• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Aka kanya M23 iri gukoza imitwe y’intoki ku mujyi wa Goma.

minebwenews by minebwenews
January 26, 2025
in Regional Politics
0
Aka kanya M23 iri gukoza imitwe y’intoki ku mujyi wa Goma.
120
SHARES
3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

M23 iri gukoza imitwe y’intoki ku mujyi wa Goma.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Umutwe wa M23 umaze igihe uhanganye n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta mu ntara ya Kivu Yaruguru, wafashe uduce turi mu marembo y’umujyi wa Goma, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Muri iki gitondo cyo ku Cyumweru tariki ya 26/01/2025, mu bice byo muri teritware ya Nyiragongo, ibyari bigize igihe biberamo ihangana rikomeye hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo za RDC, byazindutse biberamo urugamba rukomeye hagati y’izo mpande zombi, birangira uyu mutwe ubifashe.

Amakuru Minembwe.com imaze kwakira yizewe avuga ko “iri ihuriro ry’ingabo za Leta riri guhunga riva mu bice byo muri grupema ya Kibumba ho muri teritware ya Nyiragongo.”

Nyuma y’aho iryo huriro rikijijwe n’amaguru rihunga muri ibyo bice byo muri teritware ya Nyiragongo, abarwanyi b’uyu mutwe wa M23 bahise babyigarurira.

Ibyo bice birimo Kanyamahoro, Mutaho, Rusayo na Kanyarucinya. Bikaba bizwi ko ibyo bice biherereye mu marembo y’umujyi wa Goma ufatwa nk’umurwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Aya makuru anavuga kandi ko ihuriro ry’Ingabo za RDC, imbunda ryifashishaga zikomeye mu gukumira umutwe wa M23 udafata umujyi wa Goma, ryazishinguye, uzihungishiriza muri uwo mujyirwagati.

Kuri ubu abarwanyi b’uyu mutwe bakomeje kurwana berekeje i Goma.

Umuvugizi wa M23 muri iki gitondo, yatanze ubutumwa amenyesha ihuriro ry’Ingabo za RDC ko zigomba kwibuka ko amasaha 48 barihaye ryo kuba ryarambitse imbunda hasi, yegereje.

Avuga ko uyu mutwe wa M23 ushaka kubohora abaturage ba Goma bagize igihe bababaye, kandi ko abo baturage akaga bagizemo igihe bagatewe n’ingabo z’iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo (FARDC).

Tags: FardcGoma
Share48Tweet30Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
M23 yafunze ikibuga cy’indege cya Goma.

M23 yafunze ikibuga cy'indege cya Goma.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?