• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, December 11, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Alexis Tambwe Mwamba, ngo abavuga k’ubwenegihugu bwa Moïse Katumbi, ngo kwaba ari ukwigiza nkana, naho L’ONI yafatiye ibihano Abayobozi babiri bo mu mutwe wa M23 na FDLR.

minebwenews by minebwenews
October 26, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Alexis Tambwe Mwamba, wabayeho minisitire w’ubutabera muri RDC akaba yarigeze no kuba munyeshamba zo mu mutwe wa RCD Goma, yemejeko iwe ubwiwe yigeze guha ibyangombwa by’ubwenegihugu bwa Congo, Moïse Katumbi .

You might also like

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Tambwe, yakomeje ashimangira ko Moïse Katumbi, ko yaba afite n’ubwene gihugu bw’u Butariyani ariko ahamya ko atabifitiye gihamya.

K’ubwa Alexis Tambwe Mwamba ngo abaja impaka kubwenegihugu bwa Moïse Katumbi, ngokwaba ari ugukoresha uburyarya no kwigiza nkana.

Ibi yabivuze mugihe Noël Tschiani asohoye ikirego kirega Moïse katumbi, kuba afite ubwenegihugu bw’Abataliani, ndetse ubu hakaba harimo kwigwa kuma Kase (Dossier) yabatanze kandidatire zabo yokuzatorerwa kuba umukuru w’igihugu ca RDC.

Ibi bibaye mugihe umuryango wa L’ONI, kuri uyu wa Gatatu, tariki 25/10/2023, watangaje ko wafatiye ibihano abayobozi bakuru barimo uwa M23 n’uwa FDLR M’uburasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

Abo uyu muryango watangaje ko wahanye ni Brigadier General, Bérnard Maheshe Byamungu wa M23 na Protogène Ruhinda, wa FDLR.

Brig Gen Byamungu w’imyaka 49 y’amavuko, asanzwe ari Umugaba Mukuru wungirije w’Ingabo za M23 ushinzwe ibikorwa n’ubutasi.

Uyu musirikare wahoze ari Colonel muri FARDC mbere yo kuyitoroka akihuza na M23, m’ukwezi kwa Mbere uyu mwaka(2023) ni bwo yazamuwe mu ntera mbere yo kugirwa icyegera cya Gen Sultani Makenga.

L’ONI, imushinja kuba ari we upanga ibikorwa byose bya M23 ku butaka bwa RDC, ndetse ikanibutsa ko Leta y’iki gihugu yanamushiriyeho impapuro zo kumuta muri yombi.

Ibihano yamufatiye bije byiyongera ku byo yafatiwe n’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi m’ukwezi kwa Karindwi(7) uyu mwaka.

Colonel Ruvugayimikore Protogène alias Ruhinda na we wafatiwe ibihano we asanzwe akuriye umutwe w’abakomando ba FDLR uzwi nka CRAP.

L’ONI, imushinja gukorera k’ubutaka bwa RDC, ibikorwa bigize ihonyora ry’uburenganzira bwa muntu.

Col Ruhinda kuva mu mwaka ushize(2022) yafatiwe ibihano n’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) kubera uruhare rwe mu bibazo by’umutekano M’uburasirazuba bw’iki gihugu ca Congo Kinshasa.

By Bruce Bahanda.

Tags: Alexis Tambwe MwambaNaho L'ONI yafatiye ibihano Abayobozi babiri bo mu mutwe wa M23 na FDLRNgo abavuga k'ubwenegihugu bwa Moïse Katumbi ngo kwaba ari ukwigiza nkana
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails
Next Post

Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa, zashijwe kwica abasivile muri Bambo n'aho M23 yongeye kuyora ibikoresho by'agisirikare ibyatse Ingabo za RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?