Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Aka Nama ka L’ONI, gashinzwe amahoro kw’isi kasabye ko hoba ibiganiro hagati ya Kigali na Kinshasa.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
October 17, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Aka Nama k’Umuryango wa L’ONI, gashinzwe Umutekano kw’Isi, kasabye ko hoba ibiganiro hagati ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo na leta ya Kigali, kubw’amahoro arambye mu karere kanashimangira akamaro ko gukemura ibibazo bya politiki muri iki gihe, ndetse gasaba guhagarika gutera inkunga imitwe irimo M23 na FDLR k’uruhande rwa Kinshasa.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Aka kanama kavuga ko gashigikiye ingufu z’akarere mu gushakisha amahoro kandi gasaba imitwe yitwaje intwaro yose muri Congo kugira uruhare muri urwo rugendo nk’uko iyi nkuru dukesha urubuga rw’Umuryango w’Abibumbye ivuga.

Kuri uyu wa Mbere, tariki 16/10/ 2023, Akanama k’Umutekano k’Umuryango w’Abibumbye kemeje itangazo rya perezida kuri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, gashimira ibikorwa by’ingabo z’Umuryango wa L’oni, muri Congo kandi byongera guhamagarira impande zose gukomeza gushira ingufu mu bufatanye bwuzuye n’izi ngabo.

Aka kanama kagizwe n’abanyamuryango 15 kagaragaje ko kiteguye gufata umwanzuro, mu mpera z’uyu mwaka, kandi kabishize imbere, ku hazaza ha MONUSCO no kuva muri Congo buhoro buhoro.

Ku kijyanye n’ikibazo cy’imitwe yitwaje intwaro, Akanama k’Umutekano ka Loni kasabye ko umutwe wa M23, aka kanama kavuga ko kafatiye ibihano, guhagarika ibikorwa byawo no gushira mu bikorwa mu buryo bwihuse imihigo wiyemeje wo kuva mu turere twose wigaruriye, nk’uko byemeranijweho mu Nama ya Luanda.

Aka kanama kandi kamaganye inkunga y’uruhande rwo hanze urwo ari rwo rwose yo gushigikira M23 ndetse ko n’urwo ruhande (rutavuzwe izina) rukava muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, kimwe n’izindi nkunga ku mitwe y’itwaje imbunda nka FDLR, gasaba ko izo nkunga zihagarara.

Akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe Umutekano kashishikarije abayobozi ba Repubulika ya Demokarasi ya Congo gukomeza gutegura, bafatanyije na MONUSCO, amatora yo mu mahoro, aciye mu mucyo, adaheza kandi yizewe ategerejwe mu 2023, nk’uko biteganywa n’Itegeko Nshinga n’amategeko agenga amatora.

Uhagarariye Repubulika ya Demokarasi ya Congo, avuga nyuma y’i Nama y’akanama ka Loni, yibukije ko Perezida Félix Tshisekedi aherutse kwerekana imbere y’Inteko rusange icyerekezo cy’igihugu cye ku bijyanye n’igenda rya MONUSCO, byongeye gushimangirwa na Christophe Lutundala, Minisitiri y’Ububanyi n’Amahanga.

By Bruce Bahanda.

Tags: Aka Nama ka L'ONIGashinzwe amahoro kw'isi kasabye ko hoba Ibiganiro hagati ya Kigali n'u RwandaNoguhagarika gutera inkunga imitwe irimo FDLR
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Ubundi bwato bwongeye kurohama nyuma y'uko kuwa Gatandatu, hari abandi bantu ba barigwa 40 bapfiriye muriyo Mpanuka.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?