu gukumira umutwe wa M23 udafata umujyi wa Goma, ryazishinguye, uzihungishiriza muri uwo mujyirwagati.

Kuri ubu abarwanyi b’uyu mutwe bakomeje kurwana berekeje i Goma.

Umuvugizi wa M23 muri iki gitondo, yatanze ubutumwa amenyesha ihuriro ry’Ingabo za RDC ko zigomba kwibuka ko amasaha 48 barihaye ryo kuba ryarambitse imbunda hasi, yegereje.

Avuga ko uyu mutwe wa M23 ushaka kubohora abaturage ba Goma bagize igihe bababaye, kandi ko abo baturage akaga bagizemo igihe bagatewe n’ingabo z’iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo (FARDC).

Tags: FardcGoma
Share48Tweet30Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
M23 yafunze ikibuga cy’indege cya Goma.

M23 yafunze ikibuga cy'indege cya Goma.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?