• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 7, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Akaryo gake k’Ingabo za FARDC katumye umwe muribo ahasiga ubuzima mu Minembwe.

minebwenews by minebwenews
July 1, 2024
in World News
1
Akaryo gake k’Ingabo za FARDC katumye umwe muribo ahasiga ubuzima mu Minembwe.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Akaryo gake k’Ingabo za FARDC katumye umwe muribo ahasiga ubuzima mu Minembwe.

You might also like

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

Aka kanya Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, zirarasanye umwe muribo ahasiga ubuzima, bibereye mu Minembwe ho mu misozi miremire y’Imulenge mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, nk’uko ubutumwa buhawe MCN bwabariyo bubivuga.

Bavuze ko mu kanya gato gashize ko kuri uyu wa Mbere tariki ya 01/07/2024, ingabo za FARDC ziheruka kugera mu Minembwe, zi simbuye izo muri brigade ya 12, zazamutse mw’irango rya Runundu zivuye mu isantire ya Madegu, zirasa amasasu menshi arimo n’ibibomba, ku bw’ibahati mbi umwe wabo azaguhushirizwaho igisasu kira mukomeretsa aza gupfira mubitaro.

Ubu butumwa bugira buti: “Muri Runundu abasirikare ba FARDC barasanye byonyine, bateye ibomba rikomeretsa umwe wo muribo. Baje no kumumanukana ku bitaro bya Madegu, agezemo avamo umwuka w’abazima.”

Aba basirikare bageze mu Minembwe mu ntangiriro z’iki Cyumweru dusoje, aho ndetse abari basanzwe mu Minembwe bahavuye kuri iki Cyumweru cy’ejo hashize. Aba bakigera mu Minembwe batangiye ibikorwa bibi byo guhohotera Abanyamulenge, kuko bahise bafunga abasore babiri ba Banyamulenge, ndetse kandi ku wa Gatandatu bakoze iki gikorwa cyo kurasagura amasasu hejuru.

Nk’uko byasobanuwe nuko iryo rasagura babikora mu rwego rwo gucokoza Twirwaneho, kuko no mu kurasa ayo masasu bayerekeza mu bice biherereyemo imihana irimo iyi Twirwaneho.

Ndetse kandi binavugwa ko aba basirikare ko batumwe muri ibyo bice kugira ngo barwanye Abanyamulenge b’irwanaho.

        MCN.
Tags: Akaryo gake k'Ingabo za FARDCRunundu
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails

Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

by minebwenews
August 31, 2025
0
Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

Kubera telefone minisitiri w'intebe wa Thailand yegujwe Urukiko rw'ikirenga rwo muri Thailand rwafashe icyemezo cyo kweguza minisitiri w'intebe w'iki gihugu, Poetongtarn Shinawatra, kubera ikiganiro cya telefone yagiranye na...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Félix Tshisekedi wa RDC, yasabwe kwisobanura ku mpamvu z’uko M23 ikomeje kwigarurira ibice byinshi!

Perezida Félix Tshisekedi wa RDC, yasabwe kwisobanura ku mpamvu z'uko M23 ikomeje kwigarurira ibice byinshi!

Comments 1

  1. Bashimbe says:
    1 year ago

    Naruhuke

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?